Umukobwa w’imyaka 27 yababaje abari mu rukiko nyuma yo kwiyemerera ko yumvaga Se umubyara atashaka undi mugore bigatuma akora uko ashoboye ngo aryamane na se w’imyaka 59.
Ubuyobozi burega aba...
Nakundaga umusore ariko we yifuza kunsambanya gusa. Nagerageje kumwangira ariko nzakunanirwa antera inda tuyikuramo none ndi kwicuza kuba naratakaje ubusugi
Mu mwaka wa 2011 nahuriye numuhungu...
Ubusanzwe tuzi ko imihango y’abakobwa n’abagore ari ngarukakakwezi, nyamara bishoboka ko hari ubwo wakisanga ujya mu mihango kabiri mu kwezi.
. Ibintu bishobora ku ba intandaro yo kugira imihango...
Apotre Dr. Paul Gitwaza uyobora Authentic Word Ministries n’itorero rya Zion Temple Celebration Center ku Isi, kuri ubu ngo atewe ishema n’impfura ye yasoje amashuri y’isumbuye muri Amerika, nyuma...
Uyu ni Muganga Umuhizi Denis wahuguriwe kuvura indwara ya kanseri Gilbert
Ibitaro bya Butaro nibyo bitaro bikuru bivura indwara ya kanseri mu Rwanda, biherereye mu karere ka Burera mu ntara y’...
Nyakwigendera Augustin Nahimana
Ku mugoroba wo kuri icyi cyumweru ahagana saa yine z’ijoro nibwo umunyeshuli muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye yitabye Imana aguye mu bitaro bya Kaminuza...
Umusore w’imyaka 22 y’amavuko mu burasirazuba bwa Macedonia mu gace ka Kocaniwitwa Oliver Ilic yahamagaye polisi nyuma yo gukoresha akuma kameze nk’urwembe bakoresha kwa muganga ubundi agakata...
Abasore babili bakomoka mu gihugu cy’Ubudage,mu mwaka wa 2014 nibwo bagize amatsiko yo kumenya uko ubuzima bw’abagore bumera maze bifatira icyemezo cyo kuremerwa amabere yabo.
John na...
Umwana ukomoka mu gihugu cya Colombia uzwi ku izina rya Juanita Valentina Hernandez,ku mezi ye icumi amaze avutse ariko akaba apima ibiro bigera kuri 20 byibura byagapimye umwana ufite imyaka...
Gicanda Rosariya yari Umwamikazi bivuga ko yari umugore w’umwami Mutara III Rudahigwa, akaba ari we mwamikazi wa nyuma w’u Rwanda. Nk’ uko byatangajwe na Komisiyo y’ igihugu yo kurwanya Jenoside uwo...
Umugore w’umuganga wo mu mujyi wa Detroit ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika akurikiranweho gusiramura abakobwa, akaba ari urubanza rwa mbere nk’uru rubaye muri iki gihugu.
Abashinjacyaha bo...
Urukiko rwa gisirikare rwategetse ko urubanza rwa Maj Dr Aimable Rugomwa na mukuru we Nsanzimfura Mamelto, rusubikwa ku nshuro ya gatatu, rukazasubukurwa ku ya 09 Gicurasi 2017.
Maj Dr Aimable...
Umurambo w’umwana w’imyaka 2 witwa Uwamahoro Claudine, watoraguwe mu ma saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba wo kuwa gatandatu mu mudugudu wa Ruganzu, akagari ka Mashyuza mu murenge wa Nyakabuye, mu...
Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda asanga abaganga bahawe icyubahiro bakanashimwa byatuma badakomeza kuva mu Rwanda no mavuriro ya Leta ngo bage mu mavuriro yigenga cyangwa ayo hanze y’ u Rwanda....
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko nta muganga uzongera gukoresha telefoni mu masha y’akazi.
Yabitangaje mu butumwa yashyize ku bukuta rwayo rwo ku rubuga Twiter, icyo cyemezo...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukuboza 2016, Urukiko rwa gisirikare i Nyamirambo rufashe umwanzuro wo gusubika urubanza ruregwamo Maj Dr Aimable Rugomwa na murumuna we Nsanzumuhire Mamerito...
Kuri uyu wa Kane tariki 22 Ukuboza ikinyamakuru Umuryango. rw nibwo cyatangaje amakuru y’umugore witwa Akaniwabo Jacqueline yavugaga ko yakubiswe n’umuyobozi wa sitasiyo ya polisi ya Jabana ubwo...
Umuraperi Kanye West nyuma yo kuva mu bitaro bya Ronald Reagan UCLA Medical Center biherereye mu Mujyi wa Los Angeles muri Amerika, yakodesheje inzu ye bwite kugirango akomeza gufata imiti...