Kabuhariwe Cristiano Ronaldo yatangiye imyitozo mu ikipe ye nshya ya Juventus yitegura umwaka w’imikino utaha cyane ko ahanzwe amaso na benshi bategereje kureba niba azafasha Juventus kwegukana...
Mu bakinnyi bamaze kwiruka ibirometero byinshi mu gikombe cy’isi ku mwanya wa mbere turasangamo umukinnyi Cristiano Ronaldo , Luis Advincula, Kyle Walker , Jesse Lingard, Dani Carvajal...
Usibye kuba Neymar Jnr ari umwe mu bakinnyi beza bari bahanzwe amaso mu gikombe cy’isi kiri kubera mu Burusiya, uyu mukinnyi amaze no kugaragaza indi sura idasanzwe aho amaze kuvugisha benshi mu...
Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga hari gucaracara amafoto y’umukunzi wa Neymar witwa Bruna Marquezine usanzwe ari umukinnyi wa filimi aryamanye n’undi musore bahuje...
Umunya Chile Manuel Pellegrini uherutse kugirwa umutoza wa Westham yo mu Bwongereza,yatezwe n’amabandi yari yitwaje intwaro ubwo yari agiye gusangira n’umugore we n’inshuti ze muri restaurant imwe...
Ikipe ya Atletico Madrid niyo yegukanye UEFA Europa League y’uyu mwaka kuko itsinze Olympique de Marseille (OM) ibitego 3-0 ku mukino wa nyuma wabereye kuri stade ya Groupama mu mugi wa Lyon mu...
Kapiteni w’ikipe ya APR FC yabwiye Rayon Sports ko igomba gukora ibishoboka byose igahagarika ubusatirizi bw’ikipe ya Gor Mahia,niba ishaka kubona amanota 3 ya mbere mu matsinda ya CAF...
Ikipe ya Atletico Madrid yasezereye Arsenal iyitsinze ibitego 2-1 mu mikino yombi na Marseille isezereye Redbull Salzburg ku kinyuranyo cy’ibitego 3-2, nizo zizahurira ku mukino wa nyuma wa UEFA...
Abasore babiri bakinira Arsenal Alexandre Lacazette na Hector Bellerin barwaniye mu myitozo ya nyuma yo kwitegura umukino ubanza wa ½ cya UEFA Europa League bagomba guhura na Atletico Madrid uyu...
Ikipe ya Rayon Sports yisanze mu itsinda D aho iri kumwe n’amakipe 2 yo mu karere ndetse na USM Alger yo muri Algeria,ihabwa amahirwe yo kwegukana iki...
Mu mafoto yaciye ibintu ku mbuga za interinet turasangamo amafoto agaragaza ibyaranze ijoro ry’itsinzi ya Rayon Sports , amafoto yaciye ibintu ku mbuga za...
Umukinnyi Muhire Kevin ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya Rayon Sports yavuze ko umutoza Masudi Djuma yagiranye ibibazo n’abakinnyi bituma batakaza amahirwe yo kwerekeza mu matsinda ya CAF...
Kuri uyu wa Gatandatu nibwo hakomeza imikino y’umunsi wa 16 wa shampiyona y’u Rwanda AZAM Rwanda Premier League yari imaze igihe yarasubitswe kubera gahunda yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku...
Umutoza mukuru w’ikipe ya Rayon Sports Ivan Jacky Minnaert yatangaje ko ubwo yageraga muri Afurika y’Epfo yasanze yaragambaniwe n’ikipe ya Black Leopards imubeshyera ko yayibye urufunguzo rw’imodoka...
Ivan Minnaert yamaze kugaruka mu kazi ke mu ikipe ya Rayon Sports nyuma y’aho ku munsi w’ejo inkuru yabaye kimomo ko yatawe muri yombi na polisi yo muri Afurika y’Epfo ashinjwa ubwambuzi yakoreye...
Umutoza mukuru w’ikipe ya Rayon Sports biravugwa ko yatawe muri yombi na polisi yo muri Afurika y’epfo ashinjwa ubwambuzi yaba yarakoreye ikipe ya Black Leopards yo mu cyiciro cya kabiri muri iki...
Ikipe ya Real Sports yamaze guhabwa ibihano bikarishye na CAF nyuma y’aho bamwe mu bayobozi bayo bafatiwe muri hoteli abasifuzi bari bacumbitsemo mbere y’umukino wa CAF Champions League wayihuje na...
Ku kibuga Juventus Arena mu Butaliyani niho abakunzi ba ruhago bahanze amaso aho harabera umukino ubanza wa ¼ cya UEFA Champions League urahuza amakipe yageze ku mukino wa nyuma w’umwaka ushize...
Rutahizamu Bimenyimana Bonfils Caleb uhagaze neza cyane muri iyi minsi, afashije Rayon Sports gutsinda Aspor ibitego 2-1 mu mukino wo kwishyura w’igikombe cy’Amahoro,byiyongereye kuri 5-0 ku busa...
Umukinnyi Lionel Messi yanenzwe na benshi mu bakunzi ba ruhago kubera gutaha umukino utarangiye ubwo ikipe ya Argentina yanyagirwaga na Espagne ibitego 6-1.
Isco yafashije Espagne kunyagira...
Ikipe ya Rayon Sports itsinze Sunrise FC ibitego 3-2 mu mukino wayigoye cyane, wabereye kuri stade Mabati yo mu karere ka Nyagatare, biyifasha kurangiza igice kibanza cya shampiyona iri ku mwanya...