Umunyamakuru Edman wavuzweho gutandukana n’umugore we Liza nyuma y’amezi ane bakoze ubukwe, yagaragaye ari kumwe na Liza ndetse bari mu byishimo byo kwitegura kwibaruka imfura...
Nyuma y’uko Judith Niyonizera ahanye gatanya byemewe n’amategeko na Safi Madiba bari barasezeranye biravugwa ari mu myiteguro yo gukora ubukwe n’umukunzi we bamaranye igihe mu munyenga...
Umuhanzi The Ben ari kunengwa na benshi kubera guca ibihumbi 50 FRW abashaka kuzareba ubukwe bwe n’umukunzi we Pamella buzanyura ku rubuga rwabo [website].
Kuri uyu wa 17 Ugushyingo,nibwo hacicikanye amafoto y’abakinnyi babiri ba Sinema Nyarwanda, Delphine Ortha Uwase [Soleil] na Mazimpaka Wilson [Kanimba] bamenyekanye muri filime y’uruhererekane ya...
Ubukwe bwa The Ben na Pamella buzabera muri Kigali Convention Centre, ku wa 23 Ukuboza 2023,byitezwe ko buzatahwa n’abantu batandukanye biganjemo ab’ibyamamare aba bombi...
Umuhanzi wo mu gihugu cya Tanzania, Ommy Dimpoz wari umaze iminsi muri Kigali aho yari yaraje mu bukwe bw’inshuti ye The Ben, yamaze gusubira iwabo aho asize akoze imishinga...
Imiryango y’abasore n’inkumi 26 ituye mu Murenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke, irashyira mu majwi meya w’aka karere kubicira gahunda yo gusezerana, we akavuga ko atari we wabiteye gusa...
Manzi James [Humble Jizzo] umwe mu baririmbyi b’itsinda Urban Boyz yamaze gutangaza ko we n’umukunzi we bagiye kwibaruka imfura yabo mu minsi yavuba, uyu muhanzi yavuze ko ubukwe bwabo bwegejwe...
Umunyarwandakazi Kizima Ngabonziza Joella wavuzwe mu rukundo n’umuririmbyi Kitoko Bibirwa,yavuze ko nta gahunda yo gukora ubukwe afite bisa n’ibihishura ko baba baratandukanye.
Muri Gashyantare...
Umuryango wo kwa Ambwene Allen Yessayah wamamaye nka A.Y uritegura kuza gusaba umunyarwandakazi Remy iwabo ku ivuko I Nyamata mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba.
Kuwa 18 Nzeri 2017...
Ruth niwe mukobwa uvugwaho kuba agiye gukora ubukwe na The Ben.
Hashize iminsi hirya no hino havugwa inkuru ko umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben agiye gukora ubukwe ndetse akagaruka...
Benshi mu batuye isi bakurikiranye ubukwe bw’igikomangoma Harry na Meghan Markle bumaze iminsi buvugwa mu bitangazamakuru bitandukanye , bwabaye kuri uyu wa...