Perezida Donald Trump yazuye akari kagiye kubora ubwo yagaragazaga mu nyandiko yanyujije ku rubuga rwa Twitter yifashije conte ye abwira Guverineri wa New York, Andrew Cuomo, ko abona Coronavirus...
Umuyisilamu witwa Fida Hussain ukomoka mu mujyi wa Birmingham yareze resitora ikomeye ku isi ya McDonald’s yamugaburiye ingurube mu byokurya yamuhaye yihuta kandi yari yasabye ibirimo amagi na...
Nyuma yaho President wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump atangarije abanyamerika urupfu rw’umuyobozi wa ISIS yabujije abantu gukomeza gushimagiza Obama ku rupfu rwa Osama Bin...
Kim Darroch uhagarariye Ubwongereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ,Perezida Donald Trump aherutse ku mwita igicucu kibi none yeguye ku mirimo ye yari ashinjwe muri iki...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 13 Ukuboza 2016, Kanye West yahuye na Perezida Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Amerika ahigitse Hillary Clinton. Uyu muraperi n’ubwo atitabiriye amatora ya...
Perezida wa USA,Donald J.Trump yavuze ko umutwe w’iterabwoba wa ISIS uri hafi gutsindwa ubwo yasuraga mu buryo butunguranye ingabo za USA ziba muri Iraq.
Umuhuro wa Donald Trump na Kim Jong Un ntacyo wagezeho nkuko uyu muperezida wa US yabibwiye abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri taliki ya 28 Gashyantare 2019.
Umucamanza muri Leta ya New York yanzuye ko Donald Trump wahoze ari perezida w’Amerika yamaze imyaka akora uburiganya mu gihe yakoraga ubucuruzi bw’amazu bwamufashije kuba ikimenywabose kugeza...
Ku mugoroba w’uyu wa kane uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yasohotse muri kasho y’akarere ka Fulton County mu mujyi w’Atlanta nyuma y’iminota 20 ahageze agatabwa muri...
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitabye urukiko, nk’uko byagarutsweho n’ibinyamakuru bitandukanye byo hirya no hino ku Isi. Ni ubwa mbere mu mateka, umuntu wayoboye...
Indirimbo Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe z’America yakoranye na Korali y’imfungwa ikomeje kubica bigacika aho iri guhiga izindi mu gukundwa kuri...
Perezida Donald Trump mu masaha ye ya nyuma ku butegetsi yahaye imbabazi anoroshya ibihano ku bantu barimo umuraperi Lil Wayne wemeye Icyaha cyo kwitwaza imbunda kandi...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yamaganye icyo yise “inyigisho z’amoko akomeye” mu kwigisha amateka y’Abanyamerika, nyuma yo gushinjwa ivanguramoko mu gitabo gishya cyanditswe...
Abandi bantu babiri bari mu ikipe ifasha Perezida Donald Trump kwiyamamaza basanganwe ubwandu bwa Virusi ya Corona. Baje biyongera ku bandi batandatu bo muri iyo kipe basanganywe ubwandu kuwa...
Philonise Floyd, umuvandimwe wa George Floyd uherutse kwicwa n’umupolisi i Mineapolis muri Amerika amunigishije amavi, yatangaje ko yavuganye na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe...
Umuhanzikazi uri mu byamamare ku isi, Taylor Swift avuga ko ibyo Perezida Donald Trump yandika kuri Twitter muri iki gihe asanga ntaho bitandukaniye no kuba rutwitsi. Swift avuga ko Trump yita...
Perezida Donald Trump udahwema kwibasira itangazamakuru yatangiye kugaba ibitero kuri Radio Ijwi rya Amerika (VOA), arishinja guha ijambo cyane abanzi b’igihugu ndetse ntiyatinya no kuvuga ko ibyo...
Igihugu cya Saudi Arabia cyakojeje isoni Perezida Donald Trump nyuma yo gutanga amafaranga menshi y’inkunga muri OMS/WHO kurusha ayo US ye yatangaga muri iri shami ry’umuryango w’abibumbye hanyuma...
Perezida wa Leta zuzne ubumwe za Amerika Donald Trump,yavuze ko icyorezo cya Caronavirus gikomeje guhangayikisha Isi, kidashobora kurenza mu kwezi kwa kane kikigira aho cyumvikana mu bihugu...
Umuvugizi mu biro bishinzwe kuvugira Leta Zunze Ubumwe za Amerika Nancy Pelosi akaba ari we mugore wa mbere wicaye kuri uyu mwanya, muri iki cyumweru niho ageza k’umuyobozi mukuru wa Sena Mitch...