Abahanzi Nyarwanda barimo King James, Yvan Buravan na Chris Hat batoranyijwe mu bahanzi bazaririmbana na Koffi Olomide mu gitaramo giteganyijwe kuzabera I Kigali ku ya 4 Ukuboza (ukwa 12) muri...
Umuhanzi w’umunya-Nigeria JoeBoy yageze i Kigali mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki 1 Ugushyingo 2022,atangaza ko azi abahanzi babiri mu Rwanda aribo Ish Kevin na Bruce Melodie.
Uyu muhanzi...
Kuva mu mwaka wa 2017 kugeza muri 2018 byaragoranaga ko igitaramo kirimo umuhanzi w’igitsina gabo wa hano mu Rwanda kirangira nta mukobwa uguye igihumure cyangwa akarira yifuza guhura, kuvugana...
Umuhanzi Bruce Melodie niwe uyoboye abahanzi b’Abanyarwanda kuri ubu nyumayo gukora amateka yo kuba umuhanzi Nyarwanda wa mbere utsindiye Trace Awards.
Kuwa Gatandatu w’iki cyumweru nibwo hasojwe irushanwa rikomeye rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi, Dream Boys niyo yabaye itsinda rya kabiri ryegukanye iki gihembo cya...
Umuhanzi, ubifatanya no kuvura Muyombo Thomas benshi bazi nka Tom Close ahamya ko abahanzi b’ ibyamamare muri Afurika, batarusha Mugisha Benjamin ‘The Ben’ kuririmba ahubwo bamurusha ubushobozi bwo...
Abahanzi ni abantu bakomeye mu muryango (socety) w’ igihugu icyo ari cyo cyose ku isi. Ni abantu bagira uruhare rukomeye mu kwigisha, gukosora, no gushimisha abandi babinyujije mu buhanga bw’...
Bamwe mu bahanzi bari bakunzwe mu myaka yashize aho gutera imbere usanga basubira inyuma gahogahoro kugeza aho basa n’ abibagiranye burundu mu muziki.
Aba bahanzi bakurikira ni abahanzi bari...
Abahanzi bane bo mu Rwanda, bashyizwe ku rutonde rw’abagomba guhatanira ibihembo bikomeye bitangirwa mu gihugu cya Uganda byiswe ’HiPipo Music Awards’ bizatangwa i Kampala ku nshuro ya 6.
The Ben,...
Umuraperi Ama G The Black wari umaze iminsi arwaye yagarukanye umujinya awutura buri wese wumva ko yageze ku gasongera ku buzima, ngo byose birashoboka aho wari uri ejo wahavanwa cyangwa...
Padiri Deogratius Kateregga Kiibi wasomye misa yo gusezera Nyakwigendera Mowzey Radio yabwiye imbaga y’abahanzi bari baje gusezera kuri mugenzi wabo ko ubuzima babo ari ubwa agaciro ndetse...
Umuraperi wakunzwe mu bihe byahise A.Y Taliki ya 10 Gashyantare 2018 nibwo yasabye anakwa Umunyana Remy mu birori byabereye i Nyamata mu karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba. Aho inshuti...
Dj Pius kuri ubu uri mu bagize 1k Entertainment yatangaje ko kuri ubu bagiye gufasha abanyempano bakizamuka aho kuri ubu batangiranye n’umuhanz witwa Amalon.
Ahagana mu ma saha ya saa tanu z’amanywa ku itariki ya 4 Ukwakira 2018 ni bwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rwa Mucyo Sabine, umugore wa Uwagaba Caleb wari umaze iminsi arembeye mu bitaro bikuru bya...
Mu rwego rwo gutyaza ubwenge Kaminuza ya St Lawrence Univerity yatangaje ko yatanze amahirwe yo kwiga ‘Scholarships’ ku bahanzi 50 bakomoka muri Uganda.