Umuvugizi wa Sosiye Sivile y’Abanyamulenge ba Minembwe, Ruvuzangoma Rubibi Cadet, kuri uyu wa 5 Mutarama 2023, yavuze ko bakomeje guterwa impungenge n’imikoranire iri hagati y’abasirikare b’u...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda,Alain Mukuralinda yavuze ko u Rwanda ruzakomeza kwakira impunzi.
Yavuze ko ari igihugu kizi icyo kuba impunzi aricyo ariyo mpamvu bidakwiriye ko...
Igisasu cy’igicurano cyishe abantu barenga 10 gikomeretsa benshi mu bari mu rusengero kuri iki cyumweru mu mujyi wa Kasindi mu ntara ya Kivu ya ruguru ya DR Congo, nk’uko abategetsi babitangaza....
Igihugu cya Angola cyatangaje ko kigiye kohereza umutwe w’abasirikare kabuhariwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma yo kubona ko Ingabo za EAC zigenda biguru ntege mu guhosha intambara...
Kuri iki cyumweru taliki 07/5/2023 guhera saa tatu za mu gitondo ku Mayaga i Kibilizi cya Matara (Muri Nyanza) ahitwa ku Ibambiro ahari urusengero rwa ADEPR tuzibuka ku nshuro ya 29 Abagore...
Ahitwa ku Ibambiro hari urusengero rwa ADEPR muri Kibilizi yo mu Karere ka Nyanza,ahiciwe Abagore n’Abana mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 hagiye kubakwa urwibutso rwihariye rwo ku...
Inkuru y’itabwa muri yombi rya Kayishema Fulgence wafatwaga nka nimero ya mbere mu bashakishwa ku bw’uruhare rwabo muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ni imwe mu ziri kuvugwa cyane ku Isi. Gusa...
Nyuma yuko Perezida w’u Burundi Evariste NDAYISHIMIYE atangaje ko hari abayobozi bakuru basahuye umutungo wa Leta, ndetse akababwira ko bashobora guhomba za miliyari babitse mu ngo zabo, Bank...
Abaturage bo muri Bwito, Teritwari ya Rutshuru (Kivu y’Amajyaruguru) basabye, kuri uyu wa Kane, itariki ya 13 Nyakanga, ko ingabo za EAC zoherezwa mu karere kabo gutandukanya inyeshyamba za M23...
Uko iminsi yicuma niko ibirego bishya byisukiranya kuri General de Police Alain Guilaume Bunyoni ufunzwe n’ubutegetsi bw’uwo barwananye urugamba kuva mu myaka ya 1990 nyuma bakaza gupfa intebe...
Abantu baturuka mu karere k’ibiyaga bigari baba muri Zambia baherutse gufatwa n’inzego z’umutekano n’izishinzwe abinjira n’abasohoka, mu gikorwa bavuga ko gisa n’umukwabu wo gushakisha abadafite...
Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri...
Ikipe ya Rayon Sports yazindukiye mu myitozo ku kibuga cy’imyitozo cyo mu Nzove (Skol Stadium) mbere yo gutangira urugendo rwo kujya gushaka uko rwasubira mu matsinda ya CAF Confederation...
Ikipe ya Rayon Sports yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi izajyana muri Libya aho izakirwa na Al Hilal SC mu mukino ubanza wa CAF Confederation Cup uzaba ku wa...
Ikipe ya Rayon Sports yageze mu mujyi wa Benghazi muri Libya aho igiye gukina na Al Hilal Benghazi mu mukino ubanza w’ijonjora rya nyuma ryo kwerekeza mu matsinda ya CAF Confederation...
Nyuma y’ubusabe bwa Al Hilal Benghazi na Rayon Sports ko umukino wakwimurirwa I Kigali, CAF yamaze gusubiza ayo makipe ko Rayon Sports ariyo igomba kwemera ko umukino wabera mu...
The Ben ari kumwe n’umugore we, Uwicyeza Pamela bahagurutse i Kigali kuri uyu wa 27 Nzeri 2023 berekeza i Bujumbura aho bitabiriye ibitaramo uyu muhanzi afite i...
Umutekano wari wongerewe cyane mu mujyi wa Rumonge mu ijoro ryo ku cyumweru ku kigero kitari kimenyerewe aho abapolisi benshi bakomeje kuzenguruka birukana abantu bari mu tubari no mu ma...