Ibirori byo guhemba abahanzi Nyarwanda bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu bihangano byabo, kuva mu mwaka wa 2015 kugeza mu mwaka 2016 byari biteganyijwe kuba tariki ya 23 Ukuboza 2016 byasubitswe...
Ruhumuriza James benshi bazi nka King James, umuhanzi umaze kuba ubukombe muri muzika nyarwanda, yatangaje abahanzi bazamurekereza mu karere ka Rubavu anavuga uko ibiciro bihagaze kugirango...
Christopher Froome umwongereza ukomeje kuyobora urutonde rusange muri Tour de France y’uyu mwaka iri kugera ku musozo yatangaje ko umunya Colombia Rigoberto Uran ariwe mukinnyi abona wamwambura...
Ku munsi w’ejo taliki ya 22 Nyakanga 2017 nibwo byari biteganyijwe ko umwongereza Christopher Froome w’imyaka 32 ari buze gushyira akadomo kuri Tour de France y’uyu mwaka akayegukana ku nshuro ye...
Turi tariki ya 01 Kanama ni umunsi wa 213 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 152 niyo isiagaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, uyu munsi umaze kuba inshuro 56 ari ku wa kabiri
Mu mateka y’u...
Ingabire Jeanne d’Arc wamamaye nka Knowless yatangaje ko yamaze gusubika urugendo yagombaga kuzagirira mu Burundi aho yari yatumiwe mu gitaramo cyateguwe mu Mujyi wa Bujumbura mu ntangiriro za...
Ibyo byabaye mu ijoro ryo ku wa gatanu tariki ya 18 Kanama 2017, mu gitaramo cyiswe “Intsinzi Concert” cyabereye kuri Petit Stade i Remera.
The Ben ubwo yahuraga n’uwo mukobwa ari...
• Abashinzwe gutegura Tour du Rwanda basohoye amazina na nimero z’abakinnyi bose bazitabira Tour du Rwanda 2017
• Valens Ndayisenga niwe uzambara nimero 1 kubera ko yatwaye iy’ubushize
• Tirol...
Igihangange mu mukino wo gusiganwa ku magare Christopher Froome ukinira ikipe ya SKY yo mu Bwongereza, yatahuweho ko yakoresheje imiti yongera imbaraga mu irushanwa rya La Vuelta a Espana...
Monster Record imwe mu nzu zitunganya umuziki imaze kwamamara hano mu Rwanda kubera indirimbo zamamaye yagiye ikora nka Got it ya Safi Madiba na Meddy, Thank You ya The Ben na Tom Close, iza King...
Ishimwe Clement umuyobozi w’inzu itunganyamuzika ya Kina Music yahishuye byinshi byijyanye n’uburyo yahisemo iri zina anavuga ku nyuguti ya ‘K’ iba mu mazina ye akoresha.
Kina Music imaze imyaka...
Umuhanzi Bryan Christopher Williams uzwi nka Birdman yatangaje ko akunda Toni Braxton byo gupfa ubwo yashimangiraga ku mugaragaro ko bakundana mu kiganiro cya Wendy Williams’ daytime chat show...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Werurwe 2018 nibwo habaye igikorwa cyo gutora abahanzi 10 bazitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rigiye kuba ku nshuro ya 8. Abo...
Abahanzi nyarwanda bari bakwiriye kujya muri PGGSS8 nubwo babuze amahirwe yo kujyamo barimo Oda Paccy ,The Same,Yverry.
Kuri uyu wa Gatatu Taliki ya 14 Werurwe nibwo mu Rwanda batoye abahanzi...
Kutubahiriza isaha yagenwe ndetse no kuririmba Play Back ni bimwe mu byaranze igitaramo Harmonize yatumiwemo I Kigali kuri Camp Kigali.
Kuruyu wa gatandatu taliki ya 24 byari biteganyijwe ko...
Umugore witwa Brittany Velasquez w’imyaka 20, yatawe muri yombi na polisi yo muri Arizona akekwaho kwica abana be babiri yarangiza akabashyira mu modoka.
Aba nibo bana bivugwa ko bishwe na nyina...
Christopher Buni yasabye umukunzi we ko yamugira umugore mu muhanda rwagati bavuye gusenga.
Kuruyu wa wa Mbere taliki ya 2 Mata 2018 . Umuyobozi wungirije wa Kaminuza ya Kyambogo University...
When a couple plans to get married, parents and counsellors give them advice months or weeks prior to the wedding about the key knots that can hold their relationship together till death does...
Ikipe y’igihugu ya Zambia y’abatarengeje imyaka 20 iteye intambwe ikomeye yo kwerekeza mu gikombe cy’Afrika nyuma yo gutsindira Amavubi ku kibuga cyayo ibitego 2-0 mu mukino...
Igitatamo cya mbere cy’ irushanwa Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya 8, kw’ikubitiro ryatangiriye i Gicumbi aho abahanzi uko ari icumi bahatanira kwegukana iri rushanwa bari babukereye...
Abahanzi bari mu irushanwa rya PGGSS ku nshuro yayo ya 8 bakoze igitaramo kidasanzwe mu Ntara y’amajyaruguru mu Karere ka Musanze nyuma yuko bavuye i Gicumbi.