Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane Radio Rwanda yatangaje ko biteganyjwe ko Perezida Kagame azahurira na Perezida Museveni mu nama izabera I Luanda muri Angola ejo kuwa gatanu taliki 12/7/2019...
Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa DR Congo Felix Tshisekedi bazahura ku itariki n’ahantu bizagenwa n’umuhuza, kugira ngo bakemure ikibazo hagati y’ibihugu byombi, nk’uko byatangajwe na ministiri...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 31 Gicurasi 2019, Perezida Kagame, Perezida Manuel Gonçalves Lourenço wa Angola na Perezida Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo bakoreye inama I Kinshasa mu gace kitwa...
Guverinoma y’u Rwanda yashyikirije Sosiyete Oshen Health Care Rwanda Ltd , imicungire y’Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal(King Faisal Hospital)
Ni mu muhango wabaye ku wa Kabiri tariki ya 7...
Nyuma y’umukino u Rwanda rwaraye rutsinzemo Angola, ikipe y’Amavubi muri iki gitondo cyo kuwa gatanu yabyukiye mu myitozo muri Kigali Arena yitegura umukino uzayihuza na Cap Vert ku munsi w’ejo...
Augusto Dembo, umwana w’umuhungu uri mu kigero cy’imyaka 13 y’amavuko, ubarizwa mu murwa mukuru wa Angola, Luanda, yavuze ko mbere yo gupfa, nyina yasize amubwiye ko yamubyaranye n’inyamaswa ya...
Ingabo zirwanira mu kirere ni ishami ryo mu kirere ry’ingabo z’igihugu. Ibisirikare birwanira mu kirere bya mbere muri Afurika muri 2020 ushobora kuvuga ko ari byo bifite ubushobozi bwinshi mu bice...
Kuri uyu wa mbere abayobozi ku ruhande rw’u Rwanda na Uganda baragirana inama, mu rwego rwo kurebera hamwe ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’ubwumvikane hagati y’ibihugu byombi yashyiriweho...
Perezida Paul Kagame, Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, João Lourenço wa Angola na Felix Tshisekedi wa RDC basinye amasezerano bahuriyeho uko ari bane y’ubufatanye...
Ku wa Kane,tariki 21 Werurwe 2024,abayobozi mu nzego nkuru z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, bahuriye i Luanda muri Angola nk’umuhuza, aho baganiriye ku bibazo by’umutekano...
Jacques Tuyisenge,Ritahizamu w’ikipe ya APR FC n’ikipe y’igihugu Amavubi,yateye imitoma inkumi yihebeye ubwo yamwifurizaga isabukuru nziza y’amavuko abicishije ku mbuga...
Abayobozi ba Uganda nabo mu Rwanda bazahurira i Kigali ku wa Mbere w’icyumweru gitaha mu biganiro bigamije kurebera hamwe ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’ubwumvikane hagati y’ibihugu byombi...
Fantastic opportunity available in a Leading international sales and marketing company in the Leisure Industry with offices in South Africa, Ivory Coast, Ghana, Nigeria, Cameroon & Angola...
Perezida João Lourenço wa Angola kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Kanama, yasimbuye mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa ku buyobozi bw’Umuryango w’Ubukungu uhuza ibihugu byo muri...
Minisitiri w’Intebe, Dr Édouard Ngirente, ari i Luanda mu murwa mukuru wa Angola aho yitabiriye inama idasanzwe y’inama mpuzamahanga mu Karere k’ibiyaga bigari...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko mu mwaka utaha wa 2021 azagirira uruzinduko mu Rwanda no mu bindi byo ku mugabane wa Afurika birimo Angola na Afurika...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 21 Gashyantare 2020 nibwo abakuru b’ibihugu by’u Rwanda,Uganda,Angola,na RDC bahuriye mu nama ya 4 yiga ku kuzahura umubano w’ibihugu byombi aho yarangiye hafahwe...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubutwererane muri Uganda,Philemon Mateke yanditse ubutumwa bugaragaza urwango rukabije afitiye u Rwanda aho yemeje ko atifuza ko igihugu cye cyubahiriza amasezerano...
Abahagarariye Leta y’u Rwanda na Uganda bateraniye i Kigali uyu munsi taliki ya 16 Nzeri 2019 biga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano aherutse gusinyirwa muri Angola,aho mu ngingo zirindwi...
Nyuma y’amasezerano aherutse gushyirwaho umukono hagati y’u Rwanda na Uganda, itsinda ry’abayobozi hagati y’ibihugu byombi rigizwe n’Abaminisitiri, bari kwiga ku nama ihuriweho izaganira ku ishyirwa...
Hari hashize amezi menshi bivugwa ko rutahizamu w’Umunyarwanda Tuyisenge Jacques yasinyiye Petro Atletico yo mu mujyi wa Luanda muri Angola gusa nayo yaje kubitangaza ku mugaragaro mu rukerera rwo...
Ikipe y’igihangange ku mugabane wa Africa,TP Mazembe, iri mu biganiro n’umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Goncalves do Carmo, kugira ngo ajye gusimbura umutoza wabo Mihayo Kazembe udahagaze...
Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe tariki 23 Gicurasi harimo uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Bufaransa, Muri Amerika umunyamategeko wa Trump yariye ruswa ategura ibiganiro hagati ya Trump na Perezida...