Umutoza Pep Guardiola yabwiye amakipe ahanganye na Man City ye mu irushanwa rya Champions League ko iyi kipe ye ntacyo irakora nyuma yo gutwara iki gikombe umwaka...
Umunyezamu wa Lazio, Ivan Provedel yatsinze igitego ku munota wa nyuma afasha ikipe ye kunganya na Atletico Madrid mu mukino wa mbere wo mu matsinda ya Champions...
Ku wa gatanu,tariki ya 22 Nzeri, icyamamare muri Brazil, Ronaldo Luis Nazario de Lima,yakoze ibirori bikomeye by’ubukwe byabereye ahitwa Ibiza byitabirwa n’abashyitsi...
Uwahoze ari rutahizamu ukomeye mu mupira w’amaguru,Zlatan Ibrahimovic yabwiye
umunyamakuru Piers Morgan ko gutsinda igitego bitaryoha kurusha gukora imibonano...
Ikipe ya Arsenal yari imaze imyaka 8 idatsinda Man City,yayitsinze mu mukino w’umunsi wa munani wa Premier League wabereye kuri Stade ya Emirates mu mujyi wa...
Umutoza wa Manchester United,Erik ten Hag, yasabye Umunyezamu André Onana, kuzamura urwego rwe no kugabanya amakosa akomeje kumugaragaraho cyane muri iki...
Umutoza wa Chelsea,Mauricio Pochettino ashimangira ko ’atazigera atoza na rimwe ikipe ya Arsenal’ isanzwe ari mukeba wa Tottenham yamazemo imyaka irenga 5,akayigeza ku mukino wa nyuma wa UEFA...
Amakipe menshi yo mu Bwongereza ari kurira kubera imvune nyinshi zirimo n’izikomeye zugarije abakinnyi bazo aho nka Man United na Newcastle barwaje abakinnyi 14 bo mu ikipe ya...
Abafana bavuze ko Lionel Messi yatangiye gutinya Cristiano Ronaldo nyuma y’uko Inter Miami ihakanye ko itaremeza neza kuzakina umukino wa gicuti na Al-Nassr.
Imijyi myiza kurusha iyindi yose ku isi muri 2023 yashyizwe hanze aho ku rutonde uwa London wigaranzuye iyindi yose ufata umwanya wa mbere uhigitse Paris na New...
Kuri uyu wa Kabiri hakinwaga imikino y’umunsi wa 5 mu matsinda ya Champions League aho ikipe ya Newcastle yari yatsindiye PSG mu rugo yahanishwaga penaliti itavugwaho...
Rutahizamu Neymar Jr yatandukanye n’uwari umukunzi we Bruna Biancardi baheruka kubyarana umwana w’umukobwa,nyuma y’iminsi mike amuvumbuye ko hari umukobwa yasabye amafoto yambaye...
Umukinnyi w’umwaka mu bagabo muri Afurika yabaye Victor Osimhen ukinira Nigeria n’ikipe ya Napoli mu Butaliyani yahesheje igikombe cya Serie A baherukaga muri...
Abafana ba Manchester United bahawe impano ya Noheri hakiri kare nyuma y’uko Sir Jim Ratcliffe wari amaze igihe kinini ategerejwe kugura imigabane ingana na 25% abigezeho kuri iki...
Kuri uyu wa mbere,tariki ya 05 Gashyantare, Samuel Eto’o yeguye ku kuba Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira wamaguru muri Kameruni ariko Komite Nyobozi irabyanga.
Mu mukino warimo amakosa menshi cyane no guhangana cyane,ikipe ya FC Porto yatsinze Arsenal igitego 1-0 muri 1/16 cy’irangiza cya UEFA Champions League uyu...
Mu gihe ikataje mu rugamba rwo gushaka igikombe cya shampiyona uyu mwaka,ikipe ya Arsenal iri kuvugwa cyane ku isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi ryo mu mpeshyi kurusha...
Ikipe ya Manchester City na Real Madrid zakomeje muri 1/4 y’irangiza cya UEFA Champions League nyuma yo gusezerera amakipe bari mukino wo kwishyura wa...