Perezida wa Republika Paul Kagame atangaza ko Ubukereraugendo bufite uruhare rukomeye mu iterambere ry’ ubukungu no guha urubyiruko akemeza ko hagikenewe ubufatanye kugira ngo hakurweho imbogamizi...
Umuhanzi w’umunyarwanda, Meddy uri mu Rwanda nyuma y’imyaka irindwi yatangaje ko yavuye mu gihugu mu 2010 afite umugambi wo gutoroka ariko ngo yatunguwe no gusanga na mugenzi we, The Ben nawe yari...
Nyina wa Meddy uri mu bari ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali I kanombe,yavuze ko yahoranga impungenge yibaza uko umuhungu abayeho ubwo yari amaze kwiyemeza gutura muri leta zunze ubumwe...
Ikipe y’igihugu Amavubi yamaze kugera mu gihugu cya Uganda, aho yahagurutse i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa kane Taliki ya 10 Kanama 2017 yerekeza muri Uganda igiye gushaka itike yo kwerekeza...
Ikipe y’igihugu Amavubi amaze kurira indege kuri uyu wa kane Taliki ya 10 Kanama 2017 yerekeza muri Uganda aho agiye gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya CHAN 2018 izabera muri Kenya.Aya makipe...
Kuri uyu wa mbere taliki ya 07 Kanama nibwo ikipe ya mukura VS imaze gutangaza ko yasinyishije umukinnyi wahembwe nk’umukinnyi mwiza w’umwaka w’imikino ushize mu gihugu cy’Uburundi Gael Duhayindavyi...
Ikipe ya Kirehe FC ku munsi w’ejo taliki ya 03 Kamana nibwo ikipe ya Kirehe yatangaje ko yamaze kumvikana n’umutoza w’Umurundi Ntakagero Omar uje asimbura Sogonya Hamis uzwi nka Kishi wari umaranye...
Umukinnyi Imanishimwe Emmanuel uzwi nka Mangwende afashije APR FC gutwara amanota 3 imbere ya Etincelles FC iyitsinze ibitego 2-0 byose bya Mangwende mu gihe Mukura VS yatsikiriye ku kibuga cyayo...
Iradukunda Elsa wagize Nyampinga w’u Rwanda 2017 yahuye na Paul Kagame uri kwiyamamariza kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi, ubwo bari mu karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba kuri...
Nyuma yo kwiyamamariza mu Karere Bugesera na Nyabugogo mu Karere ka Nyarugenge, Paul Kagame, umukandida wa FPR Inkotanyi mu matora ya Perezida wa Repubulika asoreje urugendo mu Karere ka Kicukiro...
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umukino wa Volleyball Paul Bitok aratangaza ko yizeye neza abasore be mu mikino ya Zone V izatangira ku wa gatanu taliki ya 21 z’uku kwezi.
Uyu mutoza urambye mu ikipe...
Umutoza w’amavubi Antoine Hey aratangaza ko akurikije uko ikipe yakoze imyitozo ndetse n’umwuka uri mu bakinnyi yiteguye gusezerera ikipe y’igihugu ya Tanzania bazahura mu mpera z’iki cyumweru mu...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yatangaje abakinnyi 18 bazerekeza muri Tanzaniya gukina na Taifa Stars mu mukino ubanza wo gushaka itike yo gukina imikino nyafuria y’abakina imbere mu...
Mu gitaramo Umuhanzi Diamond aherutse gukoreshereza mu mujyi wa Nyamata mu Karere ka Bugesera, umwe mu bahanzi bo mu gihugu cya Tanzaniya, Vanessa Mdee yatunguye abantu ubwo yazaga ku rubyiniro...
Diamond Platnumz uri mu bahanzi bubashywe muri muzika yakoreye igitaramo cy’amateka I Nyamata mu karere ka Bugesera, yashimye cyane uburanga bw’abari b’abanyarwanda, gusa ngo abaziho kwitinya...
Abanyarwanda batuye ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi bavuga ko bagerageza kuba neza n’abaturanyi b’abarundi ariko bo bakabananiza, inka z’Abanyarwanda zibirwa i Burundi zitwarwa n’Imbonerakure...
Ibitego bitatu bya Danny Usengimana byahesheje Police FC amanita atatu
Rutahizamu wa Police FC, Danny Usengimana yatsinze yihariye ibitego bitatu ikipe ya Police FC yatsinze ikipe ya Musanze...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Ukuboza 2016, Ikipe ya Kirehe FC inganyije na Police FC igitego 1-1, mu mukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, Azam Rwanda...
Ibitego bya Nshuti Innocent na Rusheshangoga Michel bifashije ikipe ya APR FC gutsinda Sunrise FC 2-1, bagira amanota 17 mu mikino irindwi, hari mu mukino w’umunsi wa munani wa shampiyona wabereye...
Minisitiri muri Perezidansi, Venantia Tugireyezu, yatangaje ko imyanzuro y’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 2015 yashyizwe mu bikorwa ku gipimo kiri hejuru ya 70%, ariko harimo imyanzuro ine...