Minisitiri w’ingabo wa DR Congo yatangaje ko “ibintu byose byateguwe kugira ngo umujyi wa Goma udafatwa”, mu gihe ubu bivugwa ko uyu mujyi wamaze kugotwa ku gice cyose cy’ubutaka n’umuhanda mukuru...
Imirwano hagati ya FARDC n’Umutwe wa M23 yazindukiye mu bice bya Kibumba muri territoire ya Nyiragongo, amasasu n’imbunda ziremereye birumvikanira mu bice by’ikibaya, munsi ya #Kanyamahoro, hafi...
Umugabo wari ufite umuhigo w’isi wo gusiganwa ku maguru mu ntera ya kilometero 42 (marathon), Umunya-Kenya Kelvin Kiptum, wari ufite imyaka 24, yapfanye n’umutoza we w’Umunyarwanda mu mpanuka...
Guverinoma y’u Rwanda iramenyesha akanama k’umutekano ka LONI ko ihangayikishijwe n’ibikorwa bikorerwa abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi mu burasirazuba...
Kuri uyu wa gatandatu tariki 17 Gashyantare 2024, saa munani za mu gitondo (mu rukerera), ibisasu 2 byaguye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma mu burasirazuba bwa Congo, byangiza ibintu...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma w’u Rwanda, Alain Mukurarinda, yavuze ko rutandikiye Akanama k’Umutekano ka Loni ruvugira umutwe wa M23, ahubwo ko rwashakaga kugaragaza impungenge ku bikorwa...
Perezida wa Repubulika ya Sudani y’Epfo akaba n’Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Salva Kiir Mayardit yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi...
Minisitiri w’intebe Henry Ariel wa Haiti yemeye kwegura nyuma y’ibyumweru ari ku gitutu kubera impagarara n’ubugizi bwa nabi birimo kwiyongera mu gihugu...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Werurwe 2024 imirwano ikaze yasakiranyije umutwe wa M23 n’ingabo za Leta ya RD Congo n’abambari bayo i Buhumba muri Nyiragongo mu bilometero bicye n’umujyi wa Goma...
Igihugu cya RDC cyemereye mu nama yahuje intumwa za Guverinoma ya RDC n’iz’u Rwanda tariki ya 21 Werurwe 2024,ko kigiye gusenya umutwe wa FDLR urimo abarwanyi bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi...
Paul Kagame yagiranye ikiganiro kirambuye n’ikinyamakuru Jeune Afrique cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo umubano w’u Rwanda na RDC by’umwihariko ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba...
Igihugu cya RDC cyongeye gusabira ibihano u Rwanda mu nama y’ibihugu bigize akanama ka ONU gashinzwe umutekano ku isi yateranye kuwa gatatu,tariki ya 27 Werurwe...
U Rwanda rwazamutse imyanya ibiri, rugera ku wa 131 ku rutonde rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, rwerekana uko amakipe y’ibihugu akurikirana.
Perezida Kagame yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi ari umuburo ku isi yose kuko nta hantu itashoboka gusa yemeza ko Abanyarwanda batazongera gutereranwa ngo bicwe...