Rayon Sports yegukanye Super Cup inyagiye APR FC ibitego 3-0 bituma benshi mu bakunzi ba ruhago bayishimira uko yitwaye ndetse n’abakunzi ba ruhago bagaragaza amarangamutima...
Umudage wahoze atoza Ikipe y’Igihugu “Amavubi”,Antoine Hey, yatangajwe no kumva ko mwenewabo Torsten Frank Spittler bivugwa ko yatozaga mu cyiciro cya gatanu agiye guhabwa akazi ko gutoza...
Umunyemari Kakooza nkuriza Charles, KNC,aherutse gutangaza ko yafashe umwanzuro wo gusesa kipe ye ya Gasogi United,nyuma yo gutsindwa na AS Kigali igitego 1-0 mu mukino w’Umunsi wa 18 wa...
Rutahizamu Ani Elijah ari mu bakinnyi bitabiriye umwiherero w’Amavubi,yatangiye urugendo rwo kwitegura umukino wa Benin na Lesotho mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi...
Rutahizamu wa Bugesera FC, Ani Elijah, yasubiye mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ yitegura guhura na Bénin ndetse Lesotho mu mikino y’amatsinda yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya...
Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Rwanda Premier League akaba Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Shampiyona y’u Rwanda (Rwanda Premier League Board), Mudaheranwa Hadji Youssuf, yatangaje ko mu mwaka...
Umukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona wagombaga guhuza ikipe ya Mukura Victory Sports na Bugesera FC kuri uyu wa Gatandatu wamaze kwimurirwa ku Cyumweru mu gihe kandi n’umukino wa Police FC na APR...
Mashami Vincent yateye utwatsi amakuru avuga ko ari we mutoza ushobora kungiriza Antoine Hey mu ikipe y’igihugu Amavubi, ngo ntabyo azi. Gusa yemeza ko agiriwe icyizere yamwungiriza.
Nyuma y’uko...
Ikipe ya Rayon Sports idafite umutoza wayo mukuru Masudi Djuma irerekeza mu Bugesera gukina n’iyi kipe umukino w’ikirarane cy’umunsi wa 21 bitewe n’uko iyi kipe ya Rayon Sports yari mu imikino...
Kuri uyu Gatandatu tariki ya 11 Werurwe ikipe ya APR FC ibura abakinnyi 5 muri 11 bari basanzwe babanza mu ikibuga, irasura Kirehe FC mu umukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona.
Mu imyitozo ifatwa...
Shampiyona y’ikiciro cya mbere irakomeza hakinwa imikino y’umunsi wa 18 wa shampiyona ndetse n’umukino w’ikiriarane utarakiniwe igihe w’umunsi wa 16, Police FC iribukine na Rayon Sports, umukino uri...
Rwatubyaye Abdul, myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze kubona license ya FERWAFA imwemerera guhita atangira gukinira ikipe ya Rayon Sports ku mugaragaro.
Uyu musore yavuye mu ikipe ya APR...
Umukinnyi ukina mu ikibuga hagati mu ikipe ya APR FC, Butera Andrew arerekeza muri Maroc kuri uyu wa Gandatu kuvurirwayo imvune amaranye iminsi.
Ku isaha ya saa 16:00’ zo kuri uyu wa Gatandatu...
Umunyamabanga wa Rayon Sports Gakwaya Olivier avuga ko n’ubwo Rwatubyaye na Kone batarabona ibyangomba iyi kipe itabakeneye nonaha.
Rwatubaye Abdul na Tediane Kone bose batangiye imyitozo yabo...
Abasore ba APR FC biteguye kuba basezerera ikipe ya Zanaco FC mu mukino wo kwishyura mu irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo CAF Champions League, ni nyuma y’uko umukino ubanza amakipe...
Manishimwe Djabel, umukinnyi ukina hagati mu kibuga hagati asatira izamu mu ikipe ya Raypon Sports no mu ikipe y’igihugu yabatarengeje imyaka 20, aratangaza ko ikipe ya mwifuzaga yo mu Bufaransa...