Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kane zafatiye ibihano Wagner, umutwe w’abacancuro wo mu Burusiya bivugwa ko uri gufasha Ingabo za Congo Kinshasa (FARDC) mu mirwano zihanganyemo n’umutwe wa...
Abakuru b’ibihugu bya Africa barimo kwerekeza i Washington mu nama yiswe US-Africa summit batumiwemo na Perezida Joe Biden.
Iyi nama y’iminsi itatu izatangira kuwa kabiri igamije kwerekana...
Iran iritegura guha Uburusiya za ndege zitagira abapirote, zizwi nka drones, zishobora kuba zibarirwa mu majana, mu ntambara yabwo muri Ukraine, zimwe muri zo zikaba zifite ubushobozi bwo...
Perezida Joe Biden wa Leta zunze ubumwe za Amerika yavuze ko Amerika yatabara ikarengera Taiwan mu gihe Ubushinwa bwatera iki kirwa, igisa n’intangiriro yo kuva kuri politiki yo...
Nyuma y’imyaka ikabakaba ibiri Koreya ya Ruguru iri mu kato karushijeho kuyikomerera kubera ikiza cya Covid 19, ubu noneho iragenda igaragaza ibimenyetso ko ishobora kuba yiteguye ibiganiro...
Leta z’unze ubumwe z’Amerika irateganya gufatira ibihano Uburusiya kuri uyu wa kabiri tariki ya 02 Werurwe 2021. Nkuko ababikurikiranira hafi babyemeza, ibyo bihano bishingiye ku irogwa rya Alexei...
Perezida Donald Trump avuga ko yumvise ko Kamala Harris wo mu ishyaka ry’abademokarate uziyamamazanya na Joe Biden akaba yamubera visi perezida "atujuje ibisabwa" byo kuba visi...
Igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika mu Rwanda gihagarariwe mu Rwanda na Ambasaderi Peter Vrooman cyahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni y’amadorali yo kurufasha guhangana na...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko abantu bari hagati y’ibihumbi ijana na magara abiri bashobora guhitanwa na Coronavirus muri iki gihugu ayoboye aboneraho gusaba...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagizwe umwere mu rubanza rujyanye no kumweguza, ibi bishoje icyo gikorwa cyo kugerageza kumweguza cyatumye politike y’Amerika icikamo...
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zafatiye ibihano minisiteri ebyiri zo muri leta ya Turukiya n’abategetsi batatu bakomeye bo muri leta kubera ibitero bya gisirikare mu majyaruguru ya...
Perezida George Washington siwe wabaye Perezida wa mbere wa Leta zunze ubumwe za Amerika ahubwo yabanjirijwe n’ uwitwa John Hanson, umwirabura waharaniye ihinduramatwara muri Amerika. Uyu John...
Perezida w’Amerika Joe Biden yageze ku masezerano na Misiri yo gutanga imfashanyo nkeya muri Gaza mu rwego rwo koroshya amakuba ashingiye ku mibereho mu gihe intambara hagati ya Israel na Hamas...
Mu nteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe z’Amerika. Ku nshuro ya kabiri, abadepite batora ntibabashije kwemeza umuyobozi mushya wa Kongre y’Amerika. Itora rya kabiri rirangiye mu minota mike...
Donald Trump arifuza kuyobora Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika by’agateganyo kugeza igihe abagize ishyaka ry’aba-républicain baba bemeje umuyobozi mushya.
Nyuma y’amezi hafi atatu umukinnyi w’igihangange mu mupira w’amaguru Lionel Messi atangiye gukinira ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, amaze kuzana impinduka muri shampiyona...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyize u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bikoresha abana mu gisirikare, ibyatumye zigabanya ubufatanye mu bya gisirikare ibihugu byombi bisanzwe...
Mu itangazo yashyize ahagaragara, minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Uburusiya ivuga ko yahamagaje ambasaderi wa Leta zunze ubumwe z’Amerika i Moscou, Madame Lynne Tracy, imumenyesha ko abanyamabanga...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Brig Gen Andrew Nyamvumba wo mu ngabo z’u Rwanda, zimushinja kugira uruhare mu kwenyegeza amakimbirane mu burasirazuba bwa...
Intumwa yihariye ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ihindagurika ry’ibihe, John Kerry abaye umuyobozi wa gatatu ukomeye woherejwe mu Bushinwa mu kwezi kumwe, mu gihe...
Amerika yizeye ko ibihano byayo bishya ku Burusiya – byitezwe gutangarizwa i Hiroshima mu Buyapani mu nama y’itsinda rya G7 ry’ibihugu bikize cyane ku isi – bituma ibindi bihugu byo muri G7 na byo...
Korea y’Epfo n’igisirikare cya leta Zunze Ubumwe za Amerika barashe ibisasu bya misire mu nyanja nk’uko bivugwa na Seoul, ni mu mugambi wo kwihorera kuri Korea ya Ruguru yateye ibisasu nk’ibi mu...
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zishe umukuru wa al-Qaeda, Ayman al-Zawahiri, mu gitero cy’indege ntoya itarimo umupilote (drone), nkuko byemejwe na Perezida Joe Biden.
Yishwe ku cyumweru mu gitero...