Mu mukino w’ikirarane wari witezwe na benshi,ikipe ya APR FC yishyuye Police FC igitego yari yayitsinze mu gice cya mbere bigoranye,amakipe yombi anganya igitego...
Umutoza Haringingo Francis utoza Mukura VS yatangaje ko nyuma y’umukino baheruka gukina na APR FC bagatsindwa igitego 1-0 I Huye,atishimiye imisifurire ndetse afite impungenge ko byakomeza kubaho...
Ikipe ya APR FC ikomeje kwiyubaka kuko yamaze gusinyisha umwe mu bakinnyi bakiri bato bari kuzamuka neza, Ntwari Evode wasoje amasezerano n’ ikipe ya AS Kigali yakiniraga mu mwaka w’imikino...
Myugariro wa APR FC Manishimwe Emmanuel uzwi nka Mangwende amaze imyaka igera kuri 2 akundana na Uwase Claudio, umuyobozi wa Fan Club Intare za APR FC ndetse biravugwa ko bazarushinga mu mpera...
Rutahizamu Btiringiro Lague ahaye abafana ba APR FC noheli nziza nyuma yo kuyifasha gutsinda Kiyovu Sports igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona wabereye kuri stade ya Kigali I...
Mu mikino y’umunsi wa 13 yakomeje kuri iki Cyumweru taliki ya 06 Mutarama 2019,ikipe ya Marines FC yahagamye Mukura VS I Rubavu banganya igitego 1-1 mu gihe APR FC yaherukaga kubabaza abakunzi...
Kuri uyu wa Gatanu ikipe ya APR FC yamurikiye abakinnyi bayo umutoza wayo mushya Zlatko Krmpotić w’imyaka 60 ukomoka muri Serbia ndetse n’abakinnyi bashya bagera kuri 4 barimo Usengimana...
Rutahizamu Micheal Sarpong yatangaje ko ahora yibuka ko uwamuzanye mu ikipe ya Rayon Sports yamubwiye ko APR FC ariwe mukeba ukomeye wayo ndetse abafana bayo bagukunda iyo ubafashije...
Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri yongeye kugaragaza ko ari kabuhariwe mu gutera coup Franc kuko ebyiri yinjije hamwe na penaliti bifashije APR FC gutsinda Bugesera FC ibitego 3-0,mu mukino w’umunsi...
Ikipe ya APR FC yaraye itwawe igikombe cya shampiyona na Rayon Sports,yatsinzwe na Espoir FC ibitego 2-1, mu mukino w’umunsi wa 29, yakinnye byo kurangiza...
Umukinnyi w’ikipe ya Rayon Sports, Iranzi Jean Claude avuga ko gufata icyemezo cyo kwerekeza muri Rayon Sports, nyuma y’imyaka igera ku 8 bahanganye ubwo yakiniraga APR FC, ari icyemezo cyamugoye...
Umukinnyi w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Sandvikens IF yo muri Sweden, Yannick Mukunzi ngo afite amatsiko yo kureba umukino wa mbere uzahuza Rayon Sports na APR FC nyuma y’ibyabaye kuri aya makipe...
Ikipe ya APR FC yasanze Bugesera FC iwayo iyitsinda igitego 1-0 mu mukino wa kabiri wa shampiyona warangiye umutoza Bisengimana Justin agaragaza ko atishimiye imisifurire...
Mu mukino w’umunsi wa 3 wa shampiyona warebwe na myugariro David Luiz wa Arsenal,ikipe ya APR FC yahaye isomo rya ruhago Etincelles FC yari iyoboye shampiyona iyitsinda ibitego 3-0 mu gihe Rayon...
Ikipe ya APR FC ikomeje kugaragaza ko uyu mwaka idateganya kongera gutakaza igikombe kuko yisubije umwanya wa mbere wa shampiyona by’agateganyo kuri iki cyumweru,itsinda AS Muhanga ibitego...
Myugariro Niyomugabo Claude yeretse umutoza wa APR FC,Adil Mohamed ko ari umukinnyi ukomeye ukwiriye gushakirwa umwanya uhoraho mu kibuga,kuko yitwaye neza cyane mu mukino batsinzemo Espoir FC...
Uyu munsi ku mbuga nkoranyambaga hiriwe amakuru avuga ko abasirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda basuye abakinnyi ba APR FC kuri uyu wa kabiri taliki ya 18 Ukuboza 2019,hanyuma bakabemerera...
Ikipe ya APR FC yazanye umutoza w’inararibonye wo guhugura abatoza b’abanyezamu bayo witwa Hassan Hassan Haj Taieb usanzwe ari umwarimu w’abatoza b’abanyezamu warindiye amakipe akomeye yo ku mugabane...
Ikigo cya AZAM Group kigiye gukorana n’amakipe 2 akomeye hano mu Rwanda arimo APR FC na Kiyovu Sports mu kwamamaza ibikorwa byacyo bitandukanye gicuruza.
Ikipe ya Rayon Sports na APR FC zabonye amanota 3 y’umunsi wa 23 wa shampiyona ziyushye akuya bituma zikomeza guhangana mu rugamba rwo gushaka igikombe cya...
Umunyezamu wamamaye cyane mu Rwanda,Ndoli Jean Claude yatangaje ko mugenzi we Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame yagerageje kumuhemukira kenshi kugira ngo amuteshe umutwe bityo amutware umwanya mu...
Nyuma yo kunanirwa kumvikana na APR FC ku bijyanye no kuba yakongererwa amasezerano, Dr Nabil Bekroui wari umutoza wungirije muri iyi kipe yatangaje ko agomba gutandukana na yo akava mu Rwanda...
Kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Nyakanga 2020,ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwaramukiye mu gikorwa cyo kwereka abanyamakuru abakinnyi 4 bwaguze ndetse n’umutoza wayo yiha intego yo kugera mu...
Umuyobozi w’Ikipe ya Rayon Sports,Munyakazi Sadate yemeje ko ikipe ye ishobora kuzahura na APR FC mu mukino wa Gicuti mu rwego rwo gutegura umwaka w’imikino...
Visi Perezida wa APR FC,Afande Mubarakh yashimiye abakinnyi uko bitwaye 2019-2020, abasaba kubisubiramo 2020-2021 ndetse bakagera mu matsinda ya CAF Champions League ndetse bagatwara...
Rutahizamu mushya w’ikipe ya APR FC Tuyisenge Jacques yatangaje ko aje muri iyi ikipe gutanga umusanzu we mu rugamba rwo gushaka uko bakwitwara neza mu mikino nyafurika aho yemeje ko nta mukinnyi...