Ikipe ya Bugesera FC yunamiye inzirakarengane zishyinguye mu rwibutso rwa Jenoside rwa Nyamata mu karere ka Bugesera.
Kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Mata 2023 ubwo abanyarwanda n’isi yose muri...
Umuryango wa Rayon Sports wunamiye inzirakarengane zishyunguye ku rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro, zazize Jenoside yakorewe Abatutsi.
Rayon Sports yabanje gukora urugendo rwo kwibuka ku nshuro...
Umusifuzi wo ku ruhande wagaragaye atera inkokora myugariro Andy Robertson nta gihano azahabwa na FA.
Constantine Hatzidakis yaravuzwe cyane mu binyamakuru nyuma yo kugaragara akubita inkokora...
Umutoza wa Liverpool, Jurgen Klopp, yagereranije ibiganiro byo gushora amafaranga menshi ku isoko n’umwana w’imyaka itanu usaba impano ya Ferrari kuri Noheri.
Nubwo yavuzwe cyane mu kugura...
Bivugwa ko ikipe ya FC Barcelona ishaka guha Lionel Messi 15% gusa y’umushahara y’umushahara yamuhaga kera kugira ngo ayigarukemo mu mpeshyi.
Iki gihangange cyo muri Espagne kiri kugerageza...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko umukino wa Rayon Sports na Rwamagana City uzasubukurwa kuri Iki Cyumweru.
FERWAFA ibinyujije kuri Twitter yagize it "Kubera...
Myugariro Victor Lindelof niwe wateye penaliti yafashije Manchester United kugera ku mukino wa nyuma wa FA Cup aho izahurira na mukeba wayo baturanye Manchester City.
Nyuma yo gutsinda penaliti...
Ku munsi w’ejo taliki 1 Gicurasi 2023 ni bwo byari biteganyijwe ko abakinnyi ba Paris Saint-Germain bahurira kuri Camp des Loges, aho basanzwe bakorera imyitozo nyuma y’umunsi umwe batsinzwe na FC...
Nyuma y’uko Manchester City inyagiye imvura y’ibitego4-1 ikipe ya arsenal, ku mukino uheruka kuyihuza,iyi kipe nayo yihimuye ku ikipe ya Chelsea iyitsinda ibitego...
Rayon Sports nyuma yo gutakaza amahirwe ku gikombe cya shampiyona y’uyu mwaka , ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere Gicurasi tariki ya 8 Gicurasi nibwo inkuru yakwirakwiye ko ubuyobozi bwa Rayon...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryateye utwatsi ikirego Umutoza w’Umunya-Maroc Adil Erradi Mohammed yari yarezemo APR FC ko yahagaritswe binyuranyije...
Ku wa Kabiri, tariki 16 Gicurasi 2023, ni bwo biteganyijwe ko amakipe arindwi, yiyongera kuri REG BBC iri mu rugo, yabonye amatike yo gukina imikino ya nyuma ya BAL 2023, agera i...
Minisitiri muri Minisiteri ya Siporo (MINISPOC), Aurore Mimosa Munyangaju yagaragaye ku kibuga cya Lyce de kigali (LDK) ku mukino wahuje Espoir BBC na NBA...