Mu birori byo kwizihiza imyaka 10 Inkomoko imaze benshi abayobozi baakuru b’ibigo bikomeye hano mu Rwanda bigaragaje mu kuvanga imiziki bishimirwa na benshi cyane ko bari bamenyerewe kugaragara...
Mu Mafoto atandukanye ihere ijisho ibihe byiza byaranze ubukwe bw’umunyamakuru Uwimana Clarisse na wa B&B FM na Festus Bertrand bwabaye ku wa 3 Nzeri...
Umuhanzi uri mu bahanzi bakomeye i Burundi wamamaye nka Sat B yasubije abamushinjije kwambika umugore we uusa mu mashusho y’indirimbo bahuriyemo avuga ko kuri bo ibyabaye nta nka baciye...
Umuhanzikazi uri mu bagezweho hano mu Rwanda uzwi nka Bwiza yategujwe ko hari amafoto agaragaza uyu mukobwa ari gukora imibonanompuzabitsina agiye gushyirwa...
Bien-Aimé Baraza umwe mu bagize itsinda rya Sout Sol yahishuye byinshi yigiye ku Rwanda anavuga ijambo rikomeye yabwiye na Perezida Paul Kagame ubwo baheruka mu Rwanda mu muhango wo kwita izina...
Umuhanzi i Austin Richard Post wamenyekanye nka Post Malone yagize impanuka itunguranye ubwo yari ku rubyiniro abari mu gitaramo bose barikanga bibaza...
Chris wahoze mu itsinda rya Just Family yatangaje amatariki y’ibirori by’ubukwe bwe n’umukunzi we Claudine aherutse gusaba no gukwa mu Ugushyingo 2021 mu birori byabereye muri Leta zunze ubumwe...
Leandre Niyomugabo wari umunyamakuru wa Tv10 mu biganiro "10 Tonight"na "The Link Up" yasezeye kuri iyi Television yari amazeho imyaka igera muri itanu ashimira abo babanye ndetse asezeranya n’abo...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Patient Bizimana n’umuhore we Karamira Uwera Gentille bari mu byishimo byo kwibaruka umwana wabo w’imfura wavukiye muri Letazunze ubumwe...
Coolio, umuhanzi w’injyana ya rap wo muri Amerika wamenyekanye cyane kubera indirimbo ye ‘Gangsta’s Paradise’ yakunzwe n’abatari bake yitabye Imana ku myaka...
Nyma y’aamezi abiri umuhanzi Yvan Buravan wari umaze kwigarurira imitima ya benshi umubyeyi we ari we se umubyara yamuvuze ibigwi yifashishije umuvugo...
Abagize umuryango wa Dj Miller bafatanyije n’inshuti bateguye igitaramo cyo kwizihiza u buzima bwe nyuma y’imyaka ibiri yitabye Imana ndetse babihuza no kwizihiza isabukury ye...
Umuhanzi Niyo Bosco uri mu beza mu Rwanda yatandukanye na MIE Empire yamufashije kuva yatangira umuziki kugeza ubu.
Abinyujije ku rubuga rwa Instagram,Niyo Bosco yasezeye kuri Irene Murindahabi...
Mugisha Robinson Fred wamamaye nka Element uri mu ba Producer bakunzwe hano mu Rwanda by’akarusho akaba anyuzamo nawe akaririmba yahishuye ko yizerera mu rukundo cyane nubwo atarurimo ariko...
Umuhanzikazi Ariel Wayz umaze kwigarurira imitima ya benshi kubera impano ye itangaje yahishuy uko yisanze ari umufana w’ikipe ya Rayon Sports kandi atari asanzwe ari umufana w’umupira...
Umuhanzi akaba n’umushoramari mu muziki wa Nigeria,Michael Collins Ajereh uzwi nka Don Jazzy yaciye amarenga ko ari mu rukundo n’umukobwa uturuka mu Rwanda.
Uyu muyobozi w’inzu ya Mavin Records...
Ibyamamare hano mu Rwnda byashenguwe bikomeye n’urupfu rwa Kinyoni umwe mu basore babarizwaga muri Country Records ndetse akaba yaranagize uruhare rukomeye mu iyandikwa ry’indirimbo nyinshi...
Mu minsi mike ishize nibwo Turahirwa Moses washinze Moshions yatangaje ko yeguye ku nshingano zo kuba umuhanzi w’imyambaro y’abagore n’abagabo ikorerwa muri iyi nzu ahubwo akaguma ari...
Umusore w’imyaka 16 yatawe muri yombi na Polisi yo mu mujyi wa Houston, akurikiranyweho kurasa akica umuraperi Takeoff wabarizwaga mu itsinda rya Migos, ryashinzwe mu...
Indirimbo ‘Basi sorry’ ya Passy Kizito na Chris Eazy igiye kuzuza icyumweru iyoboye urutonde rw’indirimbo zirindwi zo muri Afurika zigezweho kuri RFI binyuze mu kiganiro ‘Afro...