Yvan Buravan nk’umwe mu bahanzi bagezweho mu muziki w’u Rwanda, yageneye ubutumwa abamukurikira abibutsa ko nk’Abanyarwanda bakunda igihugu cyabo bakwiye kuvuga amateka y’igihugu uko ari kugira ngo...
Ikipe y’umupira w’amaguru yo mu Bufaransa,Paris Saint Germain yatanze ubutumwa bwo kwifatanya n’u Rwanda mu Kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi muri...
NGABO MEDARD yavutse tariki 7 Kanama 1989 azwi cyane ku Izina rya Meddy , ni Umuhanzi w’ Umunyarwanda akaba aririmba mu njyana ya RnB na Pop ni umuririmbyi , umwanditsi...
Igitaramo ‘Ikirenga mu Bahanzi’ ni igitaramo gishingiye ku guteza imbere umuco biciye ku bahanzi, aho hazashimirwa umuhanzi wamamaje umuco nyarwanda mu Rwanda ndetse no mu mahanga, kizajya kiba...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza, Priti Patel yasubije abanenga gahunda ya leta ye yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro, avuga ko bananiwe gutanga ibisubizo kuri icyo...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda, yatangaje ko mu gihe u Burundi bwakenera ko ibiganiro bikomeza, u Rwanda rwiteguye kubikora kuko ruhora rushaka ko ibibazo byarwo n’ibindi...
Uyu munsi nyuma y’iminsi 20 Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza rutegetse ko umugambi wa leta y’Ubwongereza wo kohereza abimukira mu Rwanda unyuranyije n’amategeko, leta ya London izanye umuvuno...
Hashize amasaha make hatangajwe ubufatanye bwa VISIT RWANDA na African Football League,biravugwa ko ikipe ya TP Mazembe; imwe mu makipe azakina iyi mikino yatangiye yitwa Super League, yavuze ko...
Ihere ijisho uko ibyamamare byo mu Rwanda byari mu barenga miliyoni esheshatu bitabiriye itora rya Perezida wa Repubulika kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017.
Abanyarwanda bujuje...
Kuri uyu wa 3 Kanama 2017, benshi mu Banyarwanda baba mu bihugu byo hanze, batangiye gutora Perezida wa Repubulika.Ni mu gihe mu gihugu cy’u Rwanda amatora ateganyijwe ku munsi w’ejo, tariki ya 04...
Dr Frank Habineza, ni we mukandida wemejwe n’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije-Democratic Green Party, ko azarihagararira nk’umukandida-Perezida mu matora y’umukuru w’igihugu....
Abategetsi b’u Burundi baravuga ko u Rwanda rwumvise nabi ibyatangajwe na Perezida Evariste Ndayishimiye ku gukangurira urubyiruko rw’u Rwanda kwitabira ibikorwa by’akarere. Ngo kwikoma iki gihugu...
Umuhanzi Bruce Melodie niwe uyoboye abahanzi b’Abanyarwanda kuri ubu nyumayo gukora amateka yo kuba umuhanzi Nyarwanda wa mbere utsindiye Trace Awards.
Umwaka wa 2017 waranzwe n’ibintu bitandukanye mu mikino hano mu rwanda aho benshi bishimiye ibyo bagezeho abandi barifuza impinduka mu mwaka utaha.
Umuryango wagerageje kureba bimwe mu bihe...
• Nsengimana yatangaje ko nararana umwenda w’umuhondo ejo azaba yamaze gutwara Tour du Rwanda
• Nsengimana yizeye ko ikipe ya Team Rwanda izamufasha kwegukana Tour du Rwanda ku nshuro ya...
Intumwa y’ Imana Dr Paul Gitwaza Zion Temple ku Isi yatangaje ko Imana yamuhishuriye ko u Rwanda ruzaba icyitegererezo cy’ Afurika mu myumvire n’ imikorere.
Yabitangaje kuri iki Cyumweru tariki 9...