Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yasimbuje uwari umukuru w’ibiro bye ukurikiranywe n’inkiko ku birego byo kwiyitirira umutungo utari...
Abantu bataramenyekana mu ijoro ryacyeye bateye igisasu cyo mu bwoko bwa ’grenade’ mu kabari (ikirabo) kari ri zone ya Kamenge mujyi wa Bujumbura, kugeza ubu ntiharamenyekana neza umubare w’abo...
Thérence Sinunguruza wabaye Visi Perezida w’u Burundi ashinzwe imiyoborere n’ibijyanye n’umutekano ku butegetsi bwa Pierre Nkurunziza yitabye Imana kuri uyu wa 8 Gicurasi...
Polisi yo mu mujyi wa Dar es Salaam muri Tanzania yatumije abadepite b’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi kuza kubazwa nyuma y’uko banze kwitabira imirimo y’inteko kuko bafite ubwoba bwo kuhandurira...
Perezida wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate n’umuvugizi w’iyi kipe Nkurunziza Jean Paul bahamagajwe n’akanama gashinzwe imyitwarire mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru FERWAFA kugir ngo kababaze ku...
Umugabo wa Senateri Mureshyankwano Marie Rose witwa Ngendahayo Edouard ari mu bantu 7 baguye mu mpanuka y’imodoka 3 zagonganiye ahitwa mu Nkoto mu karere ka Kamonyi mu ntara...
Mu muhango wo gushyingura General Qassem Soleimani wishwe kuwa Kane w’icyumweru gishize n’ingabo za USA mu bitero by’indege zagabye mu mujyi wa Baghdad,abanya Iran basabwe gutanga nibura idolari...
Ku nshuro ya mbere ikinyamakuru The Time cyatangaje urutonde rw’abantu ijana bari guhindura ahazaza h’ubukungu, imyidagaduro, imikino, politiki, siyansi, ubuzima...
Ni umugore w’umwimukira wageze muri Amerika afite imyaka 10 ari kumwe n’ababyeyi, arahigira, arakora, aza no kugera aho atorerwa kujya mu nteko ishinga amategeko ya...
Robert Kyagulanyi wamamaye cyane muri muzika nka Bobi Wine akaba n’umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yiyemeje ko azahatana na Perezida Museveni mu matora ateganyijwe kuba mu...
Perezida mushya wa RDC,Felix Tshisekedi,yiyemeje kugira Robert Kidiaba Muteba wamamaye ari umunyezamu w’ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (Léopards) na TP Mazembe...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane,taliki ya 09 Gicurasi 2019,nibwo ku rubuga rwa Twitter hasakaye amashusho y’abanyeshuli bo mu gihugu cya Kenya bicaye ku matafari mu ishuli ryuzuyemo amazi...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yasabye Abacamanza ndetse n’abayobozi ba gisirikare gufatatana uburemere indahiro barahiriye imbere ye ndetse no kunoza inshingano zabo hagendewe ku cyerekezo...