Umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis yahinduye inyigisho z’ukwemera kwa Kiliziya Gatolika, avuga ko igihano cy’urupfu kitemewe mu buryo ubwo ari bwo...
Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) yasubije mu kazi umuforomo wo mu bitaro bya Byumba iherutse guhagarika by’agateganyo azira ko yafashe amaraso y’umurwayi akayaha umurwaza ngo ayijyanire kuyapimisha...
Umuhanzi Ali Kiba uri mu bakunzwe muri Tanzania yamaze kumvikana n’ikipe ya Coastal Union FC ikina umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere muri Tanzania kuyikinira nk’uwabigize...
Mu gihugu cya Brazil, umukobwa witwa Lilian Quezia Calixto, wo mu gace ka Cuiaba yitabye Imana mu cyumweru gishize azize kubagwa ashaka kongera ubunini bw’ikibuno...
Umuhanzi Kizito Mihigo uri muri gereza kuva muri 2015, abinyujije mu muryango yashinze, Kizito Mihigo pour la Paix (KMP), yasabye abanyapolitiki kudakoresha izina rye muri gahunda zo kurwanya...
Ku wa Kane mu gitondo nibwo umugore wa Perezida wa US Melania Trump yageze muri Leta ya Texas agiye gusura abana bacumbikiwe ku mupaka, nyuma y’uko ababyeyi babo batawe muri yombi bagerageza...
Papa Francis yanenze bikomeye umwanzuro wa Trump wo kwambura abana ababyeyi bayo bazajya bafatwa bari kwambuka umupaka uhuza USA na Mexico mu buryo butemewe...
Umunyapolitiki utavugarumwe n’ ubutegetsi bw’ u Rwanda Me Bernard Ntaganda yatangaje ko u Rwanda rufunga nabi imfungwa za politiki avuga ko arimo gukorana n’ ibihugu by’ amahanga ngo arenganure izi...
Mu ijoro ryakeye kuwa 19 Kamena , mu masaha ashyira saa sita z’ijoro, abagizi ba nabi bitwaje intwaro bataramenyekana bateye mu karere ka Nyaruguru, umurenge wa Nyabimata mu kagari ka Nyabimata...
Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports burashinja abayobozi ba Rayon Sports kubaca inyuma bakajya kwishyura Ambulance bari bishyuye mbere kwa Dr Kanimba,byayiviriyemo guterwa mpaga ku munsi w’ejo ku mukino...
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Kamena 2018, yemeje ko Umushinga w’Itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2018/2019 ingana n’amafaranga y’u...
Umukobwa wo muri Zimbabwe witwa Uyauya wari wasuye u Rwanda avuga ko yahagiriye ibihe byiza ariko asharirirwa ubwo yangirwaga kwinjira mu kabyiniro ka Cocobean kari mu duharawe cyane mu Mujyi wa...
Kizito Mihigo n’abamwunganira Kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Kamena bageze Kimihurura mu cyumba cy’iburanisha cy’Urukiko rw’Ikirenga batungurwa no gusanga urubanza rwasubitswe runimurirwa mu Rukiko...
Umukobwa witwa Yulia Sveshnikova w’imyaka 29,ukomoka mu Burusiya usanzwe ari umunyeshuli niwe wegukanye intsinzi mu irushanwa ryacaga kuri televiziyo yo mu Burusiya ryo guhatanira gushyingiranwa...
Ikigo cy’ ’Igihugu gitsura Amajyambere (RDB) rwakoze amateka rukorana amasezerano n’ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza,ayo masezerano azatuma iyo kipe yamamaza u Rwanda mu gihe cy’imyaka...
Umukinnyi witwa Gonzalo Aguirre ukina mu cyiciro cya 3 mu ikipe ya Defensores de Belgrano yatawe muri yombi na polisi yo muri iki gihugu kubera gusambanya umwana we w’umuhungu w’imyaka 5...
Uwahoze ari umutoza wa Manchester United watwaye ibikombe byinshi mu mateka y’iyi kipe, yajyanwe igitaraganya mu bitaro ku munsi w’ejo ndetse ashyirwa muri koma kubera indwara yo mu bwonko afite (...
Umugore w’umwirabura witwa Jeanne Lehman yangiwe kwinjira mu modoka ya Air Canada n’abashinzwe umutekano wayo kubera ibiheri yari arwaye mu maso, bamubwira ko yatera abagenzi uburwayi mu gihe we...
Benshi bakunze kwibaza igituma abahanzikazi cyangwa ibyamamare by’igitsina gore bikunze kwiyambika ubusa, gusa umwe mu banyarwandakazi na we wakunze kugaragaraho iyo myitwarire, Oda Paccy, yavuze...
Ikipe ya Bugesera FC yatangaje ko ihagaritse abainnyi babiri barimo Ndatimana Robert na Niyonkuru Radju batitwaye neza mbere y’umukino banyagiwemo na Rayon Sports ibitego 5-0,Ku wa...
Abakurikiranira umuziki hafi bemeza ko ubwiza”uburanga”bw’umukobwa biri mubigomba kumufasha mukuzamuka kwe muri muzika, uburanga aribwo bwiza bugararira ku maso butuma abasore cyangwa abagabo...