Umuyobozi wa Basketball Africa League, Amadou Gallo Fall yatangaje ko Umujyi wa Kigali ari wo uzakira imikino ya nyuma y’irushanwa rihuza amakipe 12 yo muri Afurika rizaba kuba ku nshuro ya mbere...
Ku wa Mbere, tariki ya 29 Nyakanga 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Umunyamakuru Tuyishimire Constantin wa Radio na TV1 biravugwa ko yamaze gutabwa muri yombi n’inzego zishinzwe umutekano muri Uganda nyuma yo gutoroka akerekeza muri iki gihugu atabimenyesheje...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yasabye Abacamanza ndetse n’abayobozi ba gisirikare gufatatana uburemere indahiro barahiriye imbere ye ndetse no kunoza inshingano zabo hagendewe ku cyerekezo...
Perezida wa Uganda akunze kwigira nyoninyinshi iyo abajijwe ku bijyanye n’uburyo akomeje gushyigikira umutwe urwanya u Rwanda witwa RNC, agashaka kwerekana ko bamwe mu buyobozi bwe ari bo bari...
Martin Fayulu watsinzwe amatora muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo na Felix Tshisekedi yatangaje ko agiye kujuririra ibyavuye mu matora mu rukiko rurinda itegeko nshinga kuko yatsinze...
Mu Karere ka Musanze mu ntara y’Amajyaruguru hari imiryango itifujwe gutangazwa amazina ivuga ko yagiye igirwaho n’ingaruka zitandukanye ziterwa n’uburyo bakoreshe mu kuboneza urubyaro bityo...
Mu gihe habura amasaha ngo UEFA Champions League 2018/2019 itangire ku mugaragaro,benshi bari mu mpaka ndende z’ikipe iratsinda hagati ya Liverpool na PSG zirahura mu mukino w’ishyiraniro kuri uyu...
Kuri uyu wa 8 Gicurasi 2018 nibwo mu murenge wa Rwankuba mu karere ka Karongi habaye umuhango wo gushyingura abantu 18 bishwe n’ inkangu y’ umusozi waridutse biturutse ku mvura nyinshi yaguye mu...
Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa Gatanu tariki ya 27 Mata 2018 FacebookTwitterWhatsAppEmail 0 27-04-2018 - saa 22:45, IGIHE Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mata 2018, Inama...
Muri iki gihe Abanyarwanda bari kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi,abakunzi ba ruhago nabo bakomeje kuzirikana abari abakinnyi babo bitangaga uko bikwiriye kugira ngo amakipe yabo...
Ikipe ya Rayon Sports itsinze Sunrise FC ibitego 3-2 mu mukino wayigoye cyane, wabereye kuri stade Mabati yo mu karere ka Nyagatare, biyifasha kurangiza igice kibanza cya shampiyona iri ku mwanya...
Ikipe ya Real Madrid yeretse PSG koubunararibonye ari ingirakamaro mu mukino ubanza wa 1/8 cya UEFA Champions League iyitsinzemo ibitego 3-1,mu gihe FC Porto inyagiriwe ku kibuga cyayo na...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 14 Werurwe 2018 nibwo hateganyijwe umukino ukomeye wa 1/8 cya UEFA Champions League uza guhuza ikipe ya Real Madrid na PSG ku kibuga cya Santiago Bernabeu aho...
Umusore n’ inkumi bombi b’ Abanyarwanda bari mu bantu batatu barimo barasiwe mu mirwano yahuje Abanya-Somalia babiri mu rukerera rwo ku Cyumweru mu Mujyi wa Edmonton muri Canada.
Aba banyarwanda...