Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni arashinjwa na bamwe mu bakongomani kugira uruhare runini mu gutuma Felix Tshisekedi atsinda amatora y’umukuru w’igihugu muri Repubulika iharanira...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 01 Nzeli 2017, The East African yandikirwa mu gihugu cya Kenya yasohoye inkuru igizwe n’imirongo ine yanyujijemo itangazo ry’urukiko rw’ikirenge rwasabye...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2017, Abanyarwanda baramukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’u Rwanda muri manda y’imyaka ndwi. Ni mu gihe hanze y’Igihugu baraye batoreye mu...
Abanyarwanda babarizwa mu Budage, Pologne, Liechteinstein, Repubulika ya Czech, Slovakia, Romania na Ukraine, bashyiriweho ahantu bazatorera Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe kuwa 3...
Amatora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe muri Kanama 2017 azatwara miliyari 6 na miliyoni 600 zisaga aho kuba miliyari 5 nk’ uko byari byatangajwe.
Ibi komisiyo y’ amatora yabitangaje kuri...
Binyuze mu nama y’Inteko Rusange Idasanzwe FERWACY yakoze kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 17 Ukwakira, hemejwe ko amatora yo kuzuza Komite Nyobozi ya FERWACY yari yasubitswe, azaba ku wa 5...
Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi watangaje ko uhagaritse inkunga wageneraga komisiyo y’amatora ya Zimbabwe kubera imikorere idahwitse yayiranze mu matora y’Umukuru w’igihugu aheruka mu kwezi kwa Kanama...
Nigeriya yafashe umwanzuro wo kuba ifunze imipaka yo kubutaka ndetse inashyiraho amabwiriza mashya mu ngendo zikorerwa imbere mu gihugu mu gihe hagiye gukorwa amatora rusanga muri iki...
Komisiyo y’amatora ya Zambia yemeje ko amatora ya perezida yo mu cyumweru gishize uwayatsinze ari umukandida w’abatavugarumwe n’ubutegetsi Hakainde Hichilema.
Bwana Hichilema yatsinze mukeba we...
Hasohotse amajwi ya Perezida wa Amerika Donald Trump ari kubwira umutegetsi ushinzwe amatora muri leta ya Georgia ngo "amushakire" amajwi akenewe kugira ngo atsinde...
Umuraperi Kanye West uherutse gutangaza ko aziyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu Ugushyingo 2020, yamaze gutanga candidature ye muri...
Ku munsi w’ejo Taliki ya 30 Ukuboza 2018 nibwo habaye amatora ya Perezida wa Repubulika muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aho benshi mu baturage bayitabiriye mu bwoba bwinshi bikanga...
Minisitiri w’ Intebe wa Ethiopia Ahmed Abiy kuva yagera kuri uyu mwanya abagore barimo guhabwa imyanya cyane mu buyobozi bw’ igihugu, ubu noneho uwahoze ari umucamanza utavuga rumwe n’ubutegetsi...
Umunyapolitiki Félix Tshisekedi yavuze ko ari umwe mu banyapolitiki bane bashaka guhagararira abatavuga rumwe n’ubutegetsi mu matora ya perezida ateganyijwe mu Ukuboza uyu muhungu wa nyakwigendera...
Komisiyo y’Amatora yo muri Repubulika Demokarasi ya Congo yatangaje ko nta matora azaba muri iki gihugu muri uyu mwaka wa 2017, ngo hakenewe nibura iminsi 504 bivuze ari mu ntango z’umwaka...
Ishyirahamwe ry’ umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryemeye ubusabe bwa FIFA bwo kwigiza inyuma itariki y’amatora ya Perezida wa FERWAFA yari ateganyijwe muri Nzeli tariki ya 10 uyu mwaka.
Ni...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 11 Kanama 2017 nibwo Komisiyo y’ amatora yatangaje ibyavuye mu itora rya Perezida wa Repubulika ya Kenya ku wa Kabiri tariki 8 Kanama.
Ubwo hatagazwaga...
Umuntu umwe yatakarije mu myigaragarambyo yakurikiye amatora ya Perezida w’ igihugu cya Kenya yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Kanama 2017. Ibyavuye mu matora byerekanye ko Perezida Uhuru...