Ni umugore w’umwimukira wageze muri Amerika afite imyaka 10 ari kumwe n’ababyeyi, arahigira, arakora, aza no kugera aho atorerwa kujya mu nteko ishinga amategeko ya...
Uyu musore ukomoka muri Senegal yatangiye gukina Basketball mu myaka irindwi gusa ishize, ku burebure bwa metero 2,26 ashobora kuzaba ari we usumba abandi muri ’saison’ nshya ya NBA igiye...
Ku wa Kane, tariki ya 10 Ukwakira 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Marieke Vervoort, Umubiligikazi wari ufite imidari mu marushanwa yo gusiganwa mu tugare tw’abafite ubumuga ya Paralympiques, yarangirijwe ubuzima nkuko yabisabye, yari afite imyaka...
Multi design Group Ltd ni ikigo cy’ubucuruzi cyashyizeho urubuga rukora nkisoko rusange ryo kugurishirizaho imitungo itimukanwa aribyo amazu n’ibibanza. Iki kigo gisanzwe gitanga na serivisi...
Perezida wa Zambia, Edgar Lungu yasabye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ko zakura mu gihugu ayoboye Ambasaderi wayo, nyuma yo kugaragaza ko ashyigikiye ibikorwa by’ubutinganyi kandi bisanzwe bitemewe...
Abanya Zimbabwe b’abimukira babarirwa mu magana baba muri Botswana barimo kwiyandikisha ku bwinshi kugira ngo basubire mu gihugu cyabo kubera inzara yatewe na Coronavirus ibamereye...
Bamwe mu bakora umwuga w’uburaya mu gihugu cy’Ubuhinde mu mujyi wa i Delhi baratangaza ko babayeho nabi ndetse ngo hatagize igikorwa byihuse bamwe aho kwicwa n’inzara baratangira...
Nshuti Ya NEMI TV
Menya byinshi kubijyanye n’ ubwenge budufasha mu mibereho yacu ya buri munsi. Kugira ubwenge Ni amahitamo yawe ntabwo ari kibazo kireba Imana kuko ye yarangije kubugushyira...
Uwari kapiteni wa Rayon Sports,Rutanga Eric yahishuye ko impamvu yatumye ava muri Rayon Sports akerekeza muri Police FC ari uko yanze kumwishyura miliyoni 7 FRW yari imurimo kandi ibizi ko afite...
Nk’uko ikinyamakuru B – Metro kibivuga, ngo Nhlanhla Ndlovu yirukanwe muri Gospel Life Assembles kubera gukekwaho kuba yararyamanye n’abagore benshi bo mu rusengero abereye umuyobozi,ndetse...
Uwari umutoza wa Gasogi United witwa Guy Bukasa,yamaze gusinyira ikipe ya Rayon Sports nyuma y’aho mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ari kumwe na KNC yari yavuze ko yaganiriye n’abayobozi b’iyi...
Kizigenza mu mupira w’amaguru mu Butaliyani by’umwihariko muri Juventus na AC Milan,Andrea Pirlo,niwe wagiriwe icyizere cyo gusimbura Maurizio Sarri mu ikipe ya Juventus mu ijoro ryo kuri uyu wa...
Umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Uganda, Jackie Chandiru uzwi ku izina rya Umwamikazi wa Nili (The Queen of the Nile), ku nshuro ya mbere yatangaje ko yagerageje kwiyahura inshuro enye zose...
Ingabo za Mali zahiritse ku butegetsi Perezida Ibrahim Boubacar Keïta zatangaje ko zishaka gushyiraho leta y’inzibacyuho, mbere yuko habaho amatora mashya.