Ikipe ya Brazil iri mu mazi abira kuko nyuma yo gutakaza Neymar Jr na Danilo mu mikino 2 iheruka ndetse bakiyongeraho Alex Sandro,kuri ubu babuze abandi bakinnyi babiri.
Gabriel Jesus usanzwe...
Ikipe ya Brazil yakiriye inkuru mbi ko kizigenza wayo Neymar Jr ashobora kudakina umukino wa 1/16 kubera imvune ye itarakira neza.
Byari byitezwe ko Neymar Jr asiba imikino 2 yo mu matsinda...
Samuel Eto’o uyobora ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroon,yakoranye imyitozo n’ikipe y’igihugu cye, yitegura u Busuwisi mu kanya saa 12:00’ mu gikombe cy’isi.
Iyi kipe kandi yasuwe na...
Umunyamabanga wa FERWAFA, Muhire Henry yemeje ko hari ibiganiro bagiranye na rutahizamu wa Rayon Sports, Leandre Willy Essomba Onana ukomoka muri Cameroon ngo abe yakinira ikipe y’igihugu Amavubi....
Ikipe ya REGBBC yari ihagarariye u Rwanda mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo #theBAL 2022 yasezerewe muri iyi mikino nyuma yo gutsindirwa muri 1/4 na FAP BBC yo muri Cameroon amanota 66...
Tombola yo gushyira ibihugu mu matsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2023 kizabera muri Cote d’Ivoire, yasize u Rwanda ruri mu itsinda rya nyuma rya L aho ruri kumwe na Senegal, Benin...
Abantu umunani biravugwa ko bapfuye naho ababarirwa muri mirongo bagakomereka mu mubyigano hanze ya stade mu gikombe cya Africa cy’ibihugu muri Cameroun.
Abakinnyi bakomeye mu Bwongereza barimo Sadio Mane na mugenzi we Édouard Mendy baraye bahuriye mu mukino ukomeye cyane wahuje amakipe yabo Chelsea FC na Liverpool akanganya ibitego 2-2, bahise...
Ikipe y’Igihugugu Amavubi ikomeje imyiteguro ya CHAN izabera muri Cameroon mu kwezi gutaha,yamenye uko ingengabihe yayo ipanze.U Rwanda ruhuriye mu itsinda C na Uganda, Morocco, na Togo
Tariki...
Mu nama yahuje abanyamuryango b’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika [CAF] kuri uyu wa Kabiri tariki ya 30 Kaamena 2020,yafatiwemo imyanzuro itandukanye yo gushyiraho gahunda...