Perezidansi ya Afghanistan yatangaje ko uwari Minisitiri w’ ingabo Abdullah Habibi n’ umugaba mukuru w’ ingabo Qadam Shah Shaheem beguye ku buyobozi bitewe n’ ibitero by’ Abatalibani bikomeje kwambura...
Umugore wa Johnny Hallyday, Umufaransa wari umucuranzi ukomeye w’ injyana ya rock akaba n’ umukinnyi w’ amafilime yatangaje ko umugabo we yitabye Imana ku myaka 74 azize kanseri y’ ibihaha....
King James aranyomoza amakuru yamuvugwagaho ko ari gutegura ubukwe, agashimangira ko ayo makuru atari yo, ko ababivuga ari ukubeshya.
Hari hashize iminsi havugwa ko uyu muhanzi yaba ari...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Gicurasi 2017, pariki y’ Akagera iherereye mu ntara y’ Uburasirazubwa bw’ u Rwanda yakiriye inkura 10 zirabura mu gihe hari hashize imyaka 10 nta nkura yirabura iri mu...
Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Nyamabuye mu Karere ka Muhanga hafungiwe abakozi batatu b’ urwego rushinzwe umutekano ku Karere DASSO, bakurikiranyweho kwiba mudasobwa z’ akazi zibwe mu ku karere ka...
Uwari umuyobozi w’ ingabo z’ umuryango w’ Abibumbye zari mu butumwa bw’ Amahoro mu Rwanda, Lieutenant General Roméo Dallaire yavuze ko kuba amahanga ataratabaye u Rwanda abona byatewe n’ impamvu...
Radio Televiziyo y’Abadage, Deutsche Welle, yatangaje kuri uyu wa Mbere irekurwa ry’umunyamakuru wayo ukomoka mu Burundi wari wafatiwe muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu minsi ishize...
Uwahoze ari umukunzi w’umuririmbyi Harmonize wo muri Wasafi Records, yigambye kugirana umubano wihariye n’abahanzi bakomeye muri Tanzania barimo Diamond na Alikiba mu bandi bagabo yahuye na bo...
Umusore witwa Benjamin J. w’imyaka 32 wo mu gace ka Zeebruges mu gihugu cy’u Bubiligi yatawe muri yombi akekwaho kwica umukobwa w’Umunyarwandakazi w’imyaka 33 witwa Ingabire Joselyne wari inshuti ye,...
Imiryango ine yo mu gihugu cy’u Burundi, yasubiye aho yirukanwe mu kibanza kiri kubakwamo ingoro nshya ya perezida Nkurunziza ahitwa Gasenyi, ihashinga inzu za nyakatsi zo kubamo ivuga ko yabuze...
Abarwanashyaka b’ ishyaka riharanira Demukarasi n’ imiyoborere PSD, batangaje ko mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe muri Kanama uyu mwaka, bazashyigikira Paul Kagame
Uyu ni umwanzuro...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Kamena 2017, ishyaka PSD ryatunguye abatari bake ubwo ryavugaga ko Paul Kagame ariwe mukandida waryo mu matora ya Perezida wa Repubulika ari imbere.
Uyu mwanzuro...
Nyuma y’ umunsi umwe gusa ishyaka riharanira Demukarasi n’ imibereho myiza y’ abaturage PSD ritangaje ko umukandida waryo mu matora ya Perezida wa Repubulika ari imbere ari Paul Kagame, mugenzi...
Lamin Manneh wari uhagarariye amashami y’ Umuryango w’ Abibumbye mu Rwanda uherutse guhindurirwa imirimo yavuze uko yabonye u Rwanda mu myaka ine n’ igice yari ahamaze yongeraho ko ajyanye byinshi...
Mu minsi ishize muri Uganda habereye ibintu bitamenyerewe aho mu muhango wo gukura ikiriyo y’ umuherwe Ivan Ssemwaga, itsinda ry’ abaherwe bafashe amafaranga rikasasa mu mva ya Nyakwigendera.
Mu...
Umunyamakuru Vincent Niyibizi umenyerewe mu makuru ya Royal Tv yasangije abamukurikiranira hafi ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook ibyakemutse kubera we n’inzira yagiye anyuramo zose mu...
Raporo yashyizwe ahagaragara n’Urwego Rushinzwe Umutekano imbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko abakozi b’Ibiro by’Ubutasi by’u Burusiya binjiye mu ikoranabuhanga ryakoreshejwe mu...
Kuwa Gatatu w’iki cyumweru, abantu 3 bo mu gace ka Juka gaherereye mu karere ka Amuru muri Uganda basize ubuzima mu mirwano itoroshye y’abapfaga amasambu, mu gihe abandi bagera kuri 21 bakomeretse...
Ndabizi abantu beshi bagiye gutangazwa n’urutonde rwasohotse uyu mwaka kuko beshi bamenyereye ko Kaminuza ya Harvard yo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ariyo iza imbere ariko ubu urutonde rwamaze...