FERWAFA yamaze kwemeranya n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Tanzania ko amakipe y’ibihugu byombi yazakina umukino wa gicuti wo kuyafasha kwitegura imikino yo mu matsinda yo gushaka itike yo mu...
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 15 yatahanye umwanya wa 3 mu mikino ya CECAFA U15 yaberaga mu gihugu cya Eritrea, nyuma yo kunganya n’Uburundi igitego 1-1, ikabutsindira kuri penaliti...
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’abagore Kayiranga Baptista yatangaje ko impamvu banyagiwe na Ethiopia ari uko atigeze abona umwanya wo gushishoza ngo atoranye aakinnyi beza kuko yagendanye n’abihuta...
Ikipe y’abagore ya Ethiopia itsinze u Rwanda mu mu mukino wa kabiri wa CECAFA women Cup ibitego 3-0 imbere y’imbaga y’abanyarwanda bari bateraniye kuri stade ya Kigali I...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yamaze gutangaza ko azahindura imikinire ku mukino wo ku munsi w’ejo azahura na Equatorial Guinea saa 21h30 kuri stade Ibn Batouta mu mugi wa Tangier....
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mbere yo guhura na Nigeria mu mukino wa mbere w’itsinda C,Antoine Hey utoza Amavubi yijeje Abanyarwanda ko nta kabuza baraza gutsinda ikipe ya Nigeria kuri uyu...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yatangaje ko abakinnyi be biteguye kwitwara neza mu mukino wa mbere Amavubi azahura na Nigeria ku wa mbere Taliki ya 15 Mutarama 2018 kuri stade ya...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yababajwe cyane no gutonesha amakipe amwe mu mikino ya CECAFA aho ikipe y’igihugu Amavubi yacumbikiwe muri Hotel itaruzura ndetse mbi cyane bituma...
Umutoza w’ikipe y’igihugu amavubi Antoine Hey aratangaza ko intego y’ibanze bazajyana mu mikino ya CECAFA 2017 ari ukuryegukana dore ko ikipe y’igihugu iheruka igikombe mu mwaka wa 1999.
Uyu...
Bizimana Djihad yagiriye akabazo k’imvune mu myitozo yo ku munsi w’ejo aho bishobora gutuma atagaragara ku mukino ubanza Amavubi azakina na Ethiopia ku cyumweru taliki ya 05 Ugushyingo 2017....
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 22 Nyakanga 2017 Amavubi yabonye itike yo gukina amajonjora ya nyuma yo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya CHAN nyuma yo kunganya na Tanzania 0-0 mu mukino...
Ku munsi w’ejo taliki ya 20 Nyakanga 2017 nibwo abayobozi ba CAF bari bateraniye I Rabat muri Maroc bemeje ko amakipe yitabiraga igikombe cy’Afurika avuye kuri 16 agiye kuba 24 mu marushanwa...
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 15 Nyakanga nibwo hari hategerejwe umukino ubanza wagombaga guhuza Tanzania n’u Rwanda mu majonjora yo gushaka itike yo kwerekeza muri CHAN izabera muri Kenya...
Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse ku rutonde ngarukakwezi rw’ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi FIFA umwanya umwe aho yaje ku mwanya wa 127 ku rutonde rushya rwasohotse kuri uyu wa kane taliki...
Rutahizamu mpuzamahanga w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, n’ikipe ya Gor Mahia, Jacques Tuyisenge ari ku rutonde rw’abakinnyi bazatoranywamo abitwaye neza mu gihugu cya Kenya mu mwaka w’imikino...
Ikipe ya Afurika y’Epfo Bafana Bafana yatangiye nabi igikombe cya Afurika itsindwa na Mali ibitego 2-0 mu mukino yarushijwe bikomeye mu gice cya kabiri.
Ikipe y’igihugu "Amavubi" yanganyije 0-0 na Zimbabwe mu mukino wa mbere wo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi cya 2026 wabereye kuri Huye Stadium.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Ugushyingo 2023,benshi bategereje umukino uhuza u Rwanda na Zimbabwe mu ijonjora ryo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya...
Intumwa zoherejwe n’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF ziri i Huye aho zagiye kugenzura niba Stade Huye ndetse n’amahoteli ari mu Karere ka Huye biri ku rwego rwo kwakira...