NGABO MEDARD yavutse tariki 7 Kanama 1989 azwi cyane ku Izina rya Meddy , ni Umuhanzi w’ Umunyarwanda akaba aririmba mu njyana ya RnB na Pop ni umuririmbyi , umwanditsi...
Uyu munsi Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yujuje imyaka 62 y’amavuko, yatangaje bimwe mu bimwerekeyeho bwite nko kuba akunda cyane muzika ya Taarab.
Samia ubu niwe mugore wenyine muri...
Turi Tariki ya 21 Kamena, ni umunsi w’ 172 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 193 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 21...
Mbarushimana Paul Maurice benshi bazi nka Maurix Baru muri muzika Nyarwanda umaze kubaka izina mu njyana ya Classic, yashyize hanze indirimbo yise ’Range’ yageneye abakunzi be muri iyi minsi mikuru...
Abahanzi bagomba kujya mu irushanwa Primus Guma Guma Super Star rigiye kuba ku nshuro 8 bagomba kuba batarengeje imyaka 35 y’ amavuko , uwaryitabiriye inshuro eshatu zikurikiranya ntiyemerewe...
Eric Senderi unzwi nka Senderi International Hit numwe mu bahanzi bakora injyana ya Afro beat mu Rwanda , Senderi aratunga agatoki bamwe mu banyamakuru kudakina indirimbo...
Umuhanzikazi NIRERE Channel uzwi nka Miss Channel ku mazina y’ubuhanzi yavuze ko Indirimbo NDAROTA, NGUKUNDA BYAHEBUJE ndetse na NAKUTAKA arizo ndirimbo zamuzamuye ku rwego...
Umunyarwandakazi Gloria Ingabire uzwi ku izina Pretty Glo ukora umwuga wo kuririmba mu gihugu cya Uganda,yandagajwe nyuma yo gufatwa yibye telephone ahitwa Ham shopping mall...
Calvin Harris niwe muvanzi w’umuziki ubikora nk’umwuga ugaragara ku rutonde rw’abakire bakora mu ruganda rw’umuziki rusohorwa buri mwaka n’ikinyamakuru Sunday Times buri mwaka aho umutungo we wikubye...
Babinyujije kuri ku rukuta rwa Instagram rwa Humble Jizzo ,bamwe bagize bati” "Muve mu byo murimo muduhe umuziki kubera ko mwaradutereranye ndetse nta n’ahantu hagaragara mwadusize ku buryo muzaza...
Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie muri muzika nyarwanda yatangaje ko ahagaritse kuririmba nyamara yari yarigaruriye imitima ya benshi binyuze mu bihangano...
Umuhanzi Fresh Kid UG w’imyaka 7,umaze iminsi avugisha benshi mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga,yamaze kugura imodoka ye nshya yo mu bwoko bwa Mercedes...
Umuhanzi Dusingizimana Clebert Nelly ukoresha amazina ya Nelly Kelba mu muziki yakoze indirimbo y’urukundo yakomoye ku munezero uba hagati y’umukwe n’umugeni ku munsi w’ubukwe...
Umuhanzi umaze kwigarurira imitima ya benshi hano mu Rwanda, Social Mula , yatangaje abatari bacye bakurikirana ibya muzika cyane, ubwo yavugaga ko uwo benshi bari bazi nk’umujyanama we,...