U Rwanda rusanga kuba Amerika yasubira inyuma ikita FDLR umutwe w’abitwaje intwaro biteye gukemanga ububasha bwayo bwo kuba umuhuza mu karere k’Ibiyaga Bigari...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemera ko igipurizo cy’Ubushinwa bikekwa ko ari icy’ubutasi cyarasiwe hejuru y’ikirere cyayo cyari mu mugambi munini wageze ku migabane itanu.
Umukuru w’ububanyi...
Leta zunze ubumwe za Amerika zarashe igipurizo cy’Ubushinwa zivuga ko kimaze iminsi gikora ubutasi ku bigo bya gisirikare ahatandukanye muri Amerika.
Minisiteri y’ingabo yemeje ko indege...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yavuze ko ashobora kwisubiraho ku cyemezo cyo guhagarika by’agateganyo gahunda y’impushya zahabwaga abimukira batagira ibyangombwa bageze muri...
Ubuvugizi bw’ingabo za Leta Zunze ubumwe z’Amerika bwavuze ko ingabo za Amerika ziteguye gutera igihugu cya Koreya y’Amajyaruguru, Kim Jung Un naramuka ahirahiye azamura ukuboko kwe ashaka...
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yanenze bikomeye Perezida Donald Trump wamusimbuye kuri uwo mwanya kubera "ibintu birimo ubusazi biri kubera mu biro bya perezida...
Inyubako ikoreramo Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika ndetse akanayituramo we n’umuryango we, izwi nka ‘White House’ n’ubwo hari benshi bakunze kuyitiranya n’inzu yitwa ‘United States Capitol’...
Imwe mu nkuru zitamenyekanye cyane ni uko ubwo Leta zunze ubumwe za Amerika zajyaga ku kwezi zajyanye amabendera y’ ibihugu bitandukanye mu Isi harimo n’ iry’ u...
Perezida Kagame uri i New York ahateraniye inama y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye ku nshuro ya 73, yakiriwe na Donald Trump wa Leta zunze Ubumwe za...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagennye Heather Nauert, umuvugizi wa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika, nk’uhagarariye Amerika mu muryango...
Umunyarwanda witwa Jean Leonard Teganya, yakatiwe imyaka umunani y’igifungo n’ubutabera bwo muri Leta zunze ubumwe za Amerika kubera guhisha uruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu nibwo byamenyekanye ko ingabo za Amerika zishe umujenerali ukomeye wa Iran, Gen Qassam Soleimani mu gitero cy’indege cyagabwe ku kibuga cy’indege cya Baghdad muri...
Umupasiteri wo mu gihugu cya Ghana witwa, Nigel Giasie, yemeje ko ashobora gukora ibitangaza umukinnyi wa Basket, Kobe Bryant n’umukobwa we Gianna baguye mu mpanuka y’indege bakongera bakaba...
Perezida Donald Trump wa leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko azasinya itegeko rihagarika by’agateganyo kwimukira muri Amerika kubera icyorezo cya...
Joe Biden, umukandida-perezida w’ishyaka ry’abademokarate, na Kamala Harris baziyamamazanya akaba yamubera visi perezida atowe, bibasiye Perezida Donald Trump bavuga ko ari umutegetsi wo "gusakuza"...
Leta zunze ubumwe z’Amerika kuri uyu wa mbere, yashyizeho intumwa yihariye kuri Sudani, mu rwego rwo kwongera kugerageza bundi bushya, kwumvisha abasirikare bahanganye ko bagomba gushyira intwaro...
Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko yabwiye Leta zunze ubumwe za Amerika ko atemera ishingwa rya leta ya Palestine ubwo intambara kuri Gaza izaba...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yanze kwitabira ikiganiro yagombaga kugirana n’abasenateri n’abadepite bo muri Amerika mu gihe hari ikibazo cy’uko Amerika ishobora guhagarika inkunga itera...
Mu minsi ya nyuma gato y’igitero cyo ku itariki ya 7 Ukwakira (10) muri Israel, itsinda rikora mu ibanga ryashyizweho kugira ngo rikore kuburyo abashimuswe na Hamas bagera kuri 240...
Ibiro bya Perezida w’Amerika - White House - bivuga ko Uburusiya burimo kwica abasirikare babwo bagerageza gusubira inyuma mu gitero gikaze cyo mu burasirazuba bwa...
Uwahoze ari serija (sergeant) mu ngabo z’Amerika ushinjwa ko yashakishije kuri internet ngo "ni irihe zina ry’urwego rw’ubutasi rw’Ubushinwa", yatawe muri yombi ashinjwa kugerageza guha amakuru...