Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Gashyantare, 2018 nibwo Umuraperi AY uri mu bahanzi bubashywe mu gihugu cya Tanzaniya yasabye anakwa umukunzi we w’umunyarwandakazi witwa Umunyana Rehema [Remy]....
Umuhanzi waririmbaga mu njyana ya Rap witwa Carl Dobson w’imyaka 33 uheruka gukatirwa igifungo cya burundu kubera kwica umuntu,yafashwe ari gusambanya umukozi wo muri gereza ubwo yari mu mirimo...
Umuryango wo kwa Ambwene Allen Yessayah wamamaye nka A.Y uritegura kuza gusaba umunyarwandakazi Remy iwabo ku ivuko I Nyamata mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba.
Kuwa 18 Nzeri 2017...
Uwase Deborah umaze kumenyekana cyane ku izina ry’ubuhanzi rya Marina nta kindi kiri gukwirakwizwa cyane ku mbuga nkoranyambaga usibye ifoto ye ahana igisomyo n’umusore bigeze gukundana mu minsi...
Umuraperi AY uri mu bahanzi bubashywe mu gihugu cya Tanzaniya yamaze gufata irembo ry’umunyarwandaazi bagiye kubana akaramata. Amakuru Umuryango.rw, ufite n’uko ku wa kabiri w’iki cyumweru abasaza...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 20 Gicurasi 2017 nibwo habaye igitaramo cyambere kibimburira ibindi mu marushanwa ya Primus Guma Guma Super Star kunshuro ya 7, igitaramo cyambere kikaba...
Umuraperi Kanye West yatangaje ko hari igihe yifuje gukorana imibonano mpuzabitsina icyarimwe n’uwari umukunzi we kera, Amber Rose n’umuraperi mugenzi we Nicki Minaj, mu myaka...
Coolio, umuhanzi w’injyana ya rap wo muri Amerika wamenyekanye cyane kubera indirimbo ye ‘Gangsta’s Paradise’ yakunzwe n’abatari bake yitabye Imana ku myaka...
Umukobwa ukiri muto ku myaka ye 27 gusa,yemeje ko amaze kuryamana n’abantu bagera ku 2000 barimo abagabo n’abagore.
Umuraperi wo muri Jamaica, Diamond The Body, uherutse gushyira hanze ubwambure...
Umuraperi Danny Nanone arafunzweho aho akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ku bushake.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwemeje ko rwafunze uyu muraperi mu ijoro ryakeye tariki...
Pasiteri ukomeye w’umunyamerika biravugwa ko yareze umuraperi Kanye West uri mu bakomeye cyane mu gihugu cya USA.
Uyu muraperi yajyanwe mu butabera na Pasiteri David Paul Moten kuko ngo...
Umuraperi Uwimana Francis uzwi ku izina rya Fireman yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Kabera Charlotte yari amaze umwaka urenga yarambitse impeta nyuma yo kwemeranya kurushinga.
Uyu...
Umuraperi Dr. Dre yarenzwe n’ibyishimo ubwo yari arangije gutandukana n’uwahoze ari umugore we Nicole Young nyuma y’urubanza rwatwaye miliyari imwe y’amadolari kandi bari bamaranye imyaka 25...
Kuri uyu wa Kane tariki 8 Nyakanga 2021 , ubushinjacyaha bwa Paris bwatangarije CBS News dukesha iyi nkuru ko , umuraperi w’umunyamerika Lil Baby na James Harden James Harden batawe muri yombi...
Umuhanzi uri mu bakunzwe mu njyana ya Rap witwa Philip Ptaroba Okoyo, uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Japesa yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto yashyize hanze y’isanduku yaguze...
Umuraperi Jay Polly uherutse gufungurwa ku bunani yavuze byinshi mu byamutunguye ari muri gereza birimo kuba umuraperi mugenzi we Bulldogg ataramusuye kandi yari abyiteze...
Umuraperikazi Cardi B uri mu bahanzi bari kuzamuka neza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yibarutse umwana wa mbere w’umukobwa yise Kulture Kiari Cephus ku munsi w’ejo ndetse ahita...