Perezida w’Uburusiya yatumiye abayobozi benshi ba Afurika barimo na Nyakubahwa perezida Kagame mu nama y’iminsi ibiri igiye kubahuriza mu mujyi wa Sochi, kuva uyu munsi mu rwego rwo gushimangira...
Ikipe ya Cote d’Ivoire yasuzuguwe n’ikipe ya Maroc iyitsinda iyirusha igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa kabiri wo mu itsinda D wanahiriye igihugu cya Afrika y’Epfo cyari cyatsinzwe mu mukino wa...
Rwanda is considering withdrawing from the International Conference on the Great Lakes Region (ICGLR), questioning the body’s role and impact in the prevention of insecurity in the...
Umunya Brazil witwa Roberto Luiz Bianchi Pelliser niwe uhabwa amahirwe yo gusimbura Ivan Minnaert mu ikipe ya Rayon Sports,nyuma y’iminsi iyi kipe ivugwamo umwuka mubi watumye itakaza amahirwe yo...
Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri...
Myugariro Ntaku Zibakaka ukomoka muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo wakinaga mu ikipe ya Sagrada Esperança yo muri Angola yishwe n’uburwayi ubwo yari kumwe na bagenzi be bari mu...
Turi tariki ya 02 Kanama ni umunsi wa 214 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 151 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo, uyu munsi umaze kuba ari ku wa gatatu inshuro 56.
Bimwe mu bintu...
Ikipe ya Cote d’Ivoire nyuma yo gusezererwa mu matsinda y’igikombe cy’Afurika giheruka kubera muri Gabon yatangiye nabi mu marushanwa yo gushaka itike ya CAN 2019 aho yatsindiwe mu rugo na Guinea...
Kuri uyu wa Mbere taliki 29 no kuri uyu wa Kabiri Felix Tshisekedi araba ari i Paris mu Bufaransa aho ajyanywe no gusaba Emmanuel Macron gufatira u Rwanda ibihano ngo kuko rukomeje gufasha...
Perezida Kagame na mugezi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri baganiriye kuri telefone, biyemeza guteza imbere umubano mwiza hagati y’ibihugu...
Imbere y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano, ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwemeje ko umutwe wa FDLR utakibaho kuko ngo wasenywe mu myaka...
Perezida Salva Kiir Mayardit wa Sudani uyoboye umuryango wa EAC muri iki gihe yagiranye ibiganiro na mugenzi we Felix Tshisekedi bemeranya ko hakenewe gushakishwa igisubizo cyihuse kugira ngo...
Perezida Félix Tshisekedi wa DR Congo yatangaje ko ashaka kuganira na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ku ntambara iri mu burasirazuba bwa DR Congo, ko adashobora kuganira na...
Perezida Paul Kagame na Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nta gihindutse vuba aha bazahurira mu biganiro bigamije guhosha umwuka mubi uri hagati y’ibihugu...
U Rwanda rusanga kuba Amerika yasubira inyuma ikita FDLR umutwe w’abitwaje intwaro biteye gukemanga ububasha bwayo bwo kuba umuhuza mu karere k’Ibiyaga Bigari...
Umuvugizi w’Igisirikare cya RDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lieutenant Colonel Ndjike Kaiko Guillaume, yatangaje ko ‘drones’ z’u Rwanda ari zo zarashe kuri iki kibuga cy’indege cya...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kwinangira, avuga ko nta biganiro azigera agirana n’umutwe wa M23.
Kuri uyu wa gatandatu tariki 17 Gashyantare 2024, saa munani za mu gitondo (mu rukerera), ibisasu 2 byaguye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma mu burasirazuba bwa Congo, byangiza ibintu...
Perezida Paul Kagame na bagenzi be barimo Félix Antoine Tshisekedi, William Ruto, João Lourenço na Cyril Ramaphosa bahuriye muri Ethiopia mu nama yiga ku kibazo cy’umutekano muke kimaze igihe mu...
Ambasaderi wa Israel muri DR Congo yatangaje ko hashize iminsi ibiri bashyira imbaraga ku buryo ibintu byifashe mu burasirazuba bwa DR Congo, kandi bifuza ko iki gihugu kiganira n’u...
Perezida Felix Tshisekedi wa DR Congo yavuze ko “gukemura amakimbirane n’u Rwanda mu nzira za dipolomasi bishobora kurebwaho” ariko ko ibyo bidashoboka mu gihe rwaba rukiri ku butaka bwa DR Congo...
Umukuru w’igihugu cya RDC, Félix-Antoine Tshisekedi yarahiriye kuba perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo mu gihe cy’indi myaka itanu iri imbere nyuma yo gutsinda amatora mu kwezi...