Mu bitaro byitwa king Edward Memorial Hospital biherereye mu gace ka perth mu gihugu cya Australia,umugore ufite ibiro 280 y’ibarutse umwana munini kuva isi yabaho upima ibiro 19 bikaba...
Abakobwa bo mu Mujyi wa Kigali basigaye bishimira kugenda barangaje amabere nyuma y’aho bamenyeye ko ari yo agezweho muri iki gihe. Ibi bituma na bamwe mu bafite amabere mato bifuza kugira amanini...
Umuturage wo mu murenge wa Murambi mu karere ka Rulindo witwa Nzamugurinka Venantie yitabiriye amatora y’ abadepite yambaye ivara nk’ umugenzi ugiye gusezerana.
Umugore wo muri Afurika y’Epfo ari mu byishimo by’ivuka ry’impinja eshanu mu bitaro biri hafi y’umujyi wa Johannesburg. Urugaga rw’ibitaro rwa Clinix Health Group, ari narwo ny’ir’ibitaro bya Clinix...
Uko ibihugu birutana ubukire no gukomera mu bukungu ninako indege abakuru b’ibi bihugu bagendamo zigenda zirutana agaciro ariko si ihame kuko Perezida wa Zimbabwe ari mu bakuru b’ibihugu 10...
Kuri iyi si hari aho watemberera ukahakura ihungabana, ku bakunda gutembera, hagaragajwe zimwe muri hotel ziteye ubwoba kurusha izindi aho umuntu aburirwa kwirinda, ubishaka ariko ukahajya...
Abarenga 50 b’ingeri zinyuranye batashye ubukwe ku wa Gatandatu mu murenge wa Mugombwa Akagari ka Mugombwa mu mudugudu wa Impinga bakanywa ku kigage cyari cyateguwe,nyuma baguwe nabi cyane kugeza...
Abantu bagera kuri 50 bapfuye ubwo ku wa gatandatu ikamyo itwaye ibikomoka kuri peteroli yagonganaga n’imodoka mu muhanda munini wo mu burengerazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo....
Umwongerezakazi witwa Rebecca Griffiths ukomoka mu gace ka Maidenhead mu burengerazuba bw’Ubwongereza yababaje benshi mu bamenye uburwayi bukomeye afite,kukoyatangaje ko amaze imyaka 5 aruka...