skol
Kigali

Search: Abakinnyi (6023)

Bugesera FC yunaniye abazize Jenoside bashyinguwe mu rwibutso rwa Ntarama

Ikipe ya Bugesera FC yunamiye inzirakarengane zishyinguye mu rwibutso rwa Jenoside rwa Nyamata mu karere ka Bugesera. Kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Mata 2023 ubwo abanyarwanda n’isi yose muri...
8 April 2023 238 0

Rayon Sports yunamiye inzirakarengane zishyinguye ku rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro

Umuryango wa Rayon Sports wunamiye inzirakarengane zishyunguye ku rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro, zazize Jenoside yakorewe Abatutsi. Rayon Sports yabanje gukora urugendo rwo kwibuka ku nshuro...
8 April 2023 1663 0

Umukinnyi wa Filime Gérard Depardieu akurikiranyweho ibyaha byo gufata ku ngufu abagore 13

Nyuma y’igihe umukinnyi wa filime w’umufaransa Gérard Xavier Marcel Depardieu akurikiranyweho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina yakoze muri 2018 yongeye kujynwa mu nkinko akurikiranyweho...
13 April 2023 360 0

CAF yahaye ibihano bikarishye abasifuzi batanditse ikarita y’umuhondo ya Kevin Muhire

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika,CAF yahagaritse abasifuzi basifuye umukino wa Benin n’u Rwanda kubera ikosa bakoze ryo kwibagirwa kwandika ikarita y’umuhondo bahaye Kevin Muhire....
14 April 2023 2194 0

Umusifuzi wakubise inkokora myugariro wa Liverpool yaciriwe urubanza

Umusifuzi wo ku ruhande wagaragaye atera inkokora myugariro Andy Robertson nta gihano azahabwa na FA. Constantine Hatzidakis yaravuzwe cyane mu binyamakuru nyuma yo kugaragara akubita inkokora...
15 April 2023 1410 0

Umutoza Klopp yahaye igisubizo gitangaje abamubajije niba azashora akayabo ku isoko

Umutoza wa Liverpool, Jurgen Klopp, yagereranije ibiganiro byo gushora amafaranga menshi ku isoko n’umwana w’imyaka itanu usaba impano ya Ferrari kuri Noheri. Nubwo yavuzwe cyane mu kugura...
15 April 2023 1370 0

Ibyo wamenya ku itsinda ry’abagore 6 b’I Kigali rigizwe n’abatunze agatubutse gusa[AMAFOTO]

Kuri ubu ku mbugankoranyamabaga zitandukanye by’umwihariko abakoresha urubuga rwa Instagram, bamaze amasaha make batangiye kubona itsinda ’Kigali Boss Babes’, rigizwe n’abagore b’ikimero n’uburanga...
17 April 2023 4209 0

Bashaka gutangiza ikiganiro cya “Reality Tv Show” Menya byinshi kuri rya tsinda ry’abaherwekazi 6 b’i...

Itsinda ry’abagore 6 b’ikimero n’ubwiza ‘Kigali Boss Babes’ bagiye gutangira gukora ibiganiro bica kuri televiziyo bivuga ku buzima bwite bwabo bizwi nka ‘Reality TV Show’, nk’umwe mu mushinga wabo wa...
18 April 2023 1983 0

Cristiano Ronaldo yanize umuntu mu kibuga bitangaza benshi

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo,yanize umukinnyi bari bahanganye ariko ntiyahabwa ikarita itukura nkuko yabisabirwaga nabo bari bahanganye. Ku munsi w’ejo nibwo muri Saudi...
19 April 2023 1909 0

Urutonde rw’abakobwa 10 b’ibyamamare babi kurusha abanda ku isi [AMAFOTO]

Ubwiza si ingenzi cyane mu murimo wose waba ukora mugihe ufite impano, ubuhanga, ubwenge ndetse uzi neza gukora umurimo wawe neza uko bigomba. Hari abantu b’ibyamamare kandi bazwi cyane ku isi,...
19 April 2023 1887 0

Umutoza w’Amavubi yahishuye ukuri ku byavuzwe ko yifuza gusesa amasezerano

Biravugwa ko umutoza w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi,Carlos Ferrer yamaze gusaba ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA ko baganira ku hazaza he. Carlos Alós Ferrer utoza Amavubi...
20 April 2023 1974 0

Urubuga rwa Twitter rwakuriyeho ‘Blue tick’ ibyamamare byinshi bitishyuye

Urubuga rwa Twitter rwakuyeho akamenyetso k’ubururu kajyaga gashyirwa kuri konti za bamwe mu barukoresha kazwi nka ‘verified’.
21 April 2023 381 0

FC Barcelona yasabye ikintu gitangaje Lionel Messi kugira ngo imugarure

Bivugwa ko ikipe ya FC Barcelona ishaka guha Lionel Messi 15% gusa y’umushahara y’umushahara yamuhaga kera kugira ngo ayigarukemo mu mpeshyi. Iki gihangange cyo muri Espagne kiri kugerageza...
21 April 2023 2339 0

FERWAFA yahishuye igihe nuko umukino wa Rayon Sports na Rwamagana City uzasubukurwa

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko umukino wa Rayon Sports na Rwamagana City uzasubukurwa kuri Iki Cyumweru. FERWAFA ibinyujije kuri Twitter yagize it "Kubera...
22 April 2023 2335 0

Man United izahurira na Man City ku mukino wa nyuma wa FA Cup bwa mbere mu mateka

Myugariro Victor Lindelof niwe wateye penaliti yafashije Manchester United kugera ku mukino wa nyuma wa FA Cup aho izahurira na mukeba wayo baturanye Manchester City. Nyuma yo gutsinda penaliti...
24 April 2023 510 0

USA:Umusore yahishuye impamvu yahisemo kwitereshaho ikibuno nkicya Nick Minaj(Amafoto)

Muri Leta zunze ubumwez’America umusore witwa Rudy Villalobos w’imyaka 28 yahishuye impamvu yahisemo kwitereshaho ikibuno nkicya Nick Minaj anasaba abantu kubaha amahitamo ye bakareka gukomeza...
24 April 2023 2889 0

Yasambanyije abagore 1000 abifashijwemo no kuba umukinnyi udakina

Umunya Brazil,Carlos Kaiser yamaze imyaka 13 yitwa ko ari umukinnyi wabigize umwuga nyamara nta mukino n’umwe yakinnye ndetse yemeje ko yasambanyije abagore 1000. Uyu mugabo wabaye umuyobozi...
25 April 2023 1759 0

Mikel Arteta yahishuye uburyo arakoresha agafata Erling Haaland

Umutoza Mikel Arteta yatangaje ko uburyo bumwe bwo gufata kizigenza Erling Haaland ari uguhagarika abamugaburira imipira inyuma ye ndetse ko aribyo yiteze gukoresha bahura. Haaland amaze...
26 April 2023 975 0

Hamenyekanye impamvu y’urugendo rwa Lionel Messi muri Saudi Arabia

Ku munsi w’ejo taliki 1 Gicurasi 2023 ni bwo byari biteganyijwe ko abakinnyi ba Paris Saint-Germain bahurira kuri Camp des Loges, aho basanzwe bakorera imyitozo nyuma y’umunsi umwe batsinzwe na FC...
2 May 2023 1387 0

Arteta yihimuriye kuri Chersea bimugabanyiriza igitutu mu bafana ba Arsenal

Nyuma y’uko Manchester City inyagiye imvura y’ibitego4-1 ikipe ya arsenal, ku mukino uheruka kuyihuza,iyi kipe nayo yihimuye ku ikipe ya Chelsea iyitsinda ibitego...
3 May 2023 532 0

Igihanganjye Lionel Messi yaciye bugufi asaba imbabazi ikipe ye ya PSG

Rutahizamu w’Umunya-Argentine, Lionel Messi, yasabye imbabazi bagenzi be nyuma y’uko ataye akazi akajya muri Arabie Saoudite adasabye uruhushya ikipe ye ya Paris...
6 May 2023 1146 0

Umugambi wo kwirukana umutoza wa Rayon Sports waburijwemo

Rayon Sports nyuma yo gutakaza amahirwe ku gikombe cya shampiyona y’uyu mwaka , ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere Gicurasi tariki ya 8 Gicurasi nibwo inkuru yakwirakwiye ko ubuyobozi bwa Rayon...
9 May 2023 1793 0

Mu mafoto ihere ijisho ikimero cya Yolo The Queen wasazije umuhanzi Harmonize[AMAFOTO]

Kuri ubu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hamaze iminsi yacicikana amakaru y’umubano wihariye w’umuhanzi umaze kubaka azina muri Afurika y’iburasirazuba Harmonize ,n’umunyarwandakazi Yolo The...
11 May 2023 6003 0

Premier League: Arsenal yabererekeye Manchester City iri gukoza imitwe y’intoki ku Gikombe

Arsenal yatsinzwe na Brighton & Hove Albion ibitego 3-0, itakaza amahirwe yo kwegukana Igikombe cya Shampiyona imaze hafi imyaka 20 yifuza kongera...
15 May 2023 290 0

Kera kabaye umwanzuro ku kirego cya Adil yarezemo APR FC FIFA yawutanze

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryateye utwatsi ikirego Umutoza w’Umunya-Maroc Adil Erradi Mohammed yari yarezemo APR FC ko yahagaritswe binyuranyije...
16 May 2023 1610 0

BAL 2023: Amakipe azakina imikino ya nyuma ategerejwe i Kigali kuri uyu wa kabiri

Ku wa Kabiri, tariki 16 Gicurasi 2023, ni bwo biteganyijwe ko amakipe arindwi, yiyongera kuri REG BBC iri mu rugo, yabonye amatike yo gukina imikino ya nyuma ya BAL 2023, agera i...
16 May 2023 300 0

Nyina wa Cristiano yavuze igituma atagisura urugo rw’umuhungu we cyane

Dolores Aveiro ubyara kizigenza muri ruhago, Cristiano Ronaldo, yasobanuye impamvu atajya agaragara cyane yavuye muri Portugal ngo ajye gusura cyane umuhungu we muri Saudi Arabia. Ntabwo...
16 May 2023 2132 0

Jimmy Mulisa agiye guhabwa amasezerano nk’umukozi uhoraho mu Amavubi

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Mulisa Jimmy, agiye guhabwa amasezerano nk’Umutoza wungirije mu Ikipe y’Igihugu "Amavubi".
20 May 2023 1194 0

Abayovu bararanye intimba n’agahinda nyuma yo gusiga Igikombe Inyagatare bakitahira i Kigali

Umukino waraye ubaye ,ubujije amahirwe ikipe ya Kiyovu Sports amahirwe yo gutwara igikombe cya Shampiyona, aho yatsinzwe igitego 1-0 n’ikipe ya Sunrise FC y’Inyagatare. Uyu mukino waraye ubereye...
22 May 2023 798 0

Update:Minisitiri Mimosa wavugwaga ko yatawe muri yombi yagaragaye ku kibuga cya LDK

Minisitiri muri Minisiteri ya Siporo (MINISPOC), Aurore Mimosa Munyangaju yagaragaye ku kibuga cya Lyce de kigali (LDK) ku mukino wahuje Espoir BBC na NBA...
23 May 2023 1101 0
0 | ... | 5700 | 5730 | 5760 | 5790 | 5820 | 5850 | 5880 | 5910 | 5940 | ... | 6000