Turi tariki ya 16 Kamena, ni umunsi w’167 mu minsi 365 igize uyu umwaka, iminsi 198 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka
• 1779: Igihugu cya...
Perezida wa Zambia Edgar Chagwa Lungu yatangaje ko ategereje Perezida Paul Kagame mu ruzinduko rw’akazi muri icyo gihugu, mu biganiro bizibanda ku mubano w’ibihugu byombi n’ubufatanye mu nzego...
Tupac Amarur Shakur (2Pac) n’umuhanzi w’icyamamare ufatwa na benshi mu bakunzi binjyana ya hip hop nk’intwari doreko nawe ariyo yaririmbaga, iyo azakuba akiri ku Isi kuri uyu munsi yari kuba yujuje...
Abaganga mu gucukumbura ibyabaye mu mateka ya kera babonye ibimenyetso byerekana ko mu burengerazuba bwa Ethiopia higeze kuba umugi ukaza kwibagirana.
Abo bahanga bavuga ko uwo mugi wabayeho mu...
Perezida Kagame ageza ku banyamuryango ba RPF ijambo yabateguriye/Photo-Igihe
Perezida Paul Kagame yabwiye abanyamuryango ba FPR Inkotanyi ko azakoresha imbaraga zose mu kubahiriza inshingano...
ku munsi wa mbere uhura n’umuntu ubundi ukamwishimira ndetse ukifuza ko yaguhora iruhande,yewe ukamwegera mugatangira kuganira,mukamenyana ari nako umunsi ku munsi ugenda umwiyumvamo,hanyuma...
Ababyeyi ba Erin na Abby Delaney basanzwe n’ibyishimo nyuma yo kubona abana babo batandukanye umwe akajya ukwe undi ukwe nyuma y’aho aba bana b’impanga bari bavutse mu buryo budasanzwe aho bari...
Perezida Paul Kagame ageza ijambo ku bari bitabiriye Kongere ya RPF kuwa Gatandatu 17
Ubwo yashimangiraga ko Perezida Kagame yiteguye gutsindira manda ya 3 nk’umukuru w’igihugu, Abdulrahman...
Ruhumuriza James uzwi nka King James ku mazina y’ ubuhanzi ,ni umwe mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda bitewe n’ indirimbo ze zagiye zikundwa ziganjemo iz’urukundo hakiyongeraho n’ ibitaramo...
Turi Tariki ya 21 Kamena, ni umunsi w’ 172 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 193 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 21...
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yahaye inkunga igihugu cya Sudane y’Epfo ingana n’amadorali ya Amerika 500,000. Iyi nkunga ije nyuma y’isubikwa ry’uruzinduko yagombaga...
Komisiyo y’Amatora yari yavuze ko ku isaha ya saa ine (10h30 a.m) yakira inyandiko z’ibisabwa Umukandida wigenga Phillipe Mpayimana.
Ari mu ivatiri y’umweru yo mu bwoko bwa Toyota Carina itariho...
Perezida Paul Kagame yageze ku cyicaro cya Komisiyo y’Amatora (NEC) aho agiye gutanga kandidatire ye izamwemerera guhatana mu matora ya Perezida ateganyijwe muri Kanama 2017.
Kuri uyu wa kane...
Umusore Frank Ntilikina umunyarwanda usanzwe uba mu Bufaransa ashobora kubimburira abandi banyarwanda gukina shampiyona ya Basketball ikunzwe cyane ya NBA dore ko uyu munsi taliki ya 22 Kamena...
Urukundo rwa Chameleone na Daniella rugeze kuyindi ntera.Itandukana ryabo ryavurwaga mu minsi yatambutse ryavuyeho, kuri ubu aba bombi baragaragaza urukundo rudasanzwe harimo no kuba Chameleone...
Nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports itsindiwe I Rusizi ibitego 2-0 na Espoir FC hari amakuru avugwa ko hari abakinnyi bayo banze gukina uyu mukino ku bushake aho bivugwa ko baba barabitewe no kuba...