Myugariro David Luiz waraye atunguye benshi ubwo yavaga mu ikipe ya Chelsea FC akerekeza mu ikipe ya Arsenal,yavuze ko ikintu yishimiye kurusha ibindi ari uko ubu atazongera guhangana na ba...
Umugabo n’umugore bagaragaye bari gusambanira ku ibaraza rya Hoteli yo ku mucanga uzwi cyane wa Ibiza hafi y’aho umuhanzi akaba n’umu DJ witwa David Guetta yavangiraga umuziki awuha abakunzi...
Faith Nketsi wahoze ari mu rukundo n’umuhanzi Davido yavugishije benshi kubera amafoto yashyize hanze agaragaza imiterere ye ikundwa na bimwe mu byamamare byo muri...
Umuhanzikazi Rita Ora w’imyaka yagaragaye ari gusomana ndetse ari no gukorakorana n’umuhungu mukuru wa David Beckham w’imyaka 18 none byatumye aba babyeyi b’uyu mwana w’umuhungu bahaguruka bamagana...
Mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Werurwe 2018 nibwo umuhanzi Davido yasesekaye i Kigali gukora igitaramo kiri mu by’uruhererekane yise ’30 Billion Africa Tour 2018’ amaze iminsi...
Umuhanzi David Adedeji Adeleke uzwi nka Davido ukomoka muri Nigeria yageze i Kigali yitabiriye igitaramo kizabera kuri Stade Amahoro i Remera kuri uyu wa Gatandatu, tariki 3 Werurwe 2018....
Umunyamideli Victoria Beckham usanzwe ari umugore w’icyamamare David Beckham kizwi mu mupira w’amaguru,cyavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera amaforo cyifotoje yashotse ku kinyamakuru...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 04 Ukuboza 2017 nibwo umwe mu bayobozi b’abatavuga rumwe na leta muri Kenya, David Ndii, yatawe muri yombi.
Umwunganira mu mategeko yavuze ko yiteze ko aza gushinjwa...
David Donadei wahoze atoza Rayon Sport
Ku rutonde rw’abantu bane baharanira kuyobora ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Ubufaransa (FFF) harimo na David Donadei wahoze atoza Rayon Sports akaza...
Mu kiganiro gishya cya ABTalks yatangaje ukuntu yicuza kuba yarigeze kugira ibibazo n’umugore we avuga ko yakabaye yarahosheje ibibazo mu bundi buryo aho gutuma bigera ku rugero byagezeho....
Kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Ukwakira 2022, abanyamakuru bakunzwe muri siporo y’u Rwanda aribo David Bayingana na Bagirishya Jean de Dieu wamamaye nka Jado Castar, bahawe impamyabumenyi z’icyiciro...
Ubwo umuhanzi Davido yizihizaga isabukuru y’amavuko, yasabye abakunzi be kumuha amafaranga,nabo biva inyuma mu minsi 3 gusa uyu muririmbyi wo muri Nijeriya yakira amadorari ya Amerika 500.000....
Umuherwe David Beckham nyiri ikipe ya Inter Miami ndetse azwi cyane mu mupira w’amaguru aho yakiniye amakipe nka Manchester United,PSG,Real Madrid n’izindi,yamaze kwiyemeza kugurira rimwe Lionel...
Ikipe ya Arsenal yatangaje ko yamaze gusinyisha amasezerano y’imyaka 4 abakinnyi 2 yari yatiye barimo Pablo Mali na Cedric Soares ndetse ngo yongereye David Luiz. Amasezerano y’umwaka...
Uwahoze ari umukinnyi w’icyamamare mu mupira w’amaguru ku isi,David Beckham w’imyaka 44 yatangaje ko Cristiano Ronaldo atagera ku rwego rwa Lionel Messi mu mupira w’amaguru aho yemeje ko nta mukinnyi...
Myugariro wa Arsenal, David Luiz ari kubarizwa mu Rwanda aho yaje yitabiriye igikorwa cya Visit Rwanda bikubiye mu masezerano u Rwanda rwagiranye ni ikipe ya Arsenal muri Gicurasi 2018.
Yaje...
Myugariro David Luiz uherutse gutungurana akava mu ikipe ya Chelsea FC yerekeza muri Arsenal,yatangaje ko impamvu yamuteye gufata uwo mwanzuro ari uko umutoza Frank Lampard yamubwiye ko atari...
Ikipe ya Manchester United yananiwe kongerera amasezerano umunyezamu David de Gea ariyo mpamvu yagiye ku isoko gushaka umunya Cameroon Andre Onana kugira ngo aze...
Umuryango wa David Beckham wahoze ari umukinnyi wa ruhago ukomeye ndetse n’umugore we w’umunyamideli n’umuhanzi,Victoria Beckham,bari mu byishimo ko umuhungu wabo w’imyaka 16, Romeo Beckham ari mu...
Umwongereza witwa Jack Johnson w’imyaka 22 ukomoka mu gace kitwa Kimberley mu ntara ya Nottinghamshire yatangaje ko yiteguye gukomeza umwanzuro we wo gukomeza gushora akayabo kugira ngo ase neza...
Umuherwe David Beckham wamamaye mu guconga ruhago mu makipe akomeye arimo Manchester United na Real Madrid,yagaragaye mu mujyi wa Miami wo muri leta ya Florida ari kumwe n’umunyamideli wo muri...
Umunyezamu wa Manchester United, David De Gea agiye kuba umunyezamu uhembwa amafaranga menshi kurusha abandi kuko ari mu nzira imwerekeza mu ikipe ya PSG mu...