Ubuyobozi bwa Flash FM mu Karere ka Nyagatare bwatangaje ko mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri taliki 28, Gashyantare, 2023 abagizi ba nabi bateze umunyamakuru wabo witwa John Gumisiriza...
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo abagizi ba nabi bataramenyekana batwitse inyubako n’imodoka by’umuhanzi Fally Ipupa kuri ubu uri kubarizwa mu...
Mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Kacyiru habereye impanuka y’imodoka igonga umwana w’umunyeshuri wajyaga kwiga ahita ahsiga ubuzima.
Abaturage bo mu bwoko bw’abatutsi mu burasirazuba bwa Congo baravuga ko bakomeje gukorerwa ihohoterwa rishingiye ku moko biturutse ku magambo y’urwango ya bamwe mu bategetsi b’iki...
Abantu 190 ni bo bamaze kwemezwa ko bapfuye muri Malawi inyuma y’aho umuhengeri witwa Freddy utereye mu majyepfo ya Afrika ku ncuro ya kabiri mu kwezi.
Amazi ateye ubwoba yisutse mu mago...
Umukobwa yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo guta umutwe bikomeye agashaka gutwika imodoka y’umukunzi we kubera ko yari amufashe amuca inyuma.
Uyu mukobwa ukomoka mu mujyi wa Nairobi...
Umugabo arembeye mu bitaro nyuma y’uko inzovu imukubise ikamubabaza ari kugerageza kwifata ifoto ya selfie nayo muri Tanzania.
Iyi nzovu yari yacitse icyanya zibamo mu gace ko mu majyaruguru...
Police muri Kenya yarashe ibyuka biryani mu maso mu baturage bashakaga kuzenguruka umugi wa Nairobi mu myigaragambyo yateguwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’icyo...
Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 21 Werurwe 2023 i Brussels mu Bubiligi hateraniye inama ya Schuman yiga ku bufatanye bwa Gisirikare n’Umutekano , muri iyo nama Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU)...
Imparage yatunguye benshi ubwo yacikaga mu cyanya yororerwagamo hanyuma ihita iza mu mujyi rwagati wa Seoul ibangamira urujya n’uruza rw’abaturage.
Kuri uyuwa wa kane,tariki ya 23 Werurwe,nibwo...
Umugabo wo mu gace kitwa Mtendere kari mu nujyi wa Lusaka muri Zambia yafatanye n’umugore w’abandi yari ari gusambanya none baheze mu bitaro by’ako gace kubera kubura akayabo baciwe n’ushaka...
Umuyobozi w’umujyi wa Goma afatanije n’umuyobozi wa Gisirikare mu ntara ya Kivu y’amajyaruguru yahamagariye urubyiruko ruva mu mitwe y’inyeshyamba itandukanye, kwinjira mu gisirikare no mu gipolisi...
Abakinnyi babiri ba La Jeunesse barimo Imena Yves,Salomom Okello na Nshimiye Saidi bahagaritswe amezi atandatu batagera mu kibuga ndetse bagatanga ihazabu y’ibihumbi 50 FRW.
Aba barashinjwa...
Inzego zishinzwe Umutekano mu karere ka Muhanga, zarashe umujura wari witwaje inkota n’ipiki yikoreye na Televiziyo yari yibye Umuturage mu rukerera rwo kuri uyu wa 08 Mata 2023.
Ibi byabereye...
Kuri uyu wa gatanu,tariki ya 07 Mata 2023, Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo rwakatiye igifungo cya burundu abagabo batandatu bazira kwica ambasaderi w’Ubutaliyani mu...
Mu karere ka Nyarugenge, mu mujyi wa Kigali imodoka yagendaga mu muhanda yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka kuri uyu wa 08 Mata 2023.
Ababibonye batangaje ko iyi modoka yo mu bwoko...
Umushinjacyaha w’akarere ka Harris, Kim Ogg yatangaje ko umubyeyi wo mu mujyi wa Houston yakatiwe igifungo cya burundu azira gukubita umukobwa we w’uruhinja kugeza apfuye.
Tradezsha Trenay Bibbs...
Uyu n’umunsi wa Kane w’icyumweru k’icyunamo, cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi Jenoside yabaye mu gihe cy’amezi atatu gusa, ihitana abaremga miliyoni.
Iyahoze ari...
Minisitiri wo muri Uganda ushinjwa kwiba amabati yangiwe kurekurwa by’agateganyo ku nshuro ya kabiri.
Umucamanza wo mu rukiko rurwanya ruswa yafashe umwanzuro uvuga ko ingwate zatanzwe...