Danny Usengimana rutahizamu wa Police FC, aratangaza ko ikintu kiri kumufasha kunyeganyeza inshundura cyane dore ko ari nawe kugeza ubu ufite ibitego byinshi, avuga ko ari ugukurikiza inama...
Ikipe ya Pepiniere FC yabuze ku kibuga ku mukino yagombaga kwakirira AS Kigali ku kibuga cya Kicukiro, iterwa mpaga ndetse bivugwa ko ishobora guhita inasezera muri Shampiyona y’ikiciro cya mbere...
Ibitego bitatu by’umurundi Nahimana Shassir muri 4-1 ikipe ya Rayon Sports itsinze Musanze FC mu mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona waberaga kuri stade ya Kigali, bifashije aba bambara ubururu...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 25 Ukuboza 2016 ahagana saa cyenda n’iminota 20 nibwo gereza ya Nyarugenge izwi nka 1930 mu mujyi wa Kigali yafashwe n’ inkongi y’ umuriro
Iyi gereza ikimara gufatwa...
Umumotari witwa Munyaneza Ignace w’imyaka 42, yafashwe na polisi y’ u Rwanda mu mpera z’ icyumweru gishize agerageza kugurisha moto yatwara ariko itari iye
Polisi ikorera mu karere ka Kicukiro...
Ikipe ya Pepiniere FC, ni ikipe yazamutse mu cyiciro cya mbere uyu mwaka w’imikino wa 2016/2017. Gusa ishyamba si ryeru hagati y’ iyi kipe n’ ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA,.Iyi...
Shampiyona y’ icyiciro cya mbere mu Rwanda AZAM Rwanda Premier League’ irakomeza uyu munsi tariki ya 30 Ukuboza 2016, amakipe 2 ya mbere Rayon Sports na APR FC, araba yagiye gukinira hanze...
Polisi y’u Rwanda n’umuryango ushinzwe kurwanya ruswa n’akarengane mu Rwanda (Transparency International Rwanda- TI Rwanda), kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Ukuboza batangije ubukangurambaga...
Umuturage wo mu murenge wa Nyakabanda mu karere ka Nyarugenge witwa Akimana Belyse arashimira Polisi y’u Rwanda kuba yarafashe umuntu wari wamwibye moto ye ndetse ikayimushyikiriza tariki ya 30...
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Santrafrika muri iki cyumweru bifatanyije n’abaturage baho mu muganda;maze baboneraho umwanya wo kubaganiriza kuri gahunda y’u...
Umunsi wa 12 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda uzaba ikomeza mu impera z’iki cyumweru. Guhera tariki ya 6-8 Mutarama 2017. Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru hano mu Rwanda ’FERWAFA’,...
Abagabo 5 bafunzwe na Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge, nyuma yo gufatanwa ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo za mudasobwa bari bibye mu ishuri ryisumbuye (GS) rya Nzove...
Umugabo w’imyaka 31 y’amavuko ari mu maboko ya Polisi mu karere ka Kayonza, aho akurikiranyweho gutunga amafaranga y’amahimbano agera ku bihumbi 160 by’amanyarwanda.
Aya mafaranga yafatanwe yari...
Polisi y’u Rwanda n’abahanzi nyarwanda bibumbiye mu ihuriro ryabo ryo kuba ba Ambasaderi mu gukumira ibyaha basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bikorwa bitandukanye bigamije kubungabunga...
Claire Akamanzi wagizwe Umuyobozi Mukuru wa RDB akaba n’umwe mu bagize Guverinoma
Mu nama y’Abaminisitiri yabaye kuri uyu wa gatanu taliki 3/2/2017 iyobowe na Perezida Kagame yahinduriye bamwe mu...
Ishimwe Issa Zappy myugariro w’umunyarwanda wo ku ruhande rw’iburyo wakiniraga ikipe ya Rayon yamaze gutandukana na yo ni nyuma yo kubura umwanya wo gukina.
Muri Nyakanga 2016 kuwa 21nibwo Rayon...
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru ’Azam Rwanda Premier League ’ nyuma y’akaruhuko gato gasoza igice cyayo cya mbere irakomeza, kuri uyu wa gatanu ahateganyijwe umukino...
Nyuma yo gutsinda Sunrise mu mukino w’umunsi wa 16 umutoza wa AS Kigali yizeye guhatanira igikombe kugeza ku munsi wa nyuma dore ko n’intego batangiranye uyu mwaka w’imikino harimo no kuba...
Ruhinda Farouk rutahizamu wa Bugesera FC, umutoza we Mashami Vincent avuga atazi aho ari kugeza ubu ndetse ngo bishoboke ko na Ruhinda Farouk ubwe atazi aho yaba ari.
Ruhinda Farouk ni umwe mu...
Moto yo mu bwoko bwa TVS ifite nimero ziyiranga RAB 632V yibwe mu karere ka Bugesera mu cyumweru gishize yafatiwe mu karere ka Gakenke. Umugabo ucyekwaho kuyiba akaba yarafatiwe mu murenge wa...
Ikipe ya APR FC irakina umukino wayo w’ikirarane w’umunsi wa 16 n’Amagaju idafite umukinnyi wayo ngenderwaho mu ikibuga hagati Yannick Mukunzi.
Ni umukino wakabaye warakinwe tariki ya 11...