Kuri uyu wa Mbere taliki ya 29 Mata 2019, nibwo inyeshyamba 7 bivugwa ko zikomoka mu Rwanda,zaherukaga gufatirwa ku butaka bw’Uburundi zashyikirijwe u...
Mu gihe abafana ba Josiane bari bamaze iminsi barishyize ku kizere ko azegukana ikamba rya Miss Rwanda 2019, ndetse yewe bamwe bari baranatangiye kubyina insinzi, uyu munsi babwiwe ko kuba ari...
The Ministry of Health has today 10th October 10, 2018 launched the Rwanda Population-based HIV Impact Assessment (RPHIA). The national household-based survey will measure the reach and impact of...
Umunyarwanda Gashayija Patrick wakoze urugendo rwo kuzenguruka u Rwanda yavuze ko abikora nka bizinesi , afite gahunda yo kuzengeruka u Rwanda akoresheje imodoka no kuzenguruka Afurika muri...
Ku munsi w’ejo ubwumvikane bwabaye buke mu bakinnyi bari gukina Tour du Rwanda aho Mugisha Samuel yashinje Valens Ndayisenga gushaka ko umunya Ethiopia amwambura umwenda...
Minisitiri w’Uburezi Dr Mutimura Eugene na Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda Peter Vrooman basuye ibikorwa by’imishinga 3 igamije guteza imbere umuco wo gusoma no kwandika mu bana bato,iterwa...
Mu gihe habura iminsi 10 kugira ngo Tour du Rwanda itangire,Umuryango ukomeje kuganira n’abakinnyi batandukanye bazahagarira u Rwanda muri iri rushanwa aho kuri uyu munsi Ephrem Tuyishimire...
• Interpro Cycling Academy yamaze gusezera muri Tour du Rwanda kubera impanuka y’umwe mu bakinnyi bayo.
• Bike Aid yatangaje abakinnyi 5 izakoresha muri Tour du Rwanda barangajwe imbere na Nikodemus...
• Tour du Rwanda izakoresha ingengo y’imari ya miliyoni 500 FRW
• Hagiye kujya hahembwa uwahatanye kurusha abandi
• Tour du Rwanda y’uyu mwaka niyo ya nyuma ibaye mu kwezi kwa...
Prof Shyaka Anastase uyobora urwego rw’igihugu rw’imiyoborere mu gutangiza kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi yatangaje ko kugeza ubu mu nzandiko zo gufata abaregwa Jenoside bagera...
Umusirikare mu ngabo za Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo Sergent Major Malanga Bombole wari umaze iminsi itatu afatiwe mu Rwanda, nyuma yo kwibeshya ku mipaka akisanga ku butaka bw’u Rwana...
Ihere ijisho uko ibyamamare byo mu Rwanda byari mu barenga miliyoni esheshatu bitabiriye itora rya Perezida wa Repubulika kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017.
Abanyarwanda bujuje...
Kuri uyu wa 3 Kanama 2017, benshi mu Banyarwanda baba mu bihugu byo hanze, batangiye gutora Perezida wa Repubulika.Ni mu gihe mu gihugu cy’u Rwanda amatora ateganyijwe ku munsi w’ejo, tariki ya 04...
Dr Frank Habineza, ni we mukandida wemejwe n’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije-Democratic Green Party, ko azarihagararira nk’umukandida-Perezida mu matora y’umukuru w’igihugu....
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza, Priti Patel yasubije abanenga gahunda ya leta ye yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro, avuga ko bananiwe gutanga ibisubizo kuri icyo...
Igisirikare cy’u Burundi kiratangaza ko nta mwanzi w’u Rwanda uri ku butaka bwa kiriya gihugu ndetse ko n’amakuru avuga ko abarwanyi bavugwa ko bagabye igitero mu Rwanda baturutseyo, atari...
Yvan Buravan nk’umwe mu bahanzi bagezweho mu muziki w’u Rwanda, yageneye ubutumwa abamukurikira abibutsa ko nk’Abanyarwanda bakunda igihugu cyabo bakwiye kuvuga amateka y’igihugu uko ari kugira ngo...