Umuraperi ukomeye muri Leta zunze ubumwe za America wamenyekanye nka Kanye West kuri ubu uri gukoresha izina rya Ye yagejejwe mu nkiko ashinjwa kwambura Kompanyi yitwa Phantom Labs yamufashaga...
Inzobere mu bya politiki mpuzamahanga, Dr Ismael Buchanan abona uruzinduko rw’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za America, Antony Blinken, mu Rwanda no muri DRCongo, rwaratanze umusaruro mwiza...
Nyuma y’imyaka itanu Leta Zunze Ubumwe za America n’u Bushinwa bitagenderana, Ministiri w’Ububanyi n’Amahanga wa USA, Antony Blinken, yagiriye uruzinduko mu...
Dr Jimmy Gasore, yagizwe Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, asimbuye Dr Ernest Nsabimana. Uyu Muminisitiri mushya winjiye muri Guverinoma y’u Rwanda, asanzwe azobereye mu bijyanye n’imyuka yo mu kirere,...
Rosalynn Carter, umugore wa Jimmy Carter wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, yitabye Imana ku myaka 96, imbere y’uyu mugabo we bamaranye imyaka...
Mu marushanwa yakozwe mu gace ka Brooklyn gaherereye muri Leta Zunze Ubumwe za America, umugabo watsindiye igihembo cyo kugira igitsina gito “Penis” kurusha abandi mu bagabo ijana, yagaragaje...
Umuhanzi Bruce Melodie, yanditse amateka yo kuririmba mu kiganiro Good Morning America (GMA) cya Televiziyo ya ABC News, kiri mu biganiro bya mu gitondo bikunzwe cyane muri Leta Zunze Ubumwe za...
Turi Tariki ya 21 Kamena, ni umunsi w’ 172 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 193 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 21...
Turi tariki ya 04 Nyakanga, ni umunsi 184 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 180 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze uyu munsi mu mateka
1776:...
Koreya ya Ruguru ku wa Kabiri tariki ya 04 Nyakanga cyagerageje igisasu gihambaye ibisasu byose ifite gitera ubwoba Amerika kuko ivuga ko itaragira ubushobozi bwo gusama igisasu nk’ icyo...
Ibyaranze uyu munsi mu mateka, birimo n’iyicwa ry’abanya Uganda barimo bareba umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi mu 2010.
Turi tariki ya 11 Nyakanga, ni umunsi 192 mu minsi 365 igize uyu mwaka....
Mu gihugu cy’ u Bufaransa babereye imyigaragambyo ikomeye yamagana Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump wari witabiriye umunsi mukuru wa Bastille. Ubwo hizihizwaga umunsi mukuru...
Ibyaranze tariki ya 19 Nyakanga harimo n’ijyaho rya Guverinoma ya mbere ya nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Turi tariki ya 19 Nyakanga ni umunsi wa 200 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi...
The Ben ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Meddy, Urban Boys na Dj Phil Peter bashyizwe ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards USA.
The Ben ari...
Burundi on Friday announced broadcast bans on two international networks. The measure which takes off on Monday May 7 affects the Voice of America (VOA) and the British Broadcasting Corporation...
Umukecuru uzwi ku izina rya Grandma Shon ukomoka mu ntara ya California muri Leta Zunze Ubumwe za America, aterwa ishemo n’imiterere y’umubiri we harimo amabere n’ikibuno, aho kandi akomeje...
Umugore witwa Evelyn Misumi w’imyaka 36 yatawe muri yombi ku wa Gatatu w’iki Cyumweru ubwo yageragezaga gushaka kwiba Banki yo muri USA izwi nka Bank of America mu ishami ryayo riherereye...
Kim Kardashian west uzwi cyane nka kim Kardashian, umunyamideli,umukinnyi w’ama filme ndetse n’umucuruzi utibagiwe ko ari n’umugore w’umuhanzi w’icyamamare cyane Kanye west, yavutse tariki ya...
Malia Obama, umukobwa w’uwahoze ari perezida wa USA Ballack Obama yafotowe ari mu Bwongereza afatanye agatoki ku kandi n’umukunzi we Rory Farquharson baherukaga gufotorwa bari gusomanira mu ruhame...
On the issue of migrants, Ivanka Trump, Donald Trump’s daughter has a vision other than that of his father. On the occasion of a conference in Washington, the eldest daughter of the American...
Indianapolis | An American woman has totally annihilated the former World Record for the most babies in a lone pregnancy by giving birth to seventeen babies over 29 hours last weekend at the...
Elvio Paolorosso wahoze ari umutoza wongerera ingufu abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Argentina,yatangaje ko ubwo batsindwaga na Chile ku mukino wa Copa America 2016 yasanze Lionel Messi ari mu...
Umuhanzikazi Umuratwa Priscillah uzwi nka Princess Priscilah uba muri Leta Zunze Ubumwe za America yagaragaje ifoto ye agitangira umuziki ku myaka 17 igaragaza ko yari afite uruhu rumyoye. Atebya...
Abongereza banga perezida Donald Trump bahohoteye umufana we wari wambaye ingofero yanditseho "Make America great again" ,bamumena amata mu mutwe ndetse bamuririmbira indirimbo zuzuye urwango...