Urugendo rw’Amavubi mu gikombe cy’Afurika cy’Abatarengeje imyaka 23 ndetse no kwerekeza mu mikino olimpike izabera Tokyo 2020,rurangiye nabi kuko anyagiwe na Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo...
Former members of various armed groups, including the FDLR militia, were on Friday discharged after completing a three-month course in civic education and...
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 23,Jimmy Mulisa yasabye imbabazi abakunzi ba Kiyovu Sports na Kirehe FC kubera amagambo yavuze ku bakinnyi bayo nyuma yo kunganya 0-0 na RDC ku munsi...
Rutahizamu Bimenyimana Bonfils Caleb yemeje ko ari mu biganiro n’amakipe menshi kugira ngo arebe iyamuha amasezerano meza ayerekezemo aho yemeje ko amakipe arimo TP Mazembe,Simba SC na Yanga...
Abatavugarumwe n’ ubutegetsi bwa Repubulika ya Kongo baravuga ko imashini bivugwa ko zizakoreshwa mu matora ya Perezida batazazemera, ko ahubwo bazakora uko bashoboye...
Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi wafashe icyemezo cyo kugumishaho ibihano wafatiye bamwe mu bategetsi bo hejuru ba Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, barimo na Emmanuel Ramazani Shadary,...
Iki gitero cyagabwe ku nzu y’umuvugizi w’ihuriro ry’amashyaka ari ku butegetsi muri RDC kibaye mbere y’amatora y’uzasimbura Perezida Joseph Kabila ku butegetsi
Ikinyamakuru mpuzamahanga Euro Top Teams gikora intonde z’amakipe ahagaze neza buri mwaka mu mikino yose cyatangaje ko Rayon Sports iri ku mwanya wa 36 mu makipe akomeye muri Africa,mu gihe APR FC...
Urwego rw’ubutasi bwa Gisirikare muri Uganda rutangaza ko Umunyarwanda, Bashir Hamad Mugisha ari mu batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’uwari Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka...
Ikipe y’igihangange ku mugabane wa Africa,TP Mazembe, iri mu biganiro n’umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Goncalves do Carmo, kugira ngo ajye gusimbura umutoza wabo Mihayo Kazembe udahagaze...
Umwongerezakazi witwa Cindy Moore w’imyaka 32,yatangaje ko Benik Afobe yamutumiye muri hoteli bari bacumbitsemo mbere yo guhura na Manchester City umwaka ushize,aramusambanya arangije amuha icupa...
Kuri iki Cyumweru tariki 26 Kanama 2017 polisi y’ u Rwanda yagaragarije itangazamakuru abagabo batatu bakeye bibaga amaduka yo mu mujyi wa Kigali acuruza mudasobwa n’ amatelefone bakoresheje...
Mu Karere ka Bugesera I Gako hatangijwe imyitozo ya gisirikari yiswe "Shared Accord 2018", igamije kureba urwego rw’ubunyamwuga mu ngabo zibungabunga amahoro ku...
Umuyobozi w’Itorero Zion Temple Celebration Centre ku Isi, Apôtre Dr Paul Gitwaza; Pasiteri Emma Ntambara; umugore wa Apôtre Masasu, Pasiteri Lydia Umulisa Masasu, Umuyobozi wa Women Foundation...
Mu gihe benshi bari bazi ko umunyamakuru Rutamu Eie Joe yavuye mu itangazamakuru kubera gusezererwa kwa Argentina mu gikombe cy’isi,Gakumba Patrick inzobere mu gushakira abakinnyi amakipe...