Umuhanzikazi Vanessa Mdee ukomoka mu gihugu cya Tanzania kuri ubu akaba asigaye yibera Atlanta muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahakanye ibivugwa ko yahohotewe n’umukunzi we Olurotimi Akinosho...
Umuhanzi umaze kwigarurira imitima ya benshi hano mu Rwanda, Social Mula , yatangaje abatari bacye bakurikirana ibya muzika cyane, ubwo yavugaga ko uwo benshi bari bazi nk’umujyanama we,...
Umuhanzi Dusingizimana Clebert Nelly ukoresha amazina ya Nelly Kelba mu muziki yakoze indirimbo y’urukundo yakomoye ku munezero uba hagati y’umukwe n’umugeni ku munsi w’ubukwe...
Umuhanzi Fresh Kid UG w’imyaka 7,umaze iminsi avugisha benshi mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga,yamaze kugura imodoka ye nshya yo mu bwoko bwa Mercedes...
Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie muri muzika nyarwanda yatangaje ko ahagaritse kuririmba nyamara yari yarigaruriye imitima ya benshi binyuze mu bihangano...
Ku mubugankoranyambaga hamaze iminsi hacicikana u buumwa butandukanye bwo kwitana ba mwana hagati y’aba Djs n’Abahanzi bavuga gushyigikirana kwabo kuri hasi kandi ko ntaho byageza iterambere...
Mucyo David wamenyekanye na Madebeats mu gukora no gutunganya indirimbo hano mu Rwanda agiye kwimukira mu Bwongereza nyuma yo kubona ibyangombwa bimwemerera kuhatura ndetse no kuhakorera umuziki...
The Ben na Intore Massamba bahaye ibyishimo Abanyarwanda barenga igihumbi bari bitabiriye igitaramo bakoreye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Leta ya Texas mu Mujyi wa Dallas, ku wa 12...
Mu ijoro ryacyeye ryo ku wa 13 Werurwe 2022, nibwo Isibo TV yakoze umuhango wo gutanga ibihembo ku nshuro ya kabiri bya ‘The Choice Awards 2021’ wabereye muri Onomo Hotel mu Mujyi wa Kigali....
Umuraperi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Block Rob akaba n’umwe mu bahoze mu nzu itunganya umuziki ya P Diddy izwi nka Bad Boy Records yitabye Imana ku myaka 52 azize uburwayi bw’impyiko...
Abasitari mu njyana y’umuziki wa Tanzania uzwi nka "bongo flava" barimo gushimisha imbaga mu bikorwa byo kwamamaza mu matora babinyujije mu ndirimbo bakoze.
Nahimana Ibrahim uzwi ku mazina y’ubuhanzi ya Ras Kayaga wamenyekaniye cyane mu ndirimbo Maguru usigaye aba ku mugabane w’i Burayi yamaganiye kure inkuru iherutse kumwandikwaho n’ikinyamakuru...
Umuraperi Tupac Shakur wavuzwe ko yishwe mu mwaka wa 1996 ubwo yari avuye kureba umukino w’iteramakofi I Las Vegas, ari gukora umuziki ndetse ngo mu minsi iri imbere agiye gushyira hanze Album...
Munyakazi Bruce Melodie yasubije abari kumuhanganisha na mukuru we The Ben ,avuga ko buri wese afite ubwoko bw’umuziki akora, kandi amufata nka Mukuru we, bityo ibikorwa yakoze cyangwa se akomeza...
Umuririmbyi w’umuhanga w’Umubiligi ukomoka mu Rwanda, Paul Van Haver, wamamaye nka Stromae, yatangaje ko Album ye nshya yise ‘Multitude’ agiye gushyira hanze irimo uruhurirane rw’ibikoresho...