Abakobwa 21 nibo bamaze kwemezwa nk’abanyempano kurusha abandi mu 120 bahatanira irikamba rya Miss World 2016. Miss Mutesi Jolly uhagarariye u Rwanda ntiyabonetse mu 21.
Nyampinga w’u Rwanda...
Perezida wa Angola Jose Eduardo dos Santos umaze imyaka 37 ku butegetsi, ari nawe wa kabiri mu bakuru b’ ibihugu batinze ku butegetsi muri Afurika yatangaje ko atazongera kwiyamamaza mu matora...
Umuryango wa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame wifurije abana b’ u Rwanda gusoza neza umwaka wa 2016 unabifuriza ko utaha wa 2017 wazabababera umwaka w’ uburumbuke.
Ni mu birori bisoza umwaka...
Ibiro by’ Amerika gishinzwe ubutasi cyahishuye ko igihugu cy’ Uburusiya kivanze mu matora y’ umukuru w’ igihugu aheruka kuba muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika bigatuma Donald Trump atorwa binyuze mu...
Umushumba wa Kiliziya Gatorika ku isi , Papa Francis, yahaye Abapadiri amabwiriza yo kwigisha abakirisitu ibijyanye n’imihindagurukire y’ikirere cyane ko ari ingirakamaro ku buzima bwa muntu....
Umukinnyi wa Rayon n’ikipe y’iguhugu y’u Burundi, Kwizera Pierrot aratangaza ko atakerekeje muri Maroc mw’igeragezwa mu ikipe ya FAR Rabat, bitewe n’uko ubuyobozi bw’iyi kipe hari ibyo butarumvikana...
Bamwe mu bahanzi bari bakunzwe mu myaka yashize aho gutera imbere usanga basubira inyuma gahogahoro kugeza aho basa n’ abibagiranye burundu mu muziki.
Aba bahanzi bakurikira ni abahanzi bari...
Ibirori byo guhemba abahanzi Nyarwanda bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu bihangano byabo, kuva mu mwaka wa 2015 kugeza mu mwaka 2016 byari biteganyijwe kuba tariki ya 23 Ukuboza 2016 byasubitswe...
Sosiyete Sivile ivuga ko uretse kuba Perezida Paul Kagame atarishimiye bamwe mu bayobozi bishimiraga ibigenda gusa mu nama y’igihugu y’umushyikirano, hari ngo n’abandi bayobozi bakuru iyo bamuri...
Muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo abantu 20 bishwe n’abashinzwe umutekano ubwo bigaragambyaga basaba ko Perezida Kabila ava ku butegetsi.
Ni mu myigaragambyo yabaye kuri uyu wa...
Kuri uyu wa Kane tariki 22 Ukuboza ikinyamakuru Umuryango. rw nibwo cyatangaje amakuru y’umugore witwa Akaniwabo Jacqueline yavugaga ko yakubiswe n’umuyobozi wa sitasiyo ya polisi ya Jabana ubwo...
Seninga Innocent, umutoza w’ikipe ya Police FC yatangaje ko intwaro iri kumufasha gutsinda, akaba agejeje imikino 9 adatsindwa ari uko yiyumvanamo n’abakinnyi be,bakamufata nka mukuru wabo nawe...
Uko abakundanye bahuza ubwumvikane mu buryo batwaramo urukundo rwabo biri mu bituma barambana nta kwishishanya kuko hari abakundana benshi bagatandukana hadaciye kabiri kubera imyumvire...
Bamwe mu bakoze imirimo yo kubaka mu muhanda Save-Mamba-Gikonko mu Karere ka Huye bahangayikishijwe no kuba umwaka urangiye batabonye amafaranga bakoreye.
Aatarishyuwe ni a bakoraga imirimo ya...