U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri muri Afurika n’uwa 37 ku Isi yose muri raporo ngarukamwaka igaragaza ishusho y’uko ibihugu bigendera ku mategeko ( Rule of Law Index2020). Igihugu cya Denmark ni...
Minisiteri ya Siporo n’amashyirahamwe ya siporo yo mu Rwanda byatangaje ko hahagaritswe gahunda yo kwitabira imikino mpuzamahanga izakinirwa hanze y’u Rwanda mu rwego rwo kwirinda no gukumira...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 14 Gashyantare 2020 nibwo Umutoza Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi i 23 bazakurwamo abazakina imikino ibiri ya gicuti yo kwitegura imikino ya CHAN 2020 izabera...
Minisiteri ifite Siporo mu nshingano zayo yakuye abakunzi ba Siporo mu gihirahiro itangaza ko umutoza Mashami Vincent yongerewe amasezerano yo gukomeza gutoza iyi...
Amavubi yageze muri Mozambike ku munsi w’ejo saa munani n’igice za Kigaliari nazo za Maputo,agiye gutangira gushaka itike yo kwerekeza muri CAN 2021 ,yakoze urugendo rwo kunanura amaguru uyu munsi...
Ikipe ya Cote d’Ivoire yasuzuguwe n’ikipe ya Maroc iyitsinda iyirusha igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa kabiri wo mu itsinda D wanahiriye igihugu cya Afrika y’Epfo cyari cyatsinzwe mu mukino wa...
Abasore 3 b’abanyarwanda bakina umukino wo gusiganwa ku magare bisanze ku rutonde ruzatoranywamo umukinnyi wahize abandi mu mukino wo gusiganwa ku magare muri...
Benshi mu batuye isi bahanze amaso imikino y’igikombe cy’isi ibura iminsi 3igatangira mu Burusiya aho ibihugu 32 bigabanyije mu matsinda 4 bizesurana muri iki gihe cy’ukwezi dore ko iki gikombe...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda aratangaza ko yifuza kubona abasore bazahagararira u Rwanda mu mikino nyafurika yo gusiganwa ku magare igiye kubera mu Rwanda,...
Miss Uwase Hirwa Honorine uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Earth 2017 ntiyabashije kwegukana umudali muri itanu yahawe abakobwa biyerekanye neza mu mwambaro uranga umuco wabo.Ba...
Ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare igiye kwerekeza mu irushanwa ryo muri Cameroon ryitiriwe umugore wa Perezida w’iki gihugu rizwi nka Grand Prix Chantal Biya rizatangira ku italiki ya...
Ikipe y’igihugu y’umukino wa Basket iherereye mu gihugu cya Tuniziya yatsinzwe umukino wa gatatu yahuyemo na Cameroon amanota 81 kuri 77 ibura amahirwe yo kugera muri 1/4 .
Kuri iki cyumweru...
Dr Frank Habineza, ni we mukandida wemejwe n’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije-Democratic Green Party, ko azarihagararira nk’umukandida-Perezida mu matora y’umukuru w’igihugu....
Umwarimu wo mu mashuri yisumbuye mu gihugu cya Cameroon, ubu ari mu mazi abira nyuma yo gutanga igihano kitavugwaho rumwe ku bana b’abakobwa baje ku ishuri bakererewe.
Uyu mwarimu w’umugabo...
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya w’100 ku rutonde ngarukakwezi rukorwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi, Fifa.
U Rwanda rwari ku mwanya wa 93 mu kwezi gushize rwaje kuri uwo mwanya,...
Kuri iki Cyumweru Abanyarawanda ndetse n’abanya Centrafrika bahanze amaso umukino wo guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afrika “CAN 2019” kizabera muri Cameroon.
Aya makipe akurikirana ku...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Ghana ryatangaje ko Chris Hughton yakuwe ku mirimo ye nk’umutoza mukuru w’ikipe nkuru nyuma yo gusebera mu mikino ya AFCON...
Ushinzwe ubuzima bwa buri munsi bw’ikipe ya APR FC,Team manager, Ntazinda Eric yagarutse kuri byinshi bivugwa kuri iyi kipe, avuga ku mikino ibanza ya shampiyona, imyiteguro ya Mapinduzi Cup,...