Myugariro wari uyoboye abandi mu ikipe ya Mukura VS,iragire Saidi yamaze gusinyira ikipe ya Rayon Sports amasezerano y’imyaka 2 nyuma yo kwanga kuyongera muri iyi kipe yo mu karere ka...
Rutahizamu wa PSG,Neymar Jr niwe mukinnyi mu mikino itandukanye winjije amafaranga menshi kurusha bagenzi be bari munsi y’imyaka 30, mu mwaka wa 2018 aho yakubye kabiri James Harden umukurikiye...
Amakuru aravuga ko myugariro Mutsinzi Ange wakiniraga ikipe ya Rayon Sports, yamaze gusinyira ikipe ya APR FC yamuhaye akayabo ka miliyoni 12 z’amafaranga y’u Rwanda,ayisinyira imyaka...
Myugariro Mutsinzi Ange w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko amakuru yiriwe avugwa ku munsi w’ejo taliki ya 07 Kamena 2019 ko yerekeje mu ikipe ya APR FC ari ibihuha byahimbwe n’abantu atazi ndetse...
Louise Victoire Nganyira, wamenyekanye cyane mu itangazamakuru kuri radiyo Rwanda, n’impanga ye Nganyira Louis Victor ni abana bavuka kuri Nganyira Augustin na Mukantagara Victoria wamenyekanye...
Myugariro Mutsinzi Ange yabwiye abafana ba Rayon Sports ko yamaze kumvikana na Rayon Sports ariko ategereje kwegukana igikombe cy’Amahoro kugira ngo abone gusinya amasezerano...
Umutoza wa Rayon Sports , Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo, uri uri mu biruhuko iwabo muri Brésil, yijihije isabukuru y’imyaka 59 kuri uyu wa Gatandatu ari kumwe n’umuryango...
Umutoza mukuru wa APR FC,Zlatko Krmpotic,wari wanzwe cyane na bamwe mu bakinnyi n’abafana b’iyi kipe ye,yagaragaye afite igikapu we n’umugore we berekeje ku kibuga cy’indege aho bivugwa ko yamaze...
Myugariro Mutsinzi Ange Jimmy yongeye gutera benshi urujijo ubwo yavugaga ko atarasinyira ikipe ya APR FC nkuko byari bimaze iminsi bivugwa ahubwo yiteguye kongera kuvugana na Rayon Sports nyuma...
Myugariro Mutsinzi Ange uri mu beza mu Rwanda yamaze gusezera ku bakunzi b’ikipe ya Rayon Sports yari amaze imyaka 3 akinira,yerekeza mu ikipe ya APR FC bivugwa ko yamuhaye akayabo kugira ngo...
Umukinnyi Manishimwe Djabel yavuze ko kuba yarasinyiye ikipe ya APR FC ku munsi w’ejo byatewe n’amakosa y’abayobozi ba Rayon Sports bashyize hanze amakuru y’uko yasinyiye Gor Mahia hakiri kare...
Umukinnyi Nshuti Dominique Savio wavugwaga ko yarangije kumvikana na Rayon Sports nyuma yo kwirukanwa muri APR FC,yahinduye icyerekezo yerekeza mu ikipe ya Police...
Umutoza uri mu bushomeri Jose Mourinho,yateye umugongo ubusabe bw’ikigugu cyo mu Bushinwa, Guangzhou Evergrande, cyifuzaga kumuha amasezerano yari kumuhesha akayabo ka miliyoni 88 z’amapawundi...
Ikipe ya APR FC y’ubukombe mu Rwanda yamaze gusinyisha umutoza w’Umunya Maroc witwa Adil Mohammed Erradi amasezerano y’umwaka umwe ushobora kongerwa yemera kuzajya imuhemba akayabo ka miliyoni...
Umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka Robertinho yaraye yongereye amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe ya Rayon Sports aho yahise yongererwa amadolari ya USA, 500 ku...
Umukinnyi Niyonzima Ally uri mu beza mu Rwanda mu bakina hagati mu Kibuga, yongereye amasezerano y’imyaka 2 muri APR FC nyuma yo kumvikana n’iyi kipe yamuhaye akayabo k’ibihumbi 20 000 by’amadolari...
Umugore wa Wayne Rooney wari umaze kurambirwa imyitwarire y’umugabo we muri USA irimo ubusinzi bukabije,gusohokana n’abakobwa mu tubari n’ibindi,yamaze kumutegeka ko bagaruka iwabo mu Bwongereza...
Umwaka wa 2016 na 2017 ni imyaka yabaye mibi cyene kuri Zion Temple dore ko ari bwo humvikanye intambara y’amagambo hagati ya Apotre Gitwaza n’aba Bishops bari ibyegera bye. Aba ba Bishops...
Umutoza wa Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer yateje impaka ndende ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutangaza ko umusore muto witwa Mason Greenwood ariwe uzi gutsinda ibitego kurusha abandi...
Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo ukunze kugaruka kenshi mu binyamakuru kubera imyitwarire ye mu kibuga no hanze yacyo,yatumye benshi bacika ururondogoro kubera ukuntu akubye inshuro...
Umwarimu ukomoka muri Kenya witwa Peter Tabichi waherukaga gutorwa nka mwarimu mwiza kurusha abandi ku isi mu ntangiriro z’uyu mwaka yahuye na Perezida Donald Trump wa Amerika mu biro bye White...
Umutoza wa Liverpool witwa Jurgen Klopp yatangaje ko nubwo ari kubaka ibigwi bikomeye muri Liverpool,ashobora kuyivamo vuba kubera ikirere kibi cyo mu Bwongereza cyamugoye...
Ikipe ya Police FC yamaze guhagarika gahunda yayo yo gusinyisha amasezerano y’umwaka umwe umunyezamu uri mu bakomeye mu Rwanda,Kwizera Olivier wahoze akinira ikipe ya Free State Stars,kubera...