Umuraperi Khaligraph Jones yandagajwe n’umugabo usanzwe akorera amafoto icyamamare mu muziki wa Tanzanie Diamond Platnumz nyuma y’uko uyu munyakenya yari amaze iminsi atangarije abanyamakuru ko...
Umukobwa w’umuraperi Lil Wayne witwa Reginae Carter yamaze kugura inzu ye nshya ku myaka ye 20 akiyegeramo yifashe amashusho ari kuzunguza ikibuno ku buryo...
Kakooza Nkuriza Charles yasabiye umuraperi Ngoga Edson [Pacson] kujyanwa mu kigo ngororamuco kubera imyitwarire ye avuga ko ikabije kuba mibi no gukoresha ibiyobyabwenge ku kigero cyo...
Umusore witwa Safaree Samuels wamaze imyaka 15 atereta umuraperi Nicki Minaj yavuze ko yari hafi yo gupfa nyuma yo guterwa icyuma n’uyu mukobwa akabeshya ko yashakaga kwiyica kugira ngo...
Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Ama G The Black yagaragaje agahinda afite nyuma yo kwamburwa amafaranga n’umwe mu bahanzi bakomeye batwaye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star.
Am G...
Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Am G The Black yemeje bidasubirwaho ko yatandukanye n’umugore wa mbere bari bafitanye umwanya w’imfura, anagenera ubutumwa undi mugore wa kabiri bari kubana...
Umuraperikazi Da Brat ukunzwe na benshi muri Letza zunze ubumwe z’America yatangaje ko yitegura kwibaruka we n’umugore wemgenzi we Jude Dupart bamaze umwaka...
Umusore w’imyaka 16 yatawe muri yombi na Polisi yo mu mujyi wa Houston, akurikiranyweho kurasa akica umuraperi Takeoff wabarizwaga mu itsinda rya Migos, ryashinzwe mu...
Umuraperi Kanye West uri mu ba raperi bayoboye ku Isi akomeje kugaragaza ko aryohewe mu rukundo n’umunyamideri Juliana Nalu batagisiba kugaragara bari...
Umuraperi Clifford Joseph Harris Jr wubatse izina nka T.I yemeje ko yakubise mugenzi we ubarizwa muri The Chainsmokers wari umusomye ku itama avuga ko kumukubita nta mutima mubi yabikoranye...
Umuraperi Kanye West wahoze ari umugabo wa Kim Kardashian banabyaranye yabitse Pete Davisdon wamutwaye umugore byongera kuzamura umwuka utari mwiza hagati ye na Kim...
Umunyamideli ukomeye muri Leta zunze ubumwe za Amelika uzwi nka Chaney Jones yanyomoje amakuru yavuzwe ko yatandukanye n’umuraperi Kanye west bamaze igihe kigera mu mezi atanu...
Umuraperi ASAP Rocky uri mu rukundo na Rihanna bitegura kwibaruka imfura yabo yafatiwe ku kibuga kindege ubwo bavaga mu biruhuko Barbodos arafungwa azira kuba yararashe...
Urukundo rukomeje kugurumana hagati y’umuraperi Ye wamamaye ku izina rya Kanye West na Julia Fox ,aho bongeye kugaragara basohokanye ndetse batambuka ku itapi itukura bafatanye agatoki ku kandi...