Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki 14 Gicurasi 2017, muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika habereye ibirori byo gutora nyampinga wa USA 2017, ikamba rikaba ryambitswe Kára Deidra McCullough w’imyaka...
Umwana ukomoka mu gihugu cya Colombia uzwi ku izina rya Juanita Valentina Hernandez,ku mezi ye icumi amaze avutse ariko akaba apima ibiro bigera kuri 20 byibura byagapimye umwana ufite imyaka...
Ababarirwa mu bihumbi n’ibihumbi batavuga rumwe na Leta y’igihugu cya Venezuela bari mu myigaragambyo ikomeje guhitana bamwe abandi ikabakomeretsa.
Abantu batatu barimo umusore, umugore n’...
Ikigo PwC, gikora ubugenzuzi mu bijyanye n’imisoro kikanatanga inama mu bijyanye na serivisi gifite icyicaro I London mu Bwongereza, yasuzumye uko ubukungu bw’isi buzaba bwifashe n’ibihugu bizaba...
U Rwanda rumanutse imyanya igera kuri 24 ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA ruva ku mwanya wa 93 rugera ku mwanya w’117 ku isi ni mu gihe muri Afurika rwaje ku mwanya wa 32 mu makipe 206...
James Rodriguez aratangaza ko nawe yemeranya na Lionel Messi ko abona igihe kigeze ngo abe yava mu ikipe ya Real Madrid aho atabona umwanya wo gukina akajya aho bamukeneye mu rwego rwo kudakomeza...
Umukinnyi w’ikipe ya Chapecoense FC yo muri Brazil iherutse gutikirira mu impanuka y’indege yaguye mu misozi ya Colombia, akaza kurokoka ari umwe yasanganywe Bibiliya irambuye mu gitabo cya Zaburi...
Umuririmbyi Mugisha Benjamin ukorera muzika muri leta zunze ubumwe za Amerika aritegura gukorera igitaramo mu Rwanda k’ubutumire bwa East African Party isanzwe itegura ibitaramo ngarukamwaka, aho...
Abantu 76 nibo bamaze kumenyekana ko baguye mu mpanuka iyi ndege yari itwaye ikipe yo muri Brazil yitwa Chaecoense.
Iyi mpanuka yabereye hafi y’ umujyi wa Medellin mu gihugu cya Colombia mu...
Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse imyanya itandatu ku rutonde ngarukakwezi rw’ umupira w’ amaguru ku isi FIFA rugaragaza uko amakipe y’ibihugu mu mupira w’amaguru ahagaze. Kuri ubu u Rwanda rwicaye ku...
Umusore Areruya Joseph yakoze impanuka mu irushanwa riri kubera muri Hongiriya aho bari bri mu gace ka gatatu kavaga ahitwa Paks kerekeza Cegled urugendo rw’ibirometero 178.
Mu kiganiro...
Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse ku rutonde ngarukakwezi rw’ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi FIFA umwanya umwe aho yaje ku mwanya wa 127 ku rutonde rushya rwasohotse kuri uyu wa kane taliki...
Kuri iki cyumweru nibwo mu irushanwa rya Tour de France bari bageze ku gace ka 9 kari kagizwe n’ibirometero 181,5.kavaga ahitwa Nantua kerekeza Chambery aho kabayemo impanuka nyinshi cyane mu...
. Turi tariki ya 12 Nyakanga, ni umunsi w’ 193 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 172 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byranze uyu munsi mu mateka....
Christopher Froome umwongereza ukomeje kuyobora urutonde rusange muri Tour de France y’uyu mwaka iri kugera ku musozo yatangaje ko umunya Colombia Rigoberto Uran ariwe mukinnyi abona wamwambura...
Ku munsi w’ejo taliki ya 22 Nyakanga 2017 nibwo byari biteganyijwe ko umwongereza Christopher Froome w’imyaka 32 ari buze gushyira akadomo kuri Tour de France y’uyu mwaka akayegukana ku nshuro ye...
Hillary Clinton yabaye umugore wa mbere wemerewe kuba mu bakandida biyamamariza kuyobora Leta zunze ubumwe z’America, ni kimwe mu byaranze tariki ya 26 Nyakanga.
Turi ku wa gatatu tariki ya 26...
Kuri uyu munsi Taliki ya 10 Kanama 2017, nibwo hatangira irushanwa rikomeye mu gusiganwa ku magare muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika rya Colorado Classic aho na Team Rwanda iri mu makipe yitabiriye...
Miss Uwase Hirwa Honorine uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Earth 2017 ntiyabashije kwegukana umudali muri itanu yahawe abakobwa biyerekanye neza mu mwambaro uranga umuco wabo.Ba...
FIFA imaze gutangaza uko amakipe yabonye itike yo gukina igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya umwaka utaha azahurira mu matsinda aho ikipe ya Portugal yisanze mu itsinda rimwe na Portugal rya B....
Umukobwa witwa Ingabire Habibah w’imyaka 20 y’amavuko wari uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Supranational 2017, yatangaje ko yanyuzwe cyane n’umusaruro yakuye muri iri rushanwa...
Kuri uyu wa Gatandatu saa munani nibwo hategerejwe umukino ufatwa nk’uwa mbere ku isi uzahuza Real Madrid na FC Barcelona uzabera kuri stade ya Santiago Bernabeu ya Real Madrid.
Uyu mukino ugiye...