Umusore wari kumwe na bagenzi be babiri yarashwe arapfa mu ijoro ryo ku kabiri ushyira uwa Gatatu, mu Mudugudu w’Amajyambere, Akagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi,ubwo yakekwagaho gucukura...
Umunyezamu Andre Mazimpaka watandukanye na Rayon Sports mu ntangiriro z’uku kwezi,yamaze gusinyira ikipe ya Gasogi United amasezerano y’umwaka umwe ushobora kongerwa igihe azitwara...
Umugabo witwa Uhawenayo Martin uri mu kigero cy’imyaka 30 wari mu kazi ko guhanagura ibirahuri ku igorofa rya kane ku nyubako yitwa NDARU ARCAD1 iherereye muri Quartier Matheus iri mu Mujyi wa...
Kuri uyu wa mbere saa tanu za mu gitondo ku bufatanye n’abaturage Polisi ikorera mu karere ka Gasabo mu murenge wa Kimironko mu kagari ka Bibare mu mudugudu w’Intashyo yafashe uwitwa Tuyizere Eric...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bumaze gufata abaturage 82 nyuma yo gusangwa mu bikorwa bitandukanye barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19
Mu muhango w’idini wo gusezera kuri Benjamini William Mkapa wahoze ari perezida wa Tanzania wabereye mu mujyi wa Dar es Salaam ejo ku cyumweru, umuryango we watangaje ko yapfuye bitunguranye azize...
Abategetsi bavuga ko abantu batatu baraye bapfuye ubwo indege nto yagongaga inzu yo mu mujyi wa Wesel mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’Ubudage.
Muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hongeye kugaragara umutwe w’inyeshyamba wa Mars 23 (M23) wemeze ko ushyigikiye Umukuru...
Chief Superintendent of Prisons (CSP) Camille Zuba ukurikiranyweho icyaha k’itonesha kubera kwemerera Robert Nyamvumba (umuvandimwe wa Gen Nyamvumba) gusurwa kandi byari bibujijwe, avuga ko iyo...
Umuhanzi Mani Martin ntiyahiriwe ubwo yatangaga igitekerezo ku ifoto y’umunyamideli Kate Bashabe ashaka kumwereka ko yakunze imiterere ye, nuko aamwitura amuboroka ku rubuga rwa...
Ikigega cy’imari ku isi (IMF/FMI) cyatangaje ko cyasoneye u Burundi umwenda ungana na miliyoni US$ 7.63 (arenga miliyari 14 z’amarundi) leta yagombaga kwishyura mu mezi atatu ari...
Rutahizamu mushya wa APR FC,Bizimana Yannick yavuze ko yishimiye kwerekeza muri iyi kipe y’ingabo z’igihugu kubera ko iharanira gutwara ibikombe buri mwaka ndetse yita ku bakinnyi bayo...
Umahanzi w’icyamamare Kanye West yatangije ku mugaragaro ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora leta zunze ubumwe za Amerika mu matora ateganyijwe mukwa 11, yatangiriye ahitwa Charleston muri leta ya...
Kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Nyakanga 2020,ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwaramukiye mu gikorwa cyo kwereka abanyamakuru abakinnyi 4 bwaguze ndetse n’umutoza wayo yiha intego yo kugera mu...
Umuhanzi wa Gospel René Patrick yateye indi ntambwe yashimishishe abatari bacye mu bakunzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, nyuma yo gufata icyemezo cy’abagabo akambika impeta y’urukundo...
On 1/12/2019 The international AIDS, Amahoro Human Respect Organized an International AIDS day themed ‘’Ending the HIV/AIDS Epidemic: community by community and brought together 200 people...
Bamwe mu banyamuryango ba Rayon Sports bandikiye FERWAFA barega Munyakazi Sadate na commité ye uburyo bari kuyoboramo ikipe harimo gucamo ibice abanyamuryango, gushwana...
Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zataye muri yombi umusirikare mukuru mu mutwe wa FDLR / CNRD, Colonel Bolingo, mu gikorwa cyabereye mu Burasirazuba bwa RDC muri Kivu y’Epfo ku...