Icyorezo cya Covid-19 gikomeje gushegesha imikino ku isi aho mu Bwongereza umukino wagombaga guhuza ikipe ya Newcastle na Aston Villa kuwa Gatanu w’iki cyumweru wasubitswe kubera umubare munini...
Umwongereza wamamaye mu ikipe ya Manchester United,Wayne Rooney,yavuze ko yahuye n’abakinnyi bakomeye cyane ku isi ariko ngo hari 04 bamugoye kurusha abandi agendeye ku myanya...
Umutoza wa Chelsea,Frank Lampard ugiye guhura na Manchester United kuri uyu wa Gatandatu, yabwiye abakinnyi be ko bagomba kuva mu bwana bakaba bakuru mu...
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 24 Nzeri 2020, nibwo habaye umuhango wo Kwita izina abana 24 b’ingagi ku nshuro ya 06 witabiriwe n’abakinnyi 3 b’ikipe ya Arsenal.
Bimwe mu binyamakuru byo mu Bwongereza byatangaje ko ikipe ya Arsenal yahaye Atletico Madrid abakinnyi bayo 3 barimo Hector Bellerin, Lucas Torreira cyangwa Alexandre Lacazette kugira ngo ibone...
Ikipe ya Atletico Madrid yatangaje ko abakinnyi bayo 2 bapimwe bagasanganwa Coronavirus ari myugariro Sime Vrsaljko na rutahizamu Angel Correa,ndetse aba ntibazagaragara mu mukino wa 1/4 wa...
Raporo y’amafaranga yaguzwe abakinnyi muri Rayon Sports n’ayinjiye ku bibuga ubwo iyi kipe yayoborwaga na Muvunyi Paul mu mwaka w’imikino wa 2019/20 ntibivugwaho rumwe nyuma y’uko bigaragaye ko...
Ikipe ya Real Madrid iri muri gahunda yo kugurisha bamwe mu bakinnyi bayo batabona umwanya uhagije wo gukina nabo yatije kugira ngo ibone amafaranga yo gushora ku isoko ngo igure abakinnyi...
Munyakazi Sadate uyobora Rayon Sports ahamya ko ubuyobozi bw’iyi kipe buri kubaka ikipe ikomeye ishobora no guhatana no ku rwego mpuzamahanga mu gihe iyi kipe nayo byakwemezwa ko izahokera u...
Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 19 Gicurasi 2020,nibwo ikipe ya Gasogi United y’umushoramari Kakoza Nkuriza Charles yasinyishije umwe mu bakinnyi beza muri shampiyona y’uyu mwaka Iradukunda Jean...
Ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne ifite gahunda yo kwiyubaka bikomeye ubwo isoko rizaba rifunguye ariyo mpamvu yiyemeje kugurisha abakinnyi 6 bo mu ikipe ya mbere barimo Gareth Bale na James...
Nyuma yo kutabona amakuru y’igihe bazahererwa imishahara yabo mu gihe gahunda ya “Guma Mu Rugo”, bivuze ko nta n’ahandi bakura ibibatunga muri iyi minsi, bamwe mu bakinnyi b’ikipe ya Rayon Sports...
Ikipe ya Gicumbi FC yahawe amakarita 2 y’umutuku yahagamye Rayon Sports iyibuza kwegukana amanota 3 y’umunsi wa 24 wa shampiyona warangiye banganyije igitego 1-1 kuri stade ya Kigali I...
Umuyobozi wa Gasogi United,Kakoza Nkuriza Charles yabwiye abanyamakuru ko atumva ukuntu ikipe ye yatsinzwe na Mukura VS imaze amezi ane itazi ikitwa umushara bituma ashinja abakinnyi be kugira...
Kapiteni w’ibihe byose wa Liverpool,Steven Gerrard usigaye ari umutoza w’ikipe ya Rangers,yavuze ko mu ikipe y’abakinnyi 11 b’ibihe byose yahuye nabo atashyiramo Cristiano Ronaldo ngo kuko adakinana...
Abasirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda (RDF) barangajwe imbere n’Umuyobozi w’icyubahiro wa APR FC akaba n’Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu bijyanye n’Umutekano, Gen James Kabarebe, ku cyumweru...
APR FC yakinnye iminota 43 ari abakinnyi 10,yihimuye kuri Rayon Sports yayitwaye igikombe cya shampiyona Umwaka ushize,iyitsinda ibitego 2-0 mu mikino w’umunsi wa 15 WA...
Umukinnyi Kevin de Bruyne witwaye neza mu mukino ikipe ye ya Manchester City yatsinzemo Arsenal ibitego 3-0 ku Cyumweru gishize,yavuze ko Arsenal yahemukiwe n’abakinnyi b’imbere batigeraga bagaruka...
Umutoza wa Inter Milan,Antonio Conte,yemeye ko yagiriye inama abakinnyi be yo kujya bagabanya imbaraga bakoresha mu gutera akabariro kuko bishobora kubangamira akazi...
Muri uyu mugoroba wo kuri uyu wa Mbere taliki ya 21 Ukwakira 2019,ikinyamakuru France Football cyashyize hanze abakinnyi 30 bazatoranywamo uzegukana Ballon d’or ya 2019 barimo nk’ibisanzwe Messi na...
Kuva ku wa kabiri, abakinnyi batanu b’ikipe y’igihugu ya Eritrea ntabwo barongera kuboneka nyuma yo kuva muri Hoteli bari bacumbitsemo iherereye mu gihugu cya...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze kubona umutoza mushya wo gusimbura Robertinho ndetse ku munsi w’ejo azerekwa abakinnyi n’abafana bazaba bari kuri stade y’I Ngoma iyi kipe iri gukoreraho...
Umutoza mushya wa Chelsea Frank Lampard yavuze ko nubwo ikipe ye yatsindiwe kuri penaliti na Liverpool mu guhatanira igikombe cya Super Cup ariko abakinnyi be bose bitwaye neza by’umwihariko Mason...
Umuyobozi wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate yabwiye abakinnyi ko gushyira hamwe aribyo bizatuma basezerera Al Hilal mu mikino ya CAF Champions League ariko abasaba kuzasigasira igikombe cya...