Abategetsi bo mu mujyi wa Kherson wo mu majyepfo ya Ukraine wigaruriwe n’Uburusiya, basubitse ayo bise amatora ya kamarampaka (referendum) ku kwinjira mu Burusiya kw’uwo mujyi, ku bw’impamvu...
Umukozi wa komisiyo ishinzwe amatora (IEBC) muri Kenya witwa Daniel Mbolu Musyoka wari waburiwe irengero yabonetse yapfuye ahitwa i Kajiado.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere, abapolisi bakomoka i...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin birashoboka ko yahaye uruhushya ibikorwa byo kugerageza kugena ibyavuye mu matora y’Amerika ashaka ko uwari Perezida Donald Trump ayatsinda, nkuko bivugwa...
Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine uri mu biyamamariza kuyobora Uganda, yahungishirije umuryango we muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo muri...
Kuri iki Cyumweru Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yanditse ashimira mugenzi we wa Namibia Hage G. Geignob watsinze amatora kuwa 27 Ugushyingo 2019, akaba agiye kuyobora manda ye ya...
Abantu bagera ku bihumbi 380 batuye hirya no hino ku isi,bakoreye amatora ku rubuga rwa Twitter bashaka umuhanga kurusha undi hagati ya Cristiano na Messi birangira uyu munya Argentina ariwe...
Umuryango wa Afrika y’Amajyepfo SADC wari uherutse kwamagana ibyavuye mu matora mu buryo bw’agateganyo muri RDC,wamaze kuva ku izima ushimira Felix Tshisekedi ndetse usaba abakongomani bose...
Umunyapolitiki utavugarumwe n’ ubutegetsi bwa Leta ya Kongo Jean-Pierre Bemba nyuma y’ uko agerageje kwiyamamariza kuba Perezida wa Kongo Komisiyo y’ amatora ikamwangira yavuze ko nta gahunda...
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo barahamagarira abanyagihugu kwishyira hamwe bakarwanya Felix Tshisekedi watangajwe na komisiyo y’amatora muri Kongo CENI ko ariwe...
Nelson Chamisa, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Zimbabwe, waje ku mwanya wa kabiri mu matora ya perezida, yashinje Perezida Emmerson Mnangagwa kwiba ubutegetsi binyuze mu...
Umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Turukiya Kemal Kilicdaroglu yavuze ko atamagana ibyavuye mu matora by’ibanze, ariko nta makuru arambuye yavuze ku byavuye mu matora cyangwa ngo avuge ko...
Kuri uyu wa Gatanu mu Turere 27 two hirya no hino mu Rwanda hakozwe amatora y’abagize Komite Nyobozi barimo ba Meya bagarutse nka Richard Mutabazi wa Bugesera,Sebutege Ange wa...
Kiss Summer Awards ni ibihembo bihabwa abantu batandukanye bari mu byiciro bitandukanye mu myidagaduro yo mu Rwanda hibandwa cyane ku bafite aho bahuriye na muzika nyarwanda, baba baragaragaje...
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Democratic Green Party ririfuza ko hahindurwa uburyo bwakurikizwaga bwo kwinjira mu nteko ishinga amategeko ku mitwe ya politike n’abakandida...
Joe Biden yavuze ko "ugushaka kw’abaturage kwaganje" nyuma yuko intsinzi ye mu matora ya perezida yemejwe bidasubirwaho n’akanama k’intumwa zitora (electoral...
Uhuru Muigai Kenyatta yavutse ku ya 26 Ukwakira 1961 ni umunyapolitiki wo muri Kenya akaba na Perezida wa Repubulika ya Kenya muri iki gihe. Yabaye Umudepite wa Gatandu y’Amajyepfo kuva 2002...
BBC igaragaza ko Perezida watowe w’Amerika Joe Biden yatsinze muri leta ya Georgia, aba umukandida wa mbere w’umudemokarate utsinze muri iyi leta guhera mu mwaka wa...
Kuri uyu wa kane tariki ya 04/06/2020, Urukiko rushinzwe kurengera itegeko nshinga mu Burundi rwemeje ko ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi CNDD-FDD rihagarariwe na Gen.Evariste Ndayishimiye...
General Major Everiste Ndayishimiye, ni undi mukandida umaze gutangazwa n’ishyaka rye ko azarihagararira mu matora yo mu kwezi kwa gatanu, yahise aza imbere mu bahabwa...