Umukinnyi w’Umunyarwanda wakiniye amakipe akomeye hano mu Rwanda Nizeyimana Mirafa yakoze ubukwe n’umukunzi we Dos Santos nyuma y’imyaka itatu bari mu munyenga...
Umuhanzi w’icyamamare mu muziki wa Africa Davido, biravugwa ko yakoze ubukwe n’umukunzi we Chioma bamaze iminsi mike bapfushije umwana wabo w’umuhungu Ifeanyi.
Umunyamidelikazi ukomeye ukomoka mu Rwanda Sonia Mugabo ,yakoze ubukwe na Twahirwa Diego bari bamaze igihe bemeranyije kubana ndetse bakanakora imihango yo gusaba no...
Rutahizamu w’Ubutaliyani na Juventus, Federico Bernardeschi yakoze ubukwe bw’igitangaza n’umukunzi we nyuma y’iminsi 2 gusa we na bagenzi be mu Butaliyani begukanye Euro...
Mu gihugu cy’Ubuhinde haravugwa inkuru ibabaje ariko inatangaje aho umugeni yapfuye ku munsi w’ubukwe hanyuma umugabo we akanga guheranwa n’agahinda niko gushyingiranwa na murumuna...
Umunyamexico watorewe kuba MISS Universe witwa Andrea Meza yaciye ibintu ku isi kubera amafoto ye y’ubukwe yagaragaye kandi kugira ngo wambikwe iri Kamba bisaba kuba uri...
Ahagana saa tanu za mugitondo ku wa Gatandatu tariki ya 8 Gicurasi ni bwo abapolisi bafashe abantu 30 bari mu rugo rwa Rudasingwa Jean Claude w’imyaka 37 bari mu nama yo gutegura ubukwe bwe....
Ku mbuga nkoranyambaga hari gucicikana amashusho y’umugore mu bukwe ari guha impano y’ubwato bwiza cyane umugabo we wari wamurongoye bagakorera ubukwe ku mucanga wa Miami muri...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Gashyantare 2021,Umukinnyi wa Filimi Usanase Bahavu Jeannette wamenyekanye muri filime y’uruhererekane, City Maid, akaba agezweho mu yo yise “Impanga”, yakoze...
Uwagusaba gutanga urutonde rw’ibishobora gukorerwa kwa muganga, ushobora kubitondekanya ari byinshi, ariko nta shiti ko ubukwe butaba buri kuri urwo rutonde.
Nyamara kuri Charlotte Mukantwari na...
Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga no muri bimwe mu binyamakuru hakwirakwizwa inkuru ko Miss Muyango Claudine atwite ndetse ko ageze kure umushinga w’imyiteguro y’ubukwe n’umukinnyi wa Kiyovu...
Umugabo witwa Gbede Senenge n’umugore we Joy bakoze benshi ku mutima kubera ukuntu bahisemo gukorera ubukwe mu nkambi y’impunzi bakishamana n’abari mu buzima...
Umwe mu bakobwa b’ibyamamare mu ruhando rwa Cinema nyarwanda, Umuganwa Sarah benshi bazi ku izina rya Mutoni muri Film ya Seburikoko, yakoze ubukwe mu mpera z’icyumweru dusoje, bukaba bwaritabiriwe...