Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu,Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Musanze na Gicumbi ku bufatanye n’inzego z’ibanze bafashe abantu 33 barimo kwiyakira banywa inzoga barenze ku mabwiriza yo...
Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente yasuye ibikorwa by’iterambere byo mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi mu turere twa Nyabihu, Musanze na Burera. Yasuye ahatuburirwa imbuto z’ibirayi hifashishijwe...
Kuri uyu wa 14 Nzeli, I Musanze ku kicaro cy’intara y’Amajyaruguru habereye umuhango w’ihererekanya bubasha ku muyobozi w’intara(Guverineri) mushya Gatabazi Jean Marie Vianney wari usanzwe ari...
Abahinzi b’ ibirayi bo mu turere twa Musanze, Burera, na Nyabihu batangiye gukorera utudege tutangira abapilote “Drone” mu buhinzi bw’ ibirayi.
Kuri uyu wa 7 Ukuboza 2016, nibwo ikoreshwa ry’ utu...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 31 Gicurasi, imiryango 151 yo mu karere ka Musanze mu mudugudu wa Ruhehe ndetse n’indi 100 yo mu karere ka Gakenke mu midugudu ya Nyundo na Bukingo yahawe...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasubije Gatabazi Jean Marie Vianney ku mwanya wa Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru na ho Kayitesi Alice agirwa Guverineri w’Intara...
Ubuyobozi bw’Umutwe w’Ingabo za EAC zoherejwe mu butumwa bw’Amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, EACRF, bwasezereye iz’u Burundi zakoreraga muri teritwari ya Masisi mu Ntara...
Ku itariki ya 9 Nyakanga 2023, nibwo mu Murenge wa Kinigi havuzwe guterana kw’abitwa ubwoko bw’Abakono, bimika umutware wabo mu birori by’akataraboneka byagaragaye ko byiteguwe kandi birimo...
Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu yavuze kuri bimwe mu byagiye bikurikira umuhango wo kwimika umutware w’Abakono wabereye mu Kinigi muri Nyakanga uyu mwaka ndetse no ku cyo yakoze akimara kumenya...
Umukecuru wo mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Kimonyi mu Ntara y’Amajyaruguru w’imyaka 88 y’amavuko, acumbikiwe na Polisi ya Muhoza nyuma yo gufatanwa udupfunyika 4340...
Perezida wa Korea y’Amajyaruguru Kim Jong Un yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye ku isi yifotoje ashagawe n’ingabo ze z’abasirikare b’abagore bagaragara nk’abari kurira mu gihe we yari...
Inka eshatu zari zatwawe zikava ku kirwa cyo muri leta ya Carolina y’amajyaruguru muri Amerika mu gihe cy’inkubi y’umuyaga yiswe ’Hurricane Dorian’ bazisanze ari...
Kuwa Gatanu w’icyumweru gishize,taliki ya 05 Mata 2019,nibwo ingabo za FARDC zemeje ko zarashe inyeshyamba za FDLR zizikura mu birindiro byazo bya Kamatembe biherereye Rutshuru muri Kivu...
Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vianney yagereranyije abakozi ba Leta birengagiza umwanya wa siporo ya buri wa gatanu bagenewe na Leta, nk’imungu zimunga umutungo wa...
Ku itariki 12 z’uku kwezi Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gicumbi yafashe imodoka ifite nimero ziyiranga UAK 785 B ipakiye litiro 495 za Kanyanga.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru,...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera ifatanyije n’ubuyobozi bw’umurenge wa Gahunga, ku itariki ya 6 bangirije mu ruhame inzoga zitemewe gucuruzwa mu Rwanda na kanyanga byose hamwe...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko hagati ya tariki 21-30 Mata 2024, hateganyijwe imvura iri hejuru y’iyari isanzwe igwa mu gihugu cyane cyane mu bice...
Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yavuze ko aricyo gihe ngo ubwicanyi bumaze iminsi buvugwa i Goma, ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,buhagarare.