Ahagana mu ma saha ya saa tanu z’amanywa ku itariki ya 4 Ukwakira 2018 ni bwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rwa Mucyo Sabine, umugore wa Uwagaba Caleb wari umaze iminsi arembeye mu bitaro bikuru bya...
Dj Pius kuri ubu uri mu bagize 1k Entertainment yatangaje ko kuri ubu bagiye gufasha abanyempano bakizamuka aho kuri ubu batangiranye n’umuhanz witwa Amalon.
Umuraperi wakunzwe mu bihe byahise A.Y Taliki ya 10 Gashyantare 2018 nibwo yasabye anakwa Umunyana Remy mu birori byabereye i Nyamata mu karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba. Aho inshuti...
Padiri Deogratius Kateregga Kiibi wasomye misa yo gusezera Nyakwigendera Mowzey Radio yabwiye imbaga y’abahanzi bari baje gusezera kuri mugenzi wabo ko ubuzima babo ari ubwa agaciro ndetse...
Umuraperi Ama G The Black wari umaze iminsi arwaye yagarukanye umujinya awutura buri wese wumva ko yageze ku gasongera ku buzima, ngo byose birashoboka aho wari uri ejo wahavanwa cyangwa...
Abahanzi bane bo mu Rwanda, bashyizwe ku rutonde rw’abagomba guhatanira ibihembo bikomeye bitangirwa mu gihugu cya Uganda byiswe ’HiPipo Music Awards’ bizatangwa i Kampala ku nshuro ya 6.
The Ben,...
Bamwe mu bahanzi bari bakunzwe mu myaka yashize aho gutera imbere usanga basubira inyuma gahogahoro kugeza aho basa n’ abibagiranye burundu mu muziki.
Aba bahanzi bakurikira ni abahanzi bari...
Abahanzi ni abantu bakomeye mu muryango (socety) w’ igihugu icyo ari cyo cyose ku isi. Ni abantu bagira uruhare rukomeye mu kwigisha, gukosora, no gushimisha abandi babinyujije mu buhanga bw’...
Umuhanzi, ubifatanya no kuvura Muyombo Thomas benshi bazi nka Tom Close ahamya ko abahanzi b’ ibyamamare muri Afurika, batarusha Mugisha Benjamin ‘The Ben’ kuririmba ahubwo bamurusha ubushobozi bwo...
Kuwa Gatandatu w’iki cyumweru nibwo hasojwe irushanwa rikomeye rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi, Dream Boys niyo yabaye itsinda rya kabiri ryegukanye iki gihembo cya...
Urubyiruko rugera kuri 50 rwaturutse mu karere ka Rwamagana ruyobowe n’ubuyobozi bwa karere n’umufatantabikorwa wabo Gashumba Foundation basuye igicumbi cy’intwari giherereye I Remera, baza no...
Islael Mbonyi yifatanyije n’abarenga 100 baturuka mu bihugu bitandukanye mu rugendo
rutagatifu ’Twende Jelusalem’ n’urugendo rwahujwe na Pasika aho aba Kristo benshi barwitabiriye ku...
Aba bakobwa bamaze igihe gito bagarutse mumuziki bavuga ko bari barihaye ikiruhuko bageze i Kampala muri Uganda aho bafite igitaramo kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Werurwe 2022 cya mbere...
Abahanzi nyarwanda bari bahagarariye u Rwanda muri AFRIMA Awards 2021, batahiye amara masa Shanah Manjeru yaciye agahigo ko kwegukana ibihembo bya AFRIMA ari muto ku myaka ye 13...
Ku nshuro ya mbere abahanzi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda bashyiriweho igikorwa gihuriza hamwe abagezweho bagahatana uwitwaye neza...
Umuhanzi Ingabire Marina yamaze gusesa amasezerano yari afitanye n’inzu ifasha abahanzi ya The Mane. Marina aje yiyongera kuri Queen Cha na Aristide Gahunzire nabo batandukanye na The Mane mu...