Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Misiri ryatangaje ko rigiye gutanga ikirengo muri FIFA kubera ibitara by’icyatsi abafana ba Senegal bamurikaga mu maso y’Abakinnyi ba Misiri mu mukino Sénégal...
Umunyabigwi muri ruhago Cristiano Ronaldo ,nyuma yo gufasha Manchester United gutsinda Norwich City ibitego 3-2 mukino wa Premier League ,Cristiano Ronaldo yemerewe agahimbazamusyi k’ibihumbi 850...
Tariki ya 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Rasalie Gicanda yishwe. Umwamikazi Rosalie Gicanda yishwe ku itegeko rya Kapiteni Ildephonse Nizeyimana wari mu kigo cya (ESO) « École des Sous-Officiers”....
Ku mugoroba wo kuri uyu wo ku ya 24 Mata 2022, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yakiriye mu biro bye Entebbe, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda aho abo bombi baganiriye ku mubano w’ibihugu...
Manchester City yamuritse ikibumbano(Statue) cya Sergio kun Aguero bishimira imyaka icumi ishize Aguero atsinze igitego cyatumye Manchester City inganya amanota na Manchester United, ariko Man...
Myugariro w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, Rwatubyaye Abdul, yasinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri, nyuma yo gutandukana n’Ikipe ya FC Shkupi yo muri Macedonia yari amazemo umwaka urengaho....
Real Madrid yaraye yegukanye igikombe gisumbi ibindi ku mugabane w’i Burayi gihuza ikipe yatwaye UEFA Champions League n’iyatwaye UEFA Europa League,aho yatsinze Eintracht Frankfurt ibitego 2-0....
William Samoei Arap Ruto wari usanzwe Visi Perezida w’igihugu ni we wemejwe ko yatsinze amatora ya Perezida wa Repubulika muri Kenya aho yatsinze Raila Odinga watangiye kwiyamamariza uyu mwanya...
Biravugwa ko rutahizamu Musa Camara ukomoka muri Mali ntagihindutse uyu munsi arasinya amasezerano muri Rayon Sports yahoze akinira akanayihesha igikombe cya shampiyona.
Biteganyijwe ko ahita...
Umutoza wa APR FC,Adil Mohammed yavuze ko ari wo mwanya wo gushaka uko bagera ku ntego bihaye mu mikino Nyafurika.
Uyu mugabo wishimiye kuba agiye gutoza bwa mbere yegereye ikibuga,yabwiye...
Umwamikazi Elizabeth II, wari urambye ku ngoma kurusha abandi mu mateka y’Ubwongereza, yatangiye I Balmoral ku myaka 96, nyuma yo kumara ku ngoma imyaka 70.
Elizabeth II watanze kuri uyu wa Kane...
Umusore ukiri muto ukomoka muri Espagne, Carlos Alcaraz yashimangiye ubushobozi bwe muri Tennis yegukana Grand Slam ye ya mbere mu rukerera rwo kuri iki cyumweru.
Alcaraz washimangiye ko ari...
Cristiano Ronaldo yageze ku kindi kintu gikomeye mu mwuga we w’icyubahiro ubwo yatsinda igitego cye cya 700 mu makipe, mu mukino yafashije ikipe ye ya Manchester United gutsinda Everton.
Iki...
Arsenal yagarutse ku mwanya wa mbere wa Premier League nyuma yo gukura intsinzi ikomeye ku kibuga Stamford Bridge itsinze Chelsea igitego 1-0.
Arsenal ikomeje kwitwa n’abakunzi ba ruhago ko ari...
Cameroon yabaye ikipe ya mbere yo muri Afrika yatsinze Brezil mu gikombe cy’isi ariko ntacyo byayimariye kuko yahise iseererwa itarenze amatsinda.
Mu mukino wa nyuma wo mu itsinda G,ikipe ya...
Uwahoze ari ministri w’ingabo z’U Rwanda General Marcel Gatsinzi yatabarutse aguye mu gihugu cy’Ububiligi aho yari amaze iminsi atuye.
Uyu musirikare w’igihe kirekire yanabaye no mu gisirikare...
Real Madrid yamaze kwemeza ko Umufaransa, Karim Mostafa Benzema atazakomezanya nayo nyuma y’imyaka 14 ayikinira. Karim Benzema w’imyaka 35 nyuma y’imyaka 14 I Bernabeu muri Real Madrid yatwariyemo...
Nyuma y’imyaka itanu Leta Zunze Ubumwe za America n’u Bushinwa bitagenderana, Ministiri w’Ububanyi n’Amahanga wa USA, Antony Blinken, yagiriye uruzinduko mu...
Biravugwa ko kuri uyu wa Tanu tariki ya 30 Kamena 2023 , ikipe ya Rayon ports ,izasinyana amasezerano n’ikigo cy’igihugu gishizwe iterambere RDB , ikazaba ariyo kipe ya mbere mu Rwanda izaba...